Monday, December 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Kigali: Imvura idasanzwe yangije bimwe

radiotv10by radiotv10
27/10/2022
in MU RWANDA
0
Kigali: Imvura idasanzwe yangije bimwe
Share on FacebookShare on Twitter

Imvura ivanze n’umuyaga mwinshi, yaguye mu bice binyuranye byo mu Mujyi wa Kigali, yangije ibikorwa bidantukanye birimo ibyumba by’amashuri ndetse n’inzu z’abaturage.

Iyi mvura yaguye mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 27 Ukwakira 2022, yarimo umuyaga mwinshi ari na wo wangije ibi bikorwa.

Bamwe mu batuye mu bice bitandukanye mu Mujyi wa Kigali, babwiye RADIOTV10 ko iyi mvura yari ifite umuriri, ariko ko umuyaga warimo ari wo wari ukanganye.

Umwe yagize ati “Ni imvura iteye ubwoba kuko yarimo umuyaga udasanzwe. Mu baturanyi, hari inzu zasenyutse kubera umuyaga mwinshi.”

Iyi mvura yaguye nyuma yuko Ikigo cy’Igihugu cy’iteganyagihe cyari cyabitangaje ko uyu munsi tariki 27 Ukwakira 2022, hateganyijwe imvura mu Turere twose tw’Igihugu.

Ubutumwa bwari bwatangajwe na Meteo Rwanda, bwari bwatanzwe kuri uyu wa Gatatu, bwagiraga buti “Ejo ku wa 27 Ukwakira 2022, mu gitondo nta mvura iteganyijwe mu turere twose tw’Igihugu. Ku gicamunsi hateganyijwe imvura mu turere twose tw’Igihugu.”

Bamwe mu baturage bo mu bice binyuranye by’Igihugu barimo abo mu Ntara y’Amajyepfo, na bo bavuga ko haguye imvura nubwo itari nyinshi ariko yagaragayemo umuyaga mwinshi.

Umwe wo mu Karere ka Kamonyi, yagize ati “Umuyaga wabanje guhuha ari mwinshi, ukurikirwa n’imvura idakanganye ariko yarimo amahindu.”

Mu bice bitandukanye by’Igihugu, bavuga ko bamaze iminsi barabuze imvura ku buryo n’imyaka bari barahinze, yangiritse.

Ibikorwa remezo byangijwe n’imvura
Photos/RBA

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − 3 =

Previous Post

FARDC yongeye gukizwa n’amaguru ihunga M23

Next Post

Uw’imyaka 33 ahishuye umujinya wamusubije mu ishuri kwigana n’umwana we

Related Posts

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

by radiotv10
22/12/2025
0

Umuhungu w’imyaka 28 usanzwe ari umukozi wo mu rugo ruherereyeye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, ari gushakishwa...

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

by radiotv10
22/12/2025
0

Kwizera Elias w’imyaka 25 wabarizwaga mu kagari ka Kingwa ko mu murenge wa Gitambi yasanzwe mu mazi y’amashyuza mu kagari...

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

by radiotv10
20/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, byibanze ku guteza imbere...

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

by radiotv10
20/12/2025
0

Bamwe mu barema isoko ry’amatungo magufi ryo mu Murenge wa Kabarondo, bavuga ko babangamirwa n’uko ritazitiye, bigatuma amatungo yangiza ubusitani...

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Eng.-Rwanda and Russia review growing Bilateral Cooperation, discuss Eastern DRC peace efforts

by radiotv10
20/12/2025
0

Rwanda’s Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, held talks with his Russian counterpart, Sergey Lavrov, focusing...

IZIHERUKA

Kayonza: Umugabo wari ufite umugore wahukanye yaranze gutaha bamusanze yimanitse
MU RWANDA

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

by radiotv10
22/12/2025
0

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

22/12/2025
UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

21/12/2025
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

AFC/M23 yavuze ikiyiteye impungenge gifitanye isano n’icyemezo cy’u Burundi

20/12/2025
Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

Habaye ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burusiya

20/12/2025
Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

Imiterere y’isoko ry’amatungo ryegereye ahakorera inzego za Leta zirimo urw’umutekano ikomeje kubashyira mu bibazo

20/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uw’imyaka 33 ahishuye umujinya wamusubije mu ishuri kwigana n’umwana we

Uw’imyaka 33 ahishuye umujinya wamusubije mu ishuri kwigana n’umwana we

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hari urujijo ku mukozi wo mu rugo w’umuhungu ukekwaho kwica uw’umukobwa bakoranaga muri Kigali

Rusizi: Uwavuye mu rugo agiye kugura inyama yasanzwe mu mashyuza yapfuye

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.