Saturday, January 31, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kenya: Undi wari ukuriye amatora mu Karere yapfuye amarabira

radiotv10by radiotv10
23/08/2022
in MU RWANDA
0
Kenya: Undi wari ukuriye amatora mu Karere yapfuye amarabira
Share on FacebookShare on Twitter

Undi wari ukuriye amatora y’Umukuru w’Igihugu aherutse kuba muri Kenya ku rwego rw’Akarere, yapfiriye ku bitaro aho yari ari kwivuriza, yitura hasi ahita ashiramo umwuka.

Apfuye nyuma y’ibyumweru bibiri muri Kenya habaye amatora y’Umukuru w’igihugu yabaye tariki 09 Kanama 2022 yegukanywe na William Ruto mu gihe Raila Odinga wayatsinzwe atabyemera ndetse akaba yaramaze kwiyambaza Urukiko rw’Ikirenga.

Uwapfuye ni Geoffrey Gitobu wari ukuriye amatora mu Karere ka Gichugu ko mu mu Ntara ya Kirinyaga.

Geoffrey witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, yari ari kwivuriza mu bitaro, aho bagiye kubona bakabona yikubise hasi agahita yitaba Imana.

Ku wa Mbere tariki 15 Kanama 2022 hamenyekanye amakuru y’urupfu rw’undi wari ukuriye amatora mu Karere kamwe muri Kenya.

Uyu wabonetse mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 15 Kanama, ni Daniel Mbolu Musyoka wasanzwe mu gace ka Kajiado wasanzwe yapfuye nyuma yo kuburirwa irengero, aho bemeza ko yabanje gukorerwa iyicarubozo.

Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora muri Kenya, Wafula Chebukati, uherutse kwerura ko hari Abanyapolitiki batashakaga ko ashyira hanze ibyavuye mu matora, yavuze ko mbere yuko aya matora aba, hari bamwe mu bakozi b’iyi komisiyo batewe ubwoba babwirwa ko bazagirirwa nabi.

Raila Odinga watsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu akaba atabyemera avuga ko yibwe amajwi, yakunze gutsindwa ariko uko yatsindwaga byagiye biteza imvururu muri Kenya zanaguyemo abaturage benshi.

Nko muri 2017, ubwo Odinga yatsindwana, hapfuye abantu 100 naho muri 2007 bwo hari hapfuye abarenga 1 200.

Ubwo hatanazwaga ibyavuye mu matora y’uyu mwaka, ahatangarijwe amajwi, habaye imvururu z’igihe gitoza zahise zihoshwa n’inzego z’umutekano.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 5 =

Previous Post

USA: Trump yamaze kugeza Guverinoma mu nkiko

Next Post

Me Evode ahishuye icyatuma Urukiko rwigiza imbere isomwa ry’urubanza nk’ibyabaye kuri Liliane

Related Posts

RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

by radiotv10
31/01/2026
0

Umugabo w’imyaka 21 y’amavuko wo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisaga, ukurikiranyweho kwica umugore we w’imyaka 20, yavuze...

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

by radiotv10
31/01/2026
0

Mugisha David Gakuba uba muri Leta Zunze Ubumwe za America ukurikiranyweho kwica mugenzi we amugongeye ku kabari ko mu Mujyi...

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

by radiotv10
31/01/2026
0

Bamwe mu bakozi bo mu bigo bitandukanye byo mu Rwanda basoje amahugurwa ajyanye n’ikusanyamibare hakoreshejwe ikoranabuhanga, bavuze ko bungukiyemo ubumenyi...

AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

by radiotv10
30/01/2026
0

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko ku wa Mbere tariki 02 Gashyantare 2026 ari umunsi w’Ikiruhuko rusange, bitewe no...

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

General (Rtd) James Kabarebe yabonye umwungiriza mu nshingano afite muri Perezidansi y’u Rwanda

by radiotv10
30/01/2026
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru...

IZIHERUKA

RIB yataye muri yombi Perezida w’Urukiko ukurikiranyweho ishimishamubiri rishingiye ku gitsina
MU RWANDA

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

by radiotv10
31/01/2026
0

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

31/01/2026
Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

31/01/2026
The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

The Power of Storytelling: Podcast Culture Rising in Rwanda

31/01/2026
AMAKURU MASHYA: Hatanzwe iminsi ibiri y’ikuruhuko yikurikiranya mu Rwanda

Hatangajwe Konji rusange mu Rwanda

30/01/2026
Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

30/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Me Evode ahishuye icyatuma Urukiko rwigiza imbere isomwa ry’urubanza nk’ibyabaye kuri Liliane

Me Evode ahishuye icyatuma Urukiko rwigiza imbere isomwa ry’urubanza nk’ibyabaye kuri Liliane

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umugabo ukiri muto ukekwaho kwica umugore babanaga yavuze ko yamuhoye kumutuka ‘imbwa’

Iby’umusore uba muri America ukurikiranyweho kwica agongeye mugenzi we i Kigali bigeze he

Ibigo 17 bya Leta byungutse abafite ubumenyi bwisumbuyeho mu ikusanyamibare ryifashisha AI

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.