Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

IFOTO: Mu muhango warimo Museveni Umujenerali yasengeye Igihugu yapfukamye n’amavi ku butaka

radiotv10by radiotv10
11/03/2022
in Uncategorized
0
IFOTO: Mu muhango warimo Museveni Umujenerali yasengeye Igihugu yapfukamye n’amavi ku butaka
Share on FacebookShare on Twitter

Mu muhango uzwi nka Tarehe Sita wibukirwamo ibikorwa bya Gisirikare muri Uganda, Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije muri iki Gihugu, LT Gen Peter Elwelu yasengeye Igihugu yapfukamye hasi ku butaka.

Umunsi mukuru wa Tarehe Sita wo kwibuka tariki 06 Gashyantare 1981, ubwo abasirikare 42 barimo 27 bafite imbunda bagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Kabamba muri Mubende, kiba imbarutso y’iherezo ry’ubutegetsi bwa Milton Obote.

Muri uyu muhango witabiriwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, wabereye ahasanzwe habera ibirori hazwi nka Kololo.

Aya masengesho yo gushimira Imana y’Igisirikare cya Uganda, yari afite insanganyamatsiko y’umurongo wo muri Bibiliya wa Zaburi 118:17 ugira uti “Sinzapfa ahubwo nzarama, Ntekerereze abantu imirimo Uwiteka yakoze.”

Muri uyu muhango, Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo za Uganda, LT Gen Peter Elwelu yinjiye mu masengesho abayitabiriye, atangiza aya masengesho asenga apfukamye ku buataka hasi.

Bamwe mu Banya-Uganda bashimye uburyo uyu Murisikare mukuru yicishije bugufi agashyira amavi hasi ashima Imana ibyo yakoreye Abanya-Uganda ndetse n’abasirikare batsinze urugamba rwatangijwe na Museveni.

Uwitwa Okiria Charles yagize ati “Twifurije kuramba UPDF, mu izina ry’Imana twizereramo ndetse n’Igihugu cyanjye.”

Uwitwa Rukaar Daniel na we yagize ati “Ni iby’agaciro kuba Uganda ifite Abasirikare bakomeye nka we, ibyiza biri imbere mu Gihugu iki Gihugu cyatoranyijwe n’Imana.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven + eight =

Previous Post

Perezida wa mbere w’Umugore akimara gutorwa yavuze ijambo rikomeye ku by’u Burusiya na Ukraine

Next Post

Umukozi w’Urukiko rw’Ikirenga ngo amafaranga yafatanywe akitwa ruswa ni ayo yishyurwaga

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umukozi w’Urukiko rw’Ikirenga ngo amafaranga yafatanywe akitwa ruswa ni ayo yishyurwaga

Umukozi w’Urukiko rw’Ikirenga ngo amafaranga yafatanywe akitwa ruswa ni ayo yishyurwaga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.