• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

KENYA: Emery Mvuyekure yaciye agahigo ku bandi banyezamu b’abanyarwanda

radiotv10by radiotv10
23/08/2021
in SIPORO
0
KENYA: Emery Mvuyekure yaciye agahigo ku bandi banyezamu b’abanyarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Tusker FC ikinamo umunyezamu w’umunyarwanda Emery Mvuyekure yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 nyuma yo gutsinda Bidco United ibitego 2-1 kuri iki Cyumweru.

Tusker yujuje ibikombe 12 kuko yagiherukaga mu 2016. Bandari FC itozwa na Cassa Mbungo André yasoje ari iya gatatu n’amanota 53.

Tusker FC yasoje shampiyona ifite amanota 65 mu mikino 32 bakinnye muri uyu mwaka, irarusha KCB amanota atatu kuko yasoje ifite amanota 62. AFC Leopards iri ku mwanya wa kane n’amanota 48 ikaza imbere ya Kariobangi Sharks ya gatanu.

Nyuma yo kuba Tusker FC itwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 kuri ubu yabaye ikipe ya mbere umunyezamu w’umunyarwanda atwaranye nayo igikombe cya shampiyona. Aba umunyezamu wa mbere w’umunyarwanda ubashije gutwara igikombe ari mu ikipe yo hanze y’u Rwanda.

Emery Mvuyekure yageze muri Tusker FC mu 2018 avuye muri AS Kigali, kuri ubu akaba yarazamuye urwego ku buryo ariwe munyezamu wa mbere w’iyi Tusker FC yatwaye igikombe bikaba byaranamuhaye umwanya mu izamu ry’ikipe y’igihugu y’u Rwanda.

Ibikombe bya shampiyona Tusker FC ibitse ni; 1972, 1977, 1978, 1994, 1996, 1999, 2000, 2007, 2011, 2012, 2016, 2020-21.

Image

Tusker FC yatwaye igikombe cya 12 cya shampiyona 

Image

Emery Mvuyekure (Ibumoso) akora ku gikombe cya shampiyona 2020-2021

Image

Image

Emery Mvuyekure ari gusoza amasezerano muri Tusker FC

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seven + four =

Previous Post

Umugore wo muri Afghanistan yabyaye umukobwa mu ndege ya US imuhungishije

Next Post

Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Mutsinzi Ange yabonye ikipe mu cyiciro cya kabiri muri Portugal

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.