Nizeyimana Olivier yatorewe kuba perezida wa FERWAFA

Facebook
Twitter
LinkedIn
WhatsApp

Nizeyimana Mugabo Olivier wari usanzwe ari perezida w’ikipe ya Mukura Victory Sport niwe watorewe kuba perezida mushya w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.

Nizeyimana usanzwe ari rwiyemezamirimo akaba na nyiri kompanyi y’ubwikorezi ya VOLCANO Express yatowe kuba perezida wa FERWAFA ku bwiganze bw’amajwi 52 kuri 59 yatoye.

Izindi Nkuru

Nizeyimana Olivier Mugabo yisanzeto ari umukandida rukumbi nyuma y’uko Rurangirwa Louis bari bahanganye akuyemo kandidatire avuga ko hari amategeko n’amabwiriza atubahirijwe muri aya matora.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IzindiNkuru