Tuesday, January 13, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo

radiotv10by radiotv10
25/10/2024
in FOOTBALL, SIPORO
0
Menya urutonde rw’abakinnyi bahataniye ibihembo muri ruhago ya Afurika n’Ibihugu bakomokamo
Share on FacebookShare on Twitter

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara abahatanira ibihembo by’abahize abandi muri Africa mu mwaka wa 2024, aho akarere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe n’abakomoka muri DRCongo.

Uru rutonde rwashyizwe hanze kuri uyu wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024, ni uruzavamo abakinnyi, amakipe n’abatoza, bazahabwa ibihembo bizatangirwa i Marrakech muri Morocco, mu kwezi k’Ukuboza 2024.

Kuri uru rutonde rw’abakinnyi barenga 60, nko mu karere u Rwanda ruherereyemo, gahagarariwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifitemo nk’umukinnyi umwe mu bazavamo umukinnyi w’umwaka ari we Chancel Mbemba ukinira Olympique Marseille yo mu Bufaransa.

Urutonde rw’abakinnyi 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Amine Gouiri (Algeria / Rennes)
  • Edmond Tapsoba (Burkina Faso / Bayer Leverkusen)
  • Simon Adingra (Cote d’Ivoire / Brighton & Hove Albion)
  • Chancel Mbemba (DR Congo / Olympique Marseille)
  • Serhou Guirassy (Guinea / Borussia Dortmund)
  • Achraf Hakimi (Morocco / Paris Saint-Germain)
  • Soufiane Rahimi (Morocco / Al Ain)
  • Ademola Lookman (Nigeria / Atalanta)
  • William Troost Ekong (Nigeria / Al Kholood)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abanyezamu 10 bazavamo uwahize abandi .

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Andre Onana (Cameroon / Manchester United)
  • Yahia Fofana (Cote d’Ivoire / Angers SCO)
  • Lionel Mpasi (DR Congo / Rodez AF)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Djigui Diarra (Mali / Young Africans)
  • Munir El Kajoui (Morocco / RS Berkane)
  • Stanley Nwabali (Nigeria / Chippa United)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakina imbere ku Mugabane wa Afurika bazavamo uwahize abandi:

  • Oussama Benbot (Algeria / USM Alger)
  • Issoufou Dayo (Burkina Faso / RS Berkane)
  • Ahmed Sayed ‘Zizo’ (Egypt / Zamalek)
  • Hussein El Shahat (Egypt / Al Ahly)
  • Mostafa Shobeir (Egypt / Al Ahly)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC)
  • John Antwi (Ghana / Dreams FC)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Yassine Merriah (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)
  • Ronwen Williams (South Africa / Mamelodi Sundowns)

Urutonde rw’abatoza 10 bazavamo uwahize abandi:

  • Pedro Goncalves (Angola)
  • Brahima Traore (Burkina Faso)
  • Emerse Fae (Cote d’Ivoire)
  • Sebastien Desabre (DR Congo)
  • Jose Gomes (Zamalek)
  • Marcel Koller (Al Ahly)
  • Chiquinho Conde (Mozambique)
  • Hugo Broos (South Africa)
  • Florent Ibenge (Al Hilal)
  • Kwesi Appiah (Sudan)

Urutonde rw’abakinnyi 10 bakiri bato (U23) bazavamo uwahize abandi:

  • Carlos Baleba (Cameroon / Brighton & Hove Albion)
  • Karim Konate (Cote d’Ivoire / Salzburg)
  • Oumar Diakite (Cote d’Ivoire / Reims)
  • Yankuba Minteh (Gambia / Brighton & Hove Albion)
  • Abdul Aziz Issah (Ghana / Dreams FC / Barcelona)
  • Bilal El Khannouss (Morocco / Leicester City)
  • Eliesse Ben Seghir (Morocco / AS Monaco)
  • El Hadji Malick Diouf (Senegal / Slavia Prague)
  • Lamine Camara (Senegal / AS Monaco)
  • Amanallah Memmiche (Tunisia / Esperance Sportive de Tunis)

Urutonde rw’amakipe (Club) 10 yahize andi azavamo iyahize izindi:

  • Petro Atletico (Angola)
  • TP Mazembe (DR Congo)
  • Al Ahly (Egypt)
  • Zamalek (Egypt)
  • Dreams FC (Ghana)
  • RS Berkane (Morocco)
  • Mamelodi Sundowns (South Africa)
  • Simba (Tanzania)
  • Young Africans (Tanzania)
  • Esperance Sportive de Tunis (Tunisia)

Urutonde rw’amakipe y’Ibihugu 10 yahize andi:

  • Angola
  • Burkina Faso
  • Cote d’Ivoire
  • DR Congo
  • Morocco
  • Mozambique
  • Nigeria
  • South Africa
  • Sudan
  • Uganda

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − 3 =

Previous Post

Perezida Kagame yahererekanyije ububasha bwo kuyobora Commonwealth avuga icyo byari bisobanuye ku Rwanda

Next Post

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Related Posts

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

Barcelona yongeye gutwara Igikombe kiruta ibindi muri Espagne ibabaje mukeba wayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ikipe ya FC Barcelona yatwaye igikombe kiruta ibindi muri Spain (Spanish Super Cup cyangwa Supercopa de España) nyuma yo gutsinda...

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

by radiotv10
10/01/2026
0

In a world full of intense workout trends and gym culture, walking is often overlooked. Many people believe that if...

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko...

IZIHERUKA

Twigereyeyo: Amatora muri Uganda yahumuye…Dore uko byifashe habura iminsi ibiri
AMAHANGA

Twigereyeyo: Amatora muri Uganda yahumuye…Dore uko byifashe habura iminsi ibiri

by radiotv10
13/01/2026
0

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

13/01/2026
Rwamagana: Hari umuhanda abawuturiye bavuga ko kuva wakorwa babonye ucaniwe rimwe gusa

Rwamagana: Hari umuhanda abawuturiye bavuga ko kuva wakorwa babonye ucaniwe rimwe gusa

13/01/2026
Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

12/01/2026
Editorial: The New World Economic Order

Editorial: The New World Economic Order

12/01/2026
Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Perezida Kagame yahawe igihembo gikomeye ku Mugabane wa Afurika

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Twigereyeyo: Amatora muri Uganda yahumuye…Dore uko byifashe habura iminsi ibiri

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Rwamagana: Hari umuhanda abawuturiye bavuga ko kuva wakorwa babonye ucaniwe rimwe gusa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.