Thursday, December 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
29/08/2024
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Repubulika, yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bahawe inshingano zo guhagararira Ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uw’u Burusiya, uw’u Bwongereza n’uw’u Buhindi.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024 nk’uko tubikesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu makuru byatangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu.

Perezidansi ya Repubulika yagize iti “Uyu munsi muri Urugwiro Village, Perezida Kagame yakiriye impapuro z’intumwa nshya, Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya, Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’Ubwami bw’u Bwongereza, Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi, ndetse na Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani.”

Perezida Paul Kagame kandi yakiriye impapuro z’uwahawe guhagararira Venezuela mu Rwanda, Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez, Ambasderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico, Ambasaderi Genţiana Şerbu wahawe guhagararira Romania mu Rwanda, ndetse na Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov w’Igihugu cya Azerbaijan.

Kuri uyu wa Gatatu kandi, Umukuru w’u Rwanda yanakiriye mu Biro bye Dianguina Yaya Doucouré wari Ambasaderi wa Mali, warangije inshingano ze zo guhagararira Igihugu cye mu Rwanda.

Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya
Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’u Bwongereza
Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi
Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani
Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez wa Venezuela
Ambasaderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico
Ambasaderi Genţiana Şerbu wa Romania
Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov wa Azerbaijan
Perezida Kagame kandi yakiriye Dianguina Yaya Doucouré wasoje inshingano ze nka Ambasaderi wa Mali mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 + ten =

Previous Post

Hatangajwe icyo Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwaganiriye n’ubw’iza Brazil

Next Post

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Related Posts

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo u Burundi bwari bukomeje kongera umubare w’Ingabo muri DRC, ndetse zimwe zijya gushinga ibirindiro...

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

by radiotv10
11/12/2025
0

The President of the Republic, Paul Kagame, said that the fighting that has been taking place in parts of South...

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

by radiotv10
11/12/2025
0

Perezida Paul Kagame yavuze ko abakomeje kwikoreza u Rwanda ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakwiye kwibuka ko atari...

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

by radiotv10
11/12/2025
0

Umukozi ushinzwe imyirwarire y’abanyeshuri mu ishuri rya Saint Trinité de Ruhango riherereye mu Karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego...

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

Ni gute hatahuwe abakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’Ikigo cya Gisirikare mu Rwanda

by radiotv10
11/12/2025
0

Abantu 15 barimo abaganga, n’abanyamuryango b’Ikigo cya Gisirikare cy’Ubwishingizi ku Ndwara (MMI), bakuriranyweho kunyereza amafaranga y’iki Kigo, aho batahuwe ubwo...

IZIHERUKA

Perezida Kagame na Ndayishimiye bicaranye mu nama ya EAC itagaragayemo Tshisekedi
MU RWANDA

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

by radiotv10
11/12/2025
0

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

11/12/2025
Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

11/12/2025
Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

11/12/2025
AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

AFC/M23 yapfushije umwe mu bayobozi mu nzego nkuru zayo

11/12/2025
Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

Ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze kuri Animateri w’ishuri rimwe ukekwaho gusambanya abanyeshuri babiri baryigamo

11/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Perezida Kagame yavuze uko yahamagaye Ndayishimiye w’u Burundi ku biteye impungenge yabonaga n’icyo yamusubije

President Kagame dismisses claims of violating the recent Washington Accords

Ntabwo u Rwanda rwaremwe n’abantu-Perezida Kagame yageneye ubutumwa abikoreza u Rwanda imitwaro y’abandi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.