Saturday, December 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Kayonza: Bavuze ibyo batungujwe ku munsi w’Intwari bifuza ko bitazongera

radiotv10by radiotv10
19/02/2024
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Kayonza: Bavuze ibyo batungujwe ku munsi w’Intwari bifuza ko bitazongera
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza, bavuga ko batungujwe no gusabwa amafaranga yo gufasha abatishoboye ku munsi w’Intwari, bategekwa kuyatanga ku gahato, none barifuza ko bitazongera.

Abaganiriye na RADIOTV10, ni abo mu Kagari ka Nyakanazi muri uyu Murenge wa Murama, bavuga ko  baherutse gucibwa amafaranga 1 000 Frw yo gufasha abatishoboye ku munsi w’Intwari.

Bavuga ko babihatiwe kubikora bitwaje ko na bo bahawe amafaranga muri mushinga wa ‘GiveDirectly’ kandi bamwe muri bo bagashimangira ko bitakozwe uko byari bwikwiye.

Umwe muri bo  ati “Nyine baratubwiye ngo ni amafaranga yo kwitura Umusaza  Perezida Kagame) nkanjye byarantunguye ndeke kuvugira abandi kuko nta nama yabyo twigeze duhabwa.”

Undi yagize ati “Baradutunguye, ntabwo batugishije inama, baradutunguye. Umuturage iyo wamugushije inama afite uko abyakira, ariko iyo bibaye nk’agahato ntabwo abyakira neza.”

Abo mu Kagari ka Bunyetongo, bo bavuga ko batigeze bahatirwa gutanga amafaranga 1 000 kuko buri wese yatangaga uko yifite, yaba imyaka cyangwa ibiceri.

Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco avuga ko ari ikibazo bakurikiranye ariko kobidakwiye ko abayobozi bahatira gutanga amafaranga yo gufasha, yihanangiriza umuyobozi  uwo ari we wese waca amafaranga umuturage bidaturutse mu byifuzo byabo.

Ati “Icyo ni ikibazo twakurikiranye, ntabwo biri mu nshingano z’ubuyobozi kwaka abaturage amafaranga. Kuba hari ababikoze babyikoreye ku giti cyabo, abantu bagize urwo ruhare ntakibazo ni igikorwa twanashima, ariko ubuyobozi burabizi ko nta muturage bwakwaka amafaranga ibyo twaranabibabwiye tukimara kumenya kiriya kibazo.”

INKURU MU MASHUSHO

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six − 1 =

Previous Post

U Bwongereza bwatanzeho u Rwanda urugero rw’Ibihugu by’indashyikirwa mu mikoranire y’ubukungu

Next Post

U Rwanda rwavuze icyo rudashobora gusabira imbabazi cyangwa uruhushya

Related Posts

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

by radiotv10
19/12/2025
0

Umuryango FPR-Inkotanyi wakoze amavugurura n’impinduka mu Buyobozi Bukuru bwawo, zasize ugize ba Visi Perezida babiri, ndetse Bazivamo Christophe wigeze kububamo,...

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

by radiotv10
19/12/2025
0

Edouard Bamporiki wagize imyanya inyuranye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko muri Guverinoma, yagaragaje ibyishimo atewe n’isabukuru y’imyaka 15 amaze...

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

by radiotv10
19/12/2025
1

Abafurere babiri bari mu bantu bakurikiranyweho uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo wayoboraga ishuri ryo mu Karere ka Huye uherutse...

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

Dore inama zagufasha guhura na Yezu mu isengesho ryihariye rihatse andi muri Kiliziya Gatulika

by radiotv10
19/12/2025
0

Gushengerera ni isengesho rikomeye muri Kiliziya Gatulika, rifasha abakristu kuganira na Yezu bucece, bamurangamiye mu isakaramentu ry’Ukarisitiya. Dore ibyo wakubahiriza...

Should parents still choose careers for their children?

Should parents still choose careers for their children?

by radiotv10
19/12/2025
0

For decades, many families have believed that parents should play a major, sometimes final role in deciding their children’s careers....

IZIHERUKA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo
MU RWANDA

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

by radiotv10
19/12/2025
0

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

19/12/2025
Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

19/12/2025
Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

Umugabo wahigishwaga uruhindu muri America yabonetse yapfuye

19/12/2025
Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

19/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
U Rwanda rwavuze icyo rudashobora gusabira imbabazi cyangwa uruhushya

U Rwanda rwavuze icyo rudashobora gusabira imbabazi cyangwa uruhushya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Habaye impinduka mu Buyobozi Bukuru bwa FPR-Inkotanyi, Bazivamo agarukamo

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.