Saturday, September 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda

radiotv10by radiotv10
23/12/2021
in Uncategorized
0
Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda
Share on FacebookShare on Twitter

Umudepite wo mu ishyaka ry’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za America, yibwe imodoka ubwo yabanzaga gutungwa imbunda n’abajura bayimwibye ku manywa y’ihangu.

Uyu Mudepite w’Umutegarugori witwa Mary Gay Scanlon yibiwe iki kinyabiziga cye mu mujyi wa Philadelphia muri leta ya Pennsylvania.

Mary Gay Scanlon yibwe iyi modoka yo mu bwoko bwa 2017 Acura MDX ubwo yari agiye mu nama ajya kubona abona imodoka y’ibirahure byijimye imusatiraivamo abahabo babiri b’ibigango bitwaje imbunda bahita bamwaka imfunguzo z’imodoka ye ndetse n’ibindi yari afite birimo telephone y’akazi.

Umuyobozi wa Philadelphia, Jim Kenney, yatangaje ko ubu bujura bwabaye saa munani na 45’ ku manywa y’ihangu ubwo yari amaze kuzenguruka kamwe mu duce two mu Majyepfo ya Philadelphia anahagarariye mu Nteko.

Umudepite mugenzi we witwa Brendan Boyle, na we w’Umudemokarate, yihanganishije mugenzi we ku bw’ubu bujura yakorewe.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Brendan Boyle “Ndabizi afite umutima ukomeye wihangana. Nizeye ko azamererwa neza.”

Wishing my colleague and good friend @RepMGS the very best. She’s Philly tough so I know she will be ok!

— US Rep Brendan Boyle (@RepBrendanBoyle) December 22, 2021

Ubu bujura bwatumye urwego rw’Ubutasi rwa America, FBI rwinjira muri iki kibazo rwizeza iyi ntumwa ya rubanda guhiga bariya bajura.

Ubujura bw’imodoka muri Philadelphia bukomeje gukaza umurego kuko muri uyu mwaka wa 2021 bwazamutse ku gipimo cya 80%.

Depite Mary Gay Scanlon

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − 10 =

Previous Post

Abiringiye Imana y’Aba-Israel mubambwirire ko bo yabategetse kwikingiza urwa kane- Bamporiki

Next Post

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo
MU RWANDA

Igisubizo u Rwanda ruhaye u Burayi bwarutegetse gufungura umunyapolitiki Ingabire Victoire ataranaburana

by radiotv10
12/09/2025
1

Umuhanzi Israel Mbonyi yararikiye abakunzi be n’aba muzika Nyarwanda icyo abahishiye

Umuhanzi Israel Mbonyi yararikiye abakunzi be n’aba muzika Nyarwanda icyo abahishiye

12/09/2025
Amakuru mashya: Ukekwaho kwica Charlie wavugishije benshi ku Isi yafashwe

Amakuru mashya: Ukekwaho kwica Charlie wavugishije benshi ku Isi yafashwe

12/09/2025
UPDATE: Amakuru agezweho ku basore bagaragaye bakorera ubugome umukobwa muri Kigali

UPDATE: Amakuru agezweho ku basore bagaragaye bakorera ubugome umukobwa muri Kigali

12/09/2025
Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe

Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe

12/09/2025
Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

12/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y'amezi 22 ageze muri USA

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Igisubizo u Rwanda ruhaye u Burayi bwarutegetse gufungura umunyapolitiki Ingabire Victoire ataranaburana

Umuhanzi Israel Mbonyi yararikiye abakunzi be n’aba muzika Nyarwanda icyo abahishiye

Amakuru mashya: Ukekwaho kwica Charlie wavugishije benshi ku Isi yafashwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.