Thursday, January 22, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
29/08/2024
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Burusiya (AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida wa Repubulika, yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bahawe inshingano zo guhagararira Ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uw’u Burusiya, uw’u Bwongereza n’uw’u Buhindi.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024 nk’uko tubikesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu makuru byatangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu.

Perezidansi ya Repubulika yagize iti “Uyu munsi muri Urugwiro Village, Perezida Kagame yakiriye impapuro z’intumwa nshya, Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya, Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’Ubwami bw’u Bwongereza, Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi, ndetse na Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani.”

Perezida Paul Kagame kandi yakiriye impapuro z’uwahawe guhagararira Venezuela mu Rwanda, Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez, Ambasderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico, Ambasaderi Genţiana Şerbu wahawe guhagararira Romania mu Rwanda, ndetse na Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov w’Igihugu cya Azerbaijan.

Kuri uyu wa Gatatu kandi, Umukuru w’u Rwanda yanakiriye mu Biro bye Dianguina Yaya Doucouré wari Ambasaderi wa Mali, warangije inshingano ze zo guhagararira Igihugu cye mu Rwanda.

Ambasaderi Alexander Polyakov w’u Burusiya
Ambasaderi Alison Heather Thorpe w’u Bwongereza
Ambasaderi Mridu Pawan Das w’u Buhindi
Ambasaderi Mauro Massoni w’u Butaliyani
Ambasaderi Fátima Yesenia Fernandes Juárez wa Venezuela
Ambasaderi Enrique Javier Ochoa Martínez wa Mexico
Ambasaderi Genţiana Şerbu wa Romania
Ambasaderi Ruslan Rafael oglu Nasibov wa Azerbaijan
Perezida Kagame kandi yakiriye Dianguina Yaya Doucouré wasoje inshingano ze nka Ambasaderi wa Mali mu Rwanda

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − four =

Previous Post

Hatangajwe icyo Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwaganiriye n’ubw’iza Brazil

Next Post

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Related Posts

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

by radiotv10
22/01/2026
0

Umunyamakuru Sylivanus Karemera wamaze igihe akorera Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru akaza guhagarikirwa rimwe n’abandi benshi bagikoragamo, yahawe inshingano mu buyobozi bw’ikindi...

Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

by radiotv10
22/01/2026
0

Nkurikiyumukiza Daniel wari uzwi ku izina rya Rujanga  wabonywe yinjira mu kabari kazwi nko kwa Mukubite umwice kabarizwa mu kagari ka...

Ubujura bukabije bwa Kashipawa bavuze abo babukekaho n’impamvu babishingiraho

Ubujura bukabije bwa Kashipawa bavuze abo babukekaho n’impamvu babishingiraho

by radiotv10
22/01/2026
0

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, baravuga ko ubujura bwa Kashipawa (Cash Power) bwafashe...

Learning English Shouldn’t Mean Losing Our Mother Tongue, ‘Ikinyarwanda’

Learning English Shouldn’t Mean Losing Our Mother Tongue, ‘Ikinyarwanda’

by radiotv10
22/01/2026
0

In many schools in Rwanda, students are told they must speak English. Sometimes, if a child speaks Kinyarwanda, they get...

Umugabo n’umugore bafatiwe mu bitemewe bashaka kubisimbuka bisanga bakoze ikindi cyaha

Umugabo n’umugore bafatiwe mu bitemewe bashaka kubisimbuka bisanga bakoze ikindi cyaha

by radiotv10
22/01/2026
0

Umugabo n'umugore bo mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango, bafashwe bakekwaho gutanga ruswa y'ibihumbi 50 Frw nyuma yo...

IZIHERUKA

Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine
AMAHANGA

Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine

by radiotv10
22/01/2026
0

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

22/01/2026
Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

22/01/2026
Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

22/01/2026
Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

Nyamasheke: Yasanzwe yapfuye ari ku muryango w’akabari bivugwa ko yaraye akubitiwemo

22/01/2026
Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

22/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Umuhanzi Sintex yasobanuye icyatumye yiyita irindi zina ryiyongereye ku yo asanganywe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Yifashishije ifoto ishotorana Gen.Muhoozi yongeye gutangaza ibishobora kuzamurira umujinya umunyapolitiki Bobi Wine

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Umunyamakuru ufite uburambe mu Rwanda yahawe inshingano zo hejuru nyuma y’umwaka ahagaritswe n’igitangazamakuru yakoreraga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.