Saturday, December 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda

radiotv10by radiotv10
23/12/2021
in Uncategorized
0
Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda
Share on FacebookShare on Twitter

Umudepite wo mu ishyaka ry’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za America, yibwe imodoka ubwo yabanzaga gutungwa imbunda n’abajura bayimwibye ku manywa y’ihangu.

Uyu Mudepite w’Umutegarugori witwa Mary Gay Scanlon yibiwe iki kinyabiziga cye mu mujyi wa Philadelphia muri leta ya Pennsylvania.

Mary Gay Scanlon yibwe iyi modoka yo mu bwoko bwa 2017 Acura MDX ubwo yari agiye mu nama ajya kubona abona imodoka y’ibirahure byijimye imusatiraivamo abahabo babiri b’ibigango bitwaje imbunda bahita bamwaka imfunguzo z’imodoka ye ndetse n’ibindi yari afite birimo telephone y’akazi.

Umuyobozi wa Philadelphia, Jim Kenney, yatangaje ko ubu bujura bwabaye saa munani na 45’ ku manywa y’ihangu ubwo yari amaze kuzenguruka kamwe mu duce two mu Majyepfo ya Philadelphia anahagarariye mu Nteko.

Umudepite mugenzi we witwa Brendan Boyle, na we w’Umudemokarate, yihanganishije mugenzi we ku bw’ubu bujura yakorewe.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Brendan Boyle “Ndabizi afite umutima ukomeye wihangana. Nizeye ko azamererwa neza.”

Wishing my colleague and good friend @RepMGS the very best. She’s Philly tough so I know she will be ok!

— US Rep Brendan Boyle (@RepBrendanBoyle) December 22, 2021

Ubu bujura bwatumye urwego rw’Ubutasi rwa America, FBI rwinjira muri iki kibazo rwizeza iyi ntumwa ya rubanda guhiga bariya bajura.

Ubujura bw’imodoka muri Philadelphia bukomeje gukaza umurego kuko muri uyu mwaka wa 2021 bwazamutse ku gipimo cya 80%.

Depite Mary Gay Scanlon

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − 7 =

Previous Post

Abiringiye Imana y’Aba-Israel mubambwirire ko bo yabategetse kwikingiza urwa kane- Bamporiki

Next Post

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

Related Posts

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

IZIHERUKA

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days
AMAHANGA

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

by radiotv10
20/12/2025
0

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

20/12/2025
Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

20/12/2025
Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y'amezi 22 ageze muri USA

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.