Wednesday, November 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo

radiotv10by radiotv10
25/10/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo
Share on FacebookShare on Twitter

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara abahatanira ibihembo by’abahize abandi muri Africa mu mwaka wa 2024, aho akarere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe n’abakomoka muri DRCongo.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024, ni uruzavamo abakinnyi, amakipe n’abatoza, bazahabwa ibihembo bizatangirwa i Marrakech muri Morocco, mu kwezi k’Ukuboza 2024.

Kuri uru rutonde rw’abakinnyi barenga 60, nko mu karere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifitemo nk’umukinnyi umwe mu bazavamo umukinnyi w’umwaka ari we Chancel Mbemba ukinira Olympique Marseille yo mu Bufaransa.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Amine Gouiri (Algeria / Rennes)
  • Edmond Tapsoba (Burkina Faso / Bayer Leverkusen)
  • Simon Adingra (Cote d’Ivoire / Brighton & Hove Albion)
  • Chancel Mbemba (DR Congo / Olympique Marseille)
  • Serhou Guirassy (Guinea / Borussia Dortmund)
  • Achraf Hakimi (Morocco / Paris Saint-Germain)
  • Soufiane Rahimi (Morocco / Al Ain)
  • Ademola Lookman (Nigeria / Atalanta)
  • William Troost Ekong (Nigeria / Al Kholood)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abanyezamu 10 bazavamo uwahize abandi .

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Andre Onana (Cameroon / Manchester United)
  • Yahia Fofana (Cote d’Ivoire / Angers SCO)
  • Lionel Mpasi (DR Congo / Rodez AF)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Djigui Diarra (Mali / Young Africans)
  • Munir El Kajoui (Morocco / RS Berkane)
  • Stanley Nwabali (Nigeria / Chippa United)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakina imbere ku Mugabane wa Afurika bazavamo uwahize abandi:

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Issoufou Dayo (Burkina Faso / RS Berkane)
  • Ahmed Sayed ‘Zizo’ (Egypt / Zamalek)
  • Hussein El Shahat (Egypt / Al Ahly)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC)
  • John Antwi (Ghana / Dreams FC)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Yassine Merriah (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abatoza 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Pedro Goncalves (Angola)
  • Brahima Traore (Burkina Faso)
  • Emerse Fae (Cote d’Ivoire)
  • Sebastien Desabre (DR Congo)
  • Jose Gomes (Zamalek)
  • Marcel Koller (Al Ahly)
  • Chiquinho Conde (Mozambique)
  • Hugo Broos (South Africa)
  • Florent Ibenge (Al Hilal)
  • Kwesi Appiah (Sudan)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakiri bato (U23) bazavamo uwahize abandi:

  • Carlos Baleba (Cameroon / Brighton & Hove Albion)
  • Karim Konate (Cote d’Ivoire / Salzburg)
  • Oumar Diakite (Cote d’Ivoire / Reims)
  • Yankuba Minteh (Gambia / Brighton & Hove Albion)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC / Barcelona)
  • Bilal El Khannouss (Morocco / Leicester City)
  • Eliesse Ben Seghir (Morocco / AS Monaco)
  • El Hadji Malick Diouf (Senegal / Slavia Prague)
  • Lamine Camara (Senegal / AS Monaco)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’amakipe (Club) 10 yahize andi azavamo iyahize izindi:

  • Petro Atletico (Angola)
  • TP Mazembe (DR Congo)
  • Al Ahly (Egypt)
  • Zamalek (Egypt)
  • Dreams FC (Ghana)
  • RS Berkane (Morocco)
  • Mamelodi Sundowns (South Africa)
  • Simba (Tanzania)
  • Young Africans (Tanzania)
  • Esperance Sportive de Tunis (Tunisia)

Urutonde rw’amakipe y’Ibihugu 10 yahize andi:

  • Angola
  • Burkina Faso
  • Cote d’Ivoire
  • DR Congo
  • Morocco
  • Mozambique
  • Nigeria
  • South Africa
  • Sudan
  • Uganda

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + thirteen =

Previous Post

Perezida Kagame yahererekanyije ububasha bwo kuyobora Commonwealth avuga icyo byari bisobanuye ku Rwanda

Next Post

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Related Posts

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

by radiotv10
26/11/2025
0

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwongeye gusesa inzego zose z’Umuryango w’Ikipe ya Rayon Sports, rushyiraho komite y’inzibacyuho iyobowe Murenzi Abdallah, yahawe...

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

Ubutumwa bw’umukinnyi w’Umunya-Senegal ukina i Burayi nyuma yo gukubita urushyi uwo bakinana

by radiotv10
25/11/2025
0

Umukinnyi w’Umunya-Senegal, Idrissa Gana Gueye ukinira Everton yo mu Bwongereza waherewe ikarita itukura mu mukino wabahuje na Manchester United nyuma...

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

Icyo umunyabigwi muri ruhago y’u Rwanda Haruna avuga ku gutsindwa kw’amakipe akomeye arimo Rayon

by radiotv10
25/11/2025
0

Haruna Niyonzima wakiniye amakipe anyuranye mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, avuga ko gutsindwa kw’amakipe akomeye mu Rwanda...

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

Hashyizwe hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu magare muri Afurika

by radiotv10
21/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) ku nshuro ya mbere mu mateka yashyize hanze urutonde rw’abazahatanira ibihembo by’abahize abandi mu...

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

by radiotv10
20/11/2025
0

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru, Amavubi yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku...

IZIHERUKA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi
MU RWANDA

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

by radiotv10
26/11/2025
0

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

26/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

25/11/2025
Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

Umusore ukiri muto yiyahuye bikekwa ko yabitewe n’ijambo yabwiwe n’umubyeyi we

25/11/2025
Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Eng.-Former Israeli soldiers including war veterans, arrive in Rwanda for a week-long visit

25/11/2025
Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

Mahama: Abana biga mu ishuri ry’impunzi bahaye Leta y’u Rwanda icyifuzo bamaranye igihe

25/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umubyeyi arakekwaho kwica umwana yibyariye nyuma yo kumutamaza ku bujura yashinjwaga we abivuga ukundi

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Abari abasirikare ba Israel barimo abamugariye ku rugamba baje mu Rwanda bahise bavuga uko barubonye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.