Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo

radiotv10by radiotv10
25/10/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo
Share on FacebookShare on Twitter

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara abahatanira ibihembo by’abahize abandi muri Africa mu mwaka wa 2024, aho akarere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe n’abakomoka muri DRCongo.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024, ni uruzavamo abakinnyi, amakipe n’abatoza, bazahabwa ibihembo bizatangirwa i Marrakech muri Morocco, mu kwezi k’Ukuboza 2024.

Kuri uru rutonde rw’abakinnyi barenga 60, nko mu karere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifitemo nk’umukinnyi umwe mu bazavamo umukinnyi w’umwaka ari we Chancel Mbemba ukinira Olympique Marseille yo mu Bufaransa.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Amine Gouiri (Algeria / Rennes)
  • Edmond Tapsoba (Burkina Faso / Bayer Leverkusen)
  • Simon Adingra (Cote d’Ivoire / Brighton & Hove Albion)
  • Chancel Mbemba (DR Congo / Olympique Marseille)
  • Serhou Guirassy (Guinea / Borussia Dortmund)
  • Achraf Hakimi (Morocco / Paris Saint-Germain)
  • Soufiane Rahimi (Morocco / Al Ain)
  • Ademola Lookman (Nigeria / Atalanta)
  • William Troost Ekong (Nigeria / Al Kholood)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abanyezamu 10 bazavamo uwahize abandi .

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Andre Onana (Cameroon / Manchester United)
  • Yahia Fofana (Cote d’Ivoire / Angers SCO)
  • Lionel Mpasi (DR Congo / Rodez AF)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Djigui Diarra (Mali / Young Africans)
  • Munir El Kajoui (Morocco / RS Berkane)
  • Stanley Nwabali (Nigeria / Chippa United)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakina imbere ku Mugabane wa Afurika bazavamo uwahize abandi:

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Issoufou Dayo (Burkina Faso / RS Berkane)
  • Ahmed Sayed ‘Zizo’ (Egypt / Zamalek)
  • Hussein El Shahat (Egypt / Al Ahly)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC)
  • John Antwi (Ghana / Dreams FC)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Yassine Merriah (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abatoza 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Pedro Goncalves (Angola)
  • Brahima Traore (Burkina Faso)
  • Emerse Fae (Cote d’Ivoire)
  • Sebastien Desabre (DR Congo)
  • Jose Gomes (Zamalek)
  • Marcel Koller (Al Ahly)
  • Chiquinho Conde (Mozambique)
  • Hugo Broos (South Africa)
  • Florent Ibenge (Al Hilal)
  • Kwesi Appiah (Sudan)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakiri bato (U23) bazavamo uwahize abandi:

  • Carlos Baleba (Cameroon / Brighton & Hove Albion)
  • Karim Konate (Cote d’Ivoire / Salzburg)
  • Oumar Diakite (Cote d’Ivoire / Reims)
  • Yankuba Minteh (Gambia / Brighton & Hove Albion)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC / Barcelona)
  • Bilal El Khannouss (Morocco / Leicester City)
  • Eliesse Ben Seghir (Morocco / AS Monaco)
  • El Hadji Malick Diouf (Senegal / Slavia Prague)
  • Lamine Camara (Senegal / AS Monaco)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’amakipe (Club) 10 yahize andi azavamo iyahize izindi:

  • Petro Atletico (Angola)
  • TP Mazembe (DR Congo)
  • Al Ahly (Egypt)
  • Zamalek (Egypt)
  • Dreams FC (Ghana)
  • RS Berkane (Morocco)
  • Mamelodi Sundowns (South Africa)
  • Simba (Tanzania)
  • Young Africans (Tanzania)
  • Esperance Sportive de Tunis (Tunisia)

Urutonde rw’amakipe y’Ibihugu 10 yahize andi:

  • Angola
  • Burkina Faso
  • Cote d’Ivoire
  • DR Congo
  • Morocco
  • Mozambique
  • Nigeria
  • South Africa
  • Sudan
  • Uganda

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 + three =

Previous Post

Perezida Kagame yahererekanyije ububasha bwo kuyobora Commonwealth avuga icyo byari bisobanuye ku Rwanda

Next Post

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Related Posts

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

IZIHERUKA

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi
MU RWANDA

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

by radiotv10
23/12/2025
0

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

23/12/2025
Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

23/12/2025
Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

23/12/2025
Nigeriya: Abana n’abarimu bari barashimuswe bakorewe ibirori byo kubakira nyuma yo kurekurwa

Nigeriya: Abana n’abarimu bari barashimuswe bakorewe ibirori byo kubakira nyuma yo kurekurwa

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.