Sunday, July 26, 2026
RW|EN
IMIBEREHO MYIZA

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi bakuru b’i Burundi bazanye ubutumwa yohererejwe na mugenzi Ndayishimue

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi bakuru b’i Burundi bazanye ubutumwa yohererejwe na mugenzi Ndayishimue

Perezida Paul Kagame yakiriye Itsinda rivuye i Burundi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye bamwe mu bayobozi ku nzego nkuru z’u Burundi bazanye ubutumwa yohererejwe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye, bishimangira intambwe nziza ikomeje kugaragara mu mubano hagati y’Ibihugu byombi.

Perezida Paul Kagame yakiriye iri tsinda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 10 Mutarama 2022 mu biro bye muri Village Urugwiro.

Ni itsinda riyobowe na Minisitiri Ushinwe Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, umuco na Siporo rikaba kandi ririmo uhagarariye u Burundi mu Rwanda, Ambasaderi Ezéchiel Nibigira.

Perezida Paul Kagame yakiriye Itsinda rivuye i Burundi

 

Share this story: Facebook Twitter WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 − six =