Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Tanzania ku bw’ibyago bagize

radiotv10by radiotv10
07/11/2022
in MU RWANDA, POLITIKI
0
Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Tanzania ku bw’ibyago bagize
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame yihanganishije Abanya-Tanzania na Perezida wabo Madamu Samia Suluhu Hassan ku bw’ibyago bagize by’impanuka y’indege yabereye mu Kiyaga cya Victoria igahitana ubuzima bwa bamwe.

Iyi mpanuka y’indege ya Precision Air, yabaye kuri iki Cyumweru tariki 06 Ugushyingo 2022, aho yahise ihitana abantu 19.

Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije kuri Twitter, yihanganishije Abanya-Tanzania ku bw’iyi mpanuka yahitanye ubuzima bwa bamwe.

Yagize ati “Nihanganishije Abanya-Tanzania na Perezida Samia Suluhu ku bw’ibyago byo kubura ubuzima bwa bamwe mu mpanuka y’Indege.”

Ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bukomeza bugira buti “Twifatanyije n’imiryango n’inshuti z’abitabye Imana bose.”

Nyuma y’iyi mpanuka yabaye kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa, yavuze ko iyi ndege yaguye mu kiyaga cya Victoria ubwo yerecyezaga mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’umujyi wa Bukoba.

Majaliwa wahise yerecyeza i Bukoba aho iyi ndege yerecyezaga, akigerayo, yatangaje ko abantu 19 baburiye ubuzima muri iyi mpanuka.

Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze muri aka gace kabereyemo impanuka, buvuga ko abantu 26 barokotse iyi mpanuka mu bagenzi 43 bari muri iyi ndege, bakaba bahise bajyanwa mu bitaro biri hafi y’iki kiyaga.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − seventeen =

Previous Post

Hamenyekanye ibyavuye mu biganiro byahuje abakuriye dipolomasi y’u Rwanda n’iya DRCongo

Next Post

Uretse Ian Kagame mu bahawe amapeti harimo abana b’Umuyobozi muri RCS, uw’uwabaye V/Perezida wa Sena,…

Related Posts

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

by radiotv10
25/12/2025
0

Mushinzimana Stanislas warutuye mu kagari ka Murambi mu murenge wa Nyakarenzo wari warezwe n’umugore batari babanye neza yasanzwe mu cyumba...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

by radiotv10
25/12/2025
0

Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe abagabo babiri bari barashinze uruganda rukora inzoga zitujuje ubuziranenge, izwi nka ‘Muriture’, bari...

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Every year in December, something powerful happens across the world. Airports fill up, buses travel overnight, roads become crowded, and...

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

by radiotv10
24/12/2025
0

Mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yari ipakiye Sima, yaguye mu manga, ariko ntiyagira...

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

For many young adults in Kigali and across Rwanda, living with parents after university or in the early years of...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uretse Ian Kagame mu bahawe amapeti harimo abana b’Umuyobozi muri RCS, uw’uwabaye V/Perezida wa Sena,…

Uretse Ian Kagame mu bahawe amapeti harimo abana b’Umuyobozi muri RCS, uw’uwabaye V/Perezida wa Sena,…

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.