• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Korali ikunzwe mu Rwanda yaciye agahigo kadafitwe n’indi

radiotv10by radiotv10
09/05/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Korali ikunzwe mu Rwanda yaciye agahigo kadafitwe n’indi
Share on FacebookShare on Twitter

Korali Ambassodors of Christ, yabaye iya mbere mu Rwanda yujuje abayikurikira bangana na Miliyoni kuri YouTube, inabiherwa igihembo n’ubuyobozi bw’uru rubuga.

Iyi korali ibarizwa mu itorero ry’Abadivandisite b’umumunsi wa karindwi, ku itorero rya Remera ni yo korali ya mbere mu Rwanda ikurikirwa n’abantu benshi ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube.

Mu cyumweru gishize, tariki 05 Gicurasi, ubuyobozi bw’iyi Korali bahawe ishimwe na YouTube nk’ikimenyetso cyuko babaye indashyikirwa nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi wayo, Muvunyi Ruben mu kiganiro kihariye yagiranye na RADIOTV10.

Yagize ati “Kuri twe icyo tugamije ni ukugira ngo ubutumwa bwiza bumenyekane ku isi hose, ubwo rero iyo tubonye abantu benshi turabyinshimira cyane kuko biba byuzuza inzozi zacu zo kugeza ubutumwa ku si.”

Ambassadors of Christ ni korali iri ku rwego mpuzamahanga kuko indirimbo zabo ziba mu ndimi zitandukanye nk’Ikinyarwanda, ikigande, igiswayire, icyongereza n’Igifaransa.

Iyi korali kandi ikorera ibitaramo n’ingendo z’ivugabutumwa mu Bihugu bitandukanye byo muri Afurika nkuko umuyobozi wayo yakomeje abivuga.

Ati “Muri uyu mwaka dufite ingendo nyinshi. tuzajya Uganda, Tanzania, Angola tuzasubirayo kuko duherutseyo ariko kandi tuzajya no muri Zambia.”

Uruganda rwa muzika ihimbaza Imana rumaze gutera intambwe, kuko kuba iyi korali yujuje miliyoni y’aba-Subscribers kuri YouTube, bifitwe na bacye mu Rwanda nka Ngabo Medal uzwi nka Meddy uherutse gutangaza ko agiye kujya akora indirimbo zihimbaza Imana

Korali Ambassadors imaze imyaka 27 muri muzika, yagiye ishyira hanze ibihangano byafashije benshi mu butumwa buhumuriza.

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 18 =

Previous Post

DRCongo: Havumbuye imirambo myinshi mu gace kahozemo umutwe udahwema kwica abaturage urw’agashinyaguro

Next Post

Kigali: Urujijo ku mugabo wari umaze iminsi atagaragara bongeye kubona yarapfuye

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
Kigali: Urujijo ku mugabo wari umaze iminsi atagaragara bongeye kubona yarapfuye

Kigali: Urujijo ku mugabo wari umaze iminsi atagaragara bongeye kubona yarapfuye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.