Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Kicukiro: Urubyiruko rwo muri RPF rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu gahangana n’ibibazo bihari

radiotv10by radiotv10
17/05/2022
in Uncategorized
0
Kicukiro: Urubyiruko rwo muri RPF rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu gahangana n’ibibazo bihari
Share on FacebookShare on Twitter

Urubyiruko rwo mu Muryango wa RPF-Inkotanyi rwo mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro, rwasabwe gukoresha ikoranabuhanga mu guhangana n’ibibazo biriho by’umwihariko guhangana n’abapfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi.

Ibi byagarutsweho mu nama y’Umuryango wa RPF inkotanyi mu Murenge wa Nyarugunga yateranye ku Cyumweru tariki ya 15 Gicurasi, 2022.

Kimwe mu byagarutsweho ni ukugabanya inda ziterwa abangavu, ndetse n’abana bata ishuri aho ubuyobozi bw’Umurenge bwashyizeho uburyo bwo kwigisha urubyiruko mu bukangurambaga buzagabanya iki kibazo.

Urubyiruko kandi rwizejwe ko rugiye gufashwa guhabwa amahugurwa yo kumenya imikoreshereze y’imbuga nkorayambaga kugira ngo barusheho kuzifashisha mu guhangana n’ibi bibazo.

Abasore n’inkumi beretswe ko imbuga nkoranyambaga bashobora kuzifashisha basakaza ubutumwa bugamije k ugabanya ikibazo cy’abangavu baterwa inda ariko nanone bakazifashisha mu guhangana n’abapfobya ndetse n’abahakana Jenoside Yakorewe Abatutsi.

Ibyo bigiye gukorwa mu gihe u Rwanda ruri mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Tumukunde Monica, chairperson wa RPF-Inkotanyi mu murenge wa Nyarugunga avuga ko hari ibikorwa bitandukanye byakozwe mu rwego rwo guteza imbere imibereho y’abaturage, icyakora ku bana bata ishuri, avuga ko bakurikiranwa ndetse n’ababyeyi babo bagasabwa kubigiramo uruhare mu kwirinda ko abana bata ishuri.

Abatuye mu Murenge wa Nyarugunga bafatwa nk’abatuye mu marembo y’Igihugu, basabwe kwitwararika bahereye ku kwita ku isuku, serivise n’ibindi dore ko mu minsi ya vuba u Rwanda ruzakira inama ikomeye izahuza abakuru b’Ibihugu bigize Commonwealth izwi nka CHOGM.

Abo mu Muryango wa RPF-Inkotanyi mu Murenge wa Nyarugunga bahuriye mu

Emmanuel HAKIZIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + thirteen =

Previous Post

RDF na UPDF mu cyerekezo gishya: Ubutasi ku mpande zombi bwasinyanye amasezerano

Next Post

Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Related Posts

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Abari i Kigali batangiye gushinja Bucyibaruta uri kuburanira i Paris

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.