Thursday, August 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Ngoma: Abacuruzi bavuze ahantu hadasanzwe bugamira imvura bo bafata nko gusuzugurwa

radiotv10by radiotv10
19/05/2023
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Ngoma: Abacuruzi bavuze ahantu hadasanzwe bugamira imvura bo bafata nko gusuzugurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu bacururiza ihene mu isoko rikuru rya Kibungo, barinubira ko aho bakorera hadasakaye ku buryo mu bihe by’imvura banyagirirwana n’amatungo yabo cyangwa bakugamana na yo mu kimoteri kihegereye, kandi badasiba gutanga imosoro.

Aba bacururiza ihene muri iri soko bagaragaza babangamirwa nuko banyagirwa bakananyagiriza amatungo yabo aho baba baje kuyagurishiriza.

Basomingera Jackson ati “Twebwe turacuruza, ariko noneho abacuruzi b’ihene dukurikije imisoro dutanga hano mu bacuruzi b’amatungo twakagombye gushaka isoko ryo kugamamo tukanacuruza, kuko twebwe iyo imvura iguye nk’uku biratubabaza iyo tugiye kugama muri puberi abantu b’abagabo.”

Nzabandora Eric we yagize ati “Ihene ziranyagirwa kuko nta soko rirubakwa ziranyagirwa twe tukajya kugama ahandi.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibungo, Umurerwa Donatille yabwiye RADIOTV10 ko bagiye kubakorera ubuvugizi kuko ibi basaba bitakorwa n’Umurenge.

Ati “Ntabwo ari Umurenge ubikora ni Akarere. Twavugana n’Akarere tukabagezaho icyo gitekerezo cyabo bakubakirwa.”

Hari akandi n’abandi bacuruzi bavuga ko bacibwa umusoro w’uko bakorera mu isoko mu gihe nabo ubwabo ngo bibona batari mu isoko kubera ko baba baragenewe ahantu bavuga hasuzuguritse.

INKURU MU MASHUSHO

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + eleven =

Previous Post

Dusogongere ku bwiza bw’Ikibuga cy’Indege cya Bugesera kigeze ahashimishije cyubakwa (AMAFOTO)

Next Post

Amafoto adasanzwe ya Rihanna ugiye kwibaruka umwana wa kabiri nyuma y’umwaka abyaye imfura

Related Posts

AMAFOTO: Urangije inshingano nka Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda arishimira ibihe byiza yahagiriye

Eng.-The last post Antoine Anfré made as the Ambassador of France to Rwanda

by radiotv10
14/08/2025
0

Before boarding his flight after completing his duties as the French Ambassador to Rwanda, Antoine Anfré said he wished to...

U Bufaransa bwahaye u Rwanda Miliyari 30Frw y’imishinga yumvikanyweho ubwo Macron yari i Kigali

Ubutumwa bwa nyuma Antoine Anfré yanditse nka Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda

by radiotv10
14/08/2025
0

Ambasaderi Antoine Anfré mbere yo gufata rutemikirere nyuma yo kurangiza inshingano ze nk’Uhagarariye u Bufaransa mu Rwanda, yavuze ko yifuza...

The ‘good girl’ pressure: What society expects from young women

The ‘good girl’ pressure: What society expects from young women

by radiotv10
14/08/2025
0

From a very young age, girls hear a subtle yet persistent message: be a “good girl.” But what does be...

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

Amashuri azafungwa n’abakozi bakorere mu rugo-Ibiteganyijwe ubwo i Kigali hazaba habera irushanwa ry’Isi mu magare

by radiotv10
13/08/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ingamba ziteganyijwe ubwo iki Gihugu kizaba cyakiririye Shampiyona y’Isi y’umukino w’Amagare ya 2025, zirimo ifungwa ry’amashuri...

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

Agezweho: Icyatumye urubanza rw’abarimo Abofisiye ba RDF na RCS n’abanyamakuru batatu rushyirwa mu muhezo

by radiotv10
13/08/2025
0

Urukiko rwa Gisirikare rwafashe icyemezo cyo gushyira mu muhezo urubanza ruregwamo abantu 28 barimo Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Igorora (RCS) n’abasirikare...

IZIHERUKA

Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha
BASKETBALL

Eng.-Minister Mukazayire’s message to a talented American basketball player before his departure

by radiotv10
14/08/2025
0

Amakuru aturuka i Walikare ku rugamba hagati ya AFC/M23 n’abo bahanganye

Amakuru aturuka i Walikare ku rugamba hagati ya AFC/M23 n’abo bahanganye

14/08/2025
AMAFOTO: Urangije inshingano nka Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda arishimira ibihe byiza yahagiriye

Eng.-The last post Antoine Anfré made as the Ambassador of France to Rwanda

14/08/2025
Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha

Ubutumwa Min.Mukazayire yageneye umunyempano ukomeye muri America muri Basketball mbere yo gutaha

14/08/2025
Hatangajwe igihano gisabirwa uwari Minisitiri w’Ubutabera muri Congo uregwa miliyari 27Frw

Hatangajwe igihano gisabirwa uwari Minisitiri w’Ubutabera muri Congo uregwa miliyari 27Frw

14/08/2025
U Bufaransa bwahaye u Rwanda Miliyari 30Frw y’imishinga yumvikanyweho ubwo Macron yari i Kigali

Ubutumwa bwa nyuma Antoine Anfré yanditse nka Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda

14/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amafoto adasanzwe ya Rihanna ugiye kwibaruka umwana wa kabiri nyuma y’umwaka abyaye imfura

Amafoto adasanzwe ya Rihanna ugiye kwibaruka umwana wa kabiri nyuma y’umwaka abyaye imfura

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Minister Mukazayire’s message to a talented American basketball player before his departure

Amakuru aturuka i Walikare ku rugamba hagati ya AFC/M23 n’abo bahanganye

Eng.-The last post Antoine Anfré made as the Ambassador of France to Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.