Sunday, July 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Ibarura rusange: Kwa Perezida Kagame habaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR (AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
16/08/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Ibarura rusange: Kwa Perezida Kagame habaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR (AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Umuryango wa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, wabaruwe mu ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire.

Perezidansi y’u Rwanda yatangaje ko “Perezida Kagame Paul na Madamu Jeannette Kagame, babaruwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamirabe (NISR).”

Ubutumwa bwa Perezidansi y’u Rwanda bwanyuze ku mbuga nkoranyambaga, buvuga ko “amakuru y’umuryango wa Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame yabaruwe n’Umuyobozi Mukuru wa NISR, Yusuf Murangwa.”

Iri barura rusange ryatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022, aho ryabimburiwe n’ijoro ry’ibarura rigamije kwegeranya amakuru azagenderwaho muri iri barura ryo kuri uyu wa 15 Kanama rishyira kuri uyu wa 16 Kanama aho abakuru b’imiryango basabwe kumenya abashyitsi baraye mu ngo zabo ndetse n’abasanzwe bahaba bataharaye.

Iki gikorwa kizamara iminsi 30 aho rizarangira tariki 30 Kanama 2022, rije nyuma yuko abashinzwe kubarura, babanje kujya mu ngo zitandukanye, bashyira nimero kuri buri rugo.

Amakuru azakusanywa muri iri barura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire, yitezweho kuzafasha Guverinoma y’u Rwanda mu igenamigambi no gushyiraho gahunda zigamije kuzamura imibereho y’abaturage.

Perezida Kagame yagaragarijwe ibijyanye n’iri barura

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 − 3 =

Previous Post

Perezida Kagame yazamuye mu mapeti Umujenerali umwe wa RDF

Next Post

U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

Related Posts

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Every girl and woman who goes through the menstruation period knows the feeling, the shift in the body and the...

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu bakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, yohereza abandi mu...

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

by radiotv10
12/07/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bizejwe n’umushoramari amasezerano yo guhinga urusenda mu...

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

by radiotv10
11/07/2025
0

The history of humanity is, in many ways, the history of domination of one group over another. Across centuries, these...

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

by radiotv10
11/07/2025
0

Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kazungu Denis wari wajuririye icyemezo yafatiwe cyo gufungwa burundu nyuma yo guhamywa ibyaha birimo...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

U Rwanda rwageneye ubutumwa Kenya na William Ruto watsindiye kuyiyobora

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.