Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kenneth Gasana ufite izina rikomeye muri Basketball yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda

radiotv10by radiotv10
24/05/2022
in MU RWANDA, SIPORO
1
Kenneth Gasana ufite izina rikomeye muri Basketball yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ya Basketball na REG BBC, Wilson Kenneth Gasana yahawe Ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Uyu mukinnyi uri mu bakomeye mu Rwanda yaba mu Ikipe y’Igihugu ya Basketball ndetse na REG BBC, yahawe ubu Bwenegihugu kuri uyu Mbere tariki 23 Gicurasi 2022.

Umuhango wo guha Ubwenegihugu Wilson Kenneth Gasana, wabereye ku Biro by’Akarere ka Gasabo, aho yarahiriye indahiro yo kuba Umunyarwanda afashe ku ibendera ry’Igihugu arangije arabisinyira.

Ni umuhango wayobowe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo, Umwali Pauline.

Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gasabo, @umwigemepo yakiriye Indahiro y'umukinyi w'Ikipe y'Igihugu ya Basketball Wilson Kenneth Gasana wahawe Ubwenegihugu bw'u Rwanda;@CityofKigali@RwandaLocalGov pic.twitter.com/RubwsvJNjZ

— Gasabo District (@Gasabo_District) May 24, 2022

Uyu mukinnyi ukomeye muri Baskeball yo mu Rwanda, yavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za America mu Mujyi wa San Antonio muri Leta ya Texas.

Wilson Kenneth Gasana uzwi nka Kenny Gasana, umaze gukinira amakipe akomeye mu Rwanda arimo REG BBC ndetse na Patriots BBC, yanyuze no mu makipe atandukanye yo mu Bihugu by’Abarabu ngo mu Misiri no muri Maroc.

Amaze kurahirira ku ibendera ry’u Rwanda, yabisinyiye ko abaye Umunyarwanda
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gasabo yamuhaye ikaze

RADIOTV10

Comments 1

  1. Nkurayija says:
    3 years ago

    iyo nkuru ntiyuzuye….
    ubundi se ni umuntu ki ??
    Uretse kuvukira muri namarerika
    ababyeyi be se bakoomoka hehe..
    Ko Gasana ari izina ryo muri ibi bihugu bya hana hafi y’iwacu mu biyaga bigari..

    Reply

Leave a Reply to Nkurayija Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × four =

Previous Post

RDF yasabye ko hakorwa iperereza ryihuse ku bisasu byarashwe na FARDC bikagwa mu Rwanda

Next Post

Miss Iradukunda Elsa yagejejwe imbere y’Urukiko na we aburanishwa mu muhezo

Related Posts

Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

by radiotv10
30/06/2025
0

The National Identification Agency (NIDA) in Rwanda has announced plans to launch a new digital national ID that will include...

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

by radiotv10
30/06/2025
0

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe Umutekano wo mu Mazi, ryabonye umurambo w’umusore w’imyaka 19 warohamye mu cyuzi cya Rugeramigozi...

Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

Ishingiro ry’icyizere u Rwanda rufitiye amasezerano mashya yarwo na Congo n’itandukaniro ryayo n’ayabanje

by radiotv10
30/06/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ifitiye icyizere amasezerano y’amahoro iherutse gusinyana n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko bayafashijwemo n’Igihugu...

Leaders from Kampala University visit Kigali Genocide Memorial, denounce Genocide denial

Leaders from Kampala University visit Kigali Genocide Memorial, denounce Genocide denial

by radiotv10
30/06/2025
0

Leaders from Kampala University visited the Kigali Genocide Memorial, denouncing those who continue to deny the 1994 Genocide against the...

Eng.-The Basis of Rwanda’s optimism in the new Peace Deal with Congo and how it differs from previous ones

Eng.-The Basis of Rwanda’s optimism in the new Peace Deal with Congo and how it differs from previous ones

by radiotv10
30/06/2025
0

The Government of Rwanda says it is optimistic about the new peace agreement recently signed with the Democratic Republic of...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

AFC/M23 irashinja Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro

by radiotv10
01/07/2025
0

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Eye scans, fingerprints to be collected,…: New digital ID to be rolled out in Rwanda

30/06/2025
Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

Byinshi ku rukundo rw’abahanzi Nyarwanda bagiye kurushingana n’uko gukorana byavuyemo gukundana

30/06/2025
Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

Umusore warohamye mu cyuzi nyuma y’impanuka y’ubwato bwari bufite ikibazo yabonetse yapfuye

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Miss Iradukunda Elsa yagejejwe imbere y’Urukiko na we aburanishwa mu muhezo

Miss Iradukunda Elsa yagejejwe imbere y’Urukiko na we aburanishwa mu muhezo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 irashinja Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.