Monday, January 12, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
29/08/2024
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Repubulika, yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bahawe inshingano zo guhagararira Ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uw’u Burusiya, uw’u Bwongereza n’uw’u Buhindi.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024 nk’uko tubikesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu makuru byatangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu.

Perezidansi ya Repubulika yagize iti “Uyu munsi muri Urugwiro Village, Perezida Kagame yakiriye impapuro z’intumwa nshya, Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya, Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’Ubwami bw’u Bwongereza, Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi, ndetse na Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani.”

Perezida Paul Kagame kandi yakiriye impapuro z’uwahawe guhagararira Venezuela mu Rwanda, Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez, Ambasderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico, Ambasaderi Genţiana Şerbu wahawe guhagararira Romania mu Rwanda, ndetse na Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov w’Igihugu cya Azerbaijan.

Kuri uyu wa Gatatu kandi, Umukuru w’u Rwanda yanakiriye mu Biro bye Dianguina Yaya Doucouré wari Ambasaderi wa Mali, warangije inshingano ze zo guhagararira Igihugu cye mu Rwanda.

Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya
Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’u Bwongereza
Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi
Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani
Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez wa Venezuela
Ambasaderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico
Ambasaderi Genţiana Şerbu wa Romania
Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov wa Azerbaijan
Perezida Kagame kandi yakiriye Dianguina Yaya Doucouré wasoje inshingano ze nka Ambasaderi wa Mali mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six − 6 =

Previous Post

Hatangajwe icyo Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwaganiriye n’ubw’iza Brazil

Next Post

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Related Posts

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, yatangaje ko abashoferi b’imodoka zitwara abantu benshi nk’ab’izitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, n’izitwara abanyeshuri, ari bo...

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

by radiotv10
12/01/2026
0

Abasore babiri n’umugabo umwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 47 bamutegeye mu nzira mu ijoro...

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

by radiotv10
12/01/2026
0

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kirambi mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, baravuga ko babaruje ubutaka bwabo...

What emotional intelligence means and why it’s important

What emotional intelligence means and why it’s important

by radiotv10
12/01/2026
0

For a long time, intelligence was measured by grades, IQ scores, and how fast someone could solve problems. But in...

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

IZIHERUKA

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda
IMIBEREHO MYIZA

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

by radiotv10
12/01/2026
0

America yahawe umuburo n’Igihugu iherutse na yo gukanga

America yahawe umuburo n’Igihugu iherutse na yo gukanga

12/01/2026
Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

12/01/2026
Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

12/01/2026
Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

Habayeho kurasana gukomeye hagati ya FARDC n’inyeshyamba z’umutwe umwe muri Congo

12/01/2026
Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

Urujijo n’igihirahiro ku byo babonye nyuma yuko babaruje ubutaka bwabo

12/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Impamvu hari abashyiriweho umwihariko w’ibihano biremereye mu itegeko rishya ry’imikoreshereze y’umuhanda

America yahawe umuburo n’Igihugu iherutse na yo gukanga

Ibyavugiwe mu iperereza ry’abagabo batatu bakekwaho gusambanya ku gahato umugore mu gihe kimwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.