Sunday, January 4, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo

radiotv10by radiotv10
25/10/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo
Share on FacebookShare on Twitter

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara abahatanira ibihembo by’abahize abandi muri Africa mu mwaka wa 2024, aho akarere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe n’abakomoka muri DRCongo.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024, ni uruzavamo abakinnyi, amakipe n’abatoza, bazahabwa ibihembo bizatangirwa i Marrakech muri Morocco, mu kwezi k’Ukuboza 2024.

Kuri uru rutonde rw’abakinnyi barenga 60, nko mu karere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifitemo nk’umukinnyi umwe mu bazavamo umukinnyi w’umwaka ari we Chancel Mbemba ukinira Olympique Marseille yo mu Bufaransa.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Amine Gouiri (Algeria / Rennes)
  • Edmond Tapsoba (Burkina Faso / Bayer Leverkusen)
  • Simon Adingra (Cote d’Ivoire / Brighton & Hove Albion)
  • Chancel Mbemba (DR Congo / Olympique Marseille)
  • Serhou Guirassy (Guinea / Borussia Dortmund)
  • Achraf Hakimi (Morocco / Paris Saint-Germain)
  • Soufiane Rahimi (Morocco / Al Ain)
  • Ademola Lookman (Nigeria / Atalanta)
  • William Troost Ekong (Nigeria / Al Kholood)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abanyezamu 10 bazavamo uwahize abandi .

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Andre Onana (Cameroon / Manchester United)
  • Yahia Fofana (Cote d’Ivoire / Angers SCO)
  • Lionel Mpasi (DR Congo / Rodez AF)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Djigui Diarra (Mali / Young Africans)
  • Munir El Kajoui (Morocco / RS Berkane)
  • Stanley Nwabali (Nigeria / Chippa United)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakina imbere ku Mugabane wa Afurika bazavamo uwahize abandi:

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Issoufou Dayo (Burkina Faso / RS Berkane)
  • Ahmed Sayed ‘Zizo’ (Egypt / Zamalek)
  • Hussein El Shahat (Egypt / Al Ahly)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC)
  • John Antwi (Ghana / Dreams FC)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Yassine Merriah (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abatoza 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Pedro Goncalves (Angola)
  • Brahima Traore (Burkina Faso)
  • Emerse Fae (Cote d’Ivoire)
  • Sebastien Desabre (DR Congo)
  • Jose Gomes (Zamalek)
  • Marcel Koller (Al Ahly)
  • Chiquinho Conde (Mozambique)
  • Hugo Broos (South Africa)
  • Florent Ibenge (Al Hilal)
  • Kwesi Appiah (Sudan)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakiri bato (U23) bazavamo uwahize abandi:

  • Carlos Baleba (Cameroon / Brighton & Hove Albion)
  • Karim Konate (Cote d’Ivoire / Salzburg)
  • Oumar Diakite (Cote d’Ivoire / Reims)
  • Yankuba Minteh (Gambia / Brighton & Hove Albion)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC / Barcelona)
  • Bilal El Khannouss (Morocco / Leicester City)
  • Eliesse Ben Seghir (Morocco / AS Monaco)
  • El Hadji Malick Diouf (Senegal / Slavia Prague)
  • Lamine Camara (Senegal / AS Monaco)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’amakipe (Club) 10 yahize andi azavamo iyahize izindi:

  • Petro Atletico (Angola)
  • TP Mazembe (DR Congo)
  • Al Ahly (Egypt)
  • Zamalek (Egypt)
  • Dreams FC (Ghana)
  • RS Berkane (Morocco)
  • Mamelodi Sundowns (South Africa)
  • Simba (Tanzania)
  • Young Africans (Tanzania)
  • Esperance Sportive de Tunis (Tunisia)

Urutonde rw’amakipe y’Ibihugu 10 yahize andi:

  • Angola
  • Burkina Faso
  • Cote d’Ivoire
  • DR Congo
  • Morocco
  • Mozambique
  • Nigeria
  • South Africa
  • Sudan
  • Uganda

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 5 =

Previous Post

Perezida Kagame yahererekanyije ububasha bwo kuyobora Commonwealth avuga icyo byari bisobanuye ku Rwanda

Next Post

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Related Posts

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

by radiotv10
02/01/2026
0

Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick...

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

IZIHERUKA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza
AMAHANGA

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

by radiotv10
04/01/2026
0

Ibyo twamenye ku isakara ry’amashusho agaragaramo umuhanzi Nyarwanda akomeje kurikoroza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

03/01/2026
BREAKING: Herekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo izihenze

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

03/01/2026
Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

Ibyo wamenya ku ndwara yongewe mu zitangirwa urukingo ku bana bakivuka mu Rwanda

03/01/2026
Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

Let’s Talk About Abortion: A Simple Debate

03/01/2026
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zageneye ubutumwa Gen.Ekenge wa FARDC uherutse gukoresha imvugo yamaganiwe kure

02/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa nyuma yuko America ifatiye Perezida wa Venezuela mu Gihugu cye muri operasiyo rurangiza

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

Icyo Umuvugizi wa RIB yasubije uwamubajije niba kugurira agafanta Umugenzacyaha byemewe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.