Tuesday, July 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Sugira Ernest yatangiye akazi muri AS Kigali yigeze gukinira

radiotv10by radiotv10
27/10/2021
in SIPORO
0
Sugira Ernest yatangiye akazi muri AS Kigali yigeze gukinira
Share on FacebookShare on Twitter

Sugira Ernest rutahizamu w’umunyarwanda uheruka gutandukana na Rayon Sports kuri ubu yatangiye imyitozo ikakaye muri AS Kigali aheruka gusinyira amasezerano y’umwaka umwe (2021-2022).

Sugira w’imyaka 30 wanabaye muri AS Kigali mu 2014 akayivamo mu 2016 agana muri AS Vita Club, ubu ni umukinnyi mushya muri AS Kigali uzajya abafasha gukina ataha izamu, umwanya asanzeho Robert Saba utarahiriwe n’intangiriro ze muri iyi kipe y’umujyi wa Kigali.

Sugira Ernest abaye umukinnyi mushya wa AS Kigali bazakoresha muri uyu mwaka w’imikino wiyongera kuri Lamine Moro Omar, Niyonzima Olivier Sefu, Mugheni Kakule Fabrice na Ntwari Fiacre (umunyezamu).

Image

Sugira Ernest umukinnyi mushya muri AS Kigali wavuye muri Rayon Sports

Sugira Ernest akomezanyije n’abandi imyitozo yo kwitegura imikino ya shampiyona 2021-2022, imikino izatangira kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Ukwakira 2021. AS Kigali izatangira umwaka w’imikino 2021-2022 isura Espoir FC i Rusizi.

AS Kigali yatangiye imyiteguro ya shampiyona nyuma y’uko isezerewe mu ijonjora rya kabiri ry’imikino ya TOTAL CAF Confederation Cup 2021-2022, imikino yatsindiwemo na DCMP yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo), imikino ibiri yarangiye AS Kigali itsinzwe ibitego 4-2.

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 − two =

Previous Post

TOTAL CAF CC: APR FC yatomboranye na RS Berkane ikinamo Clatous Chama na Tuisila Kisinda

Next Post

Kirehe: Abatuye i Mahama bararira igihombo cy’umushinga wo kuhira

Related Posts

Rayon yabonye Umutoza Wungirije uturutse i Burundi

Rayon yabonye Umutoza Wungirije uturutse i Burundi

by radiotv10
15/07/2025
0

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports, bwasinyishije Umurundi Haruna Ferouz nk’Umutoza Wungirije, wanyuze mu makipe anyuranye mu Gihugu cy’iwabo i Burundi...

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

Iby’ingenzi wamenya ku mukinnyi w’Umunyekongo wasinyiye Rayon Sports

by radiotv10
09/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports FC yasinyishije rutahizamu w’Umunyekongo, Chadrack Bingi Belo, aba umukinnyi mushya wa 6 uyisinyiye iyi kipe avuye...

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

Uwayezu wayoboye Rayon yongeye kugaragarizwa ibyishimo n’abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
09/07/2025
0

Uwayezu Jean Fidèle wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports akaza kwegura, yagaragarijwe urukundo n’abakunzi b’iyi kipe, bamweretse ko bazirikana ibyo...

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

Rwanda welcomes three internation women football players following the visit of other legends

by radiotv10
08/07/2025
0

Rwanda is delighted to welcome three Arsenal Women Football Club Players Katie McCabe, Caitlin Foord and Laia Codina who landed...

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

APR FC yamanuye rutahizamu wari umaze iminsi ategerejwe wanakinnye i Burayi

by radiotv10
07/07/2025
0

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yasinyishije rutahizamu w’Umunya- Côte d'Ivoire, William Togui Mel wari umaze iminsi avugwaho kuzinjira muri...

IZIHERUKA

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye
AMAHANGA

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye

by radiotv10
15/07/2025
0

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

15/07/2025
Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

15/07/2025
Crystal Ventures, one of the major investment companies in Rwanda now has a new CEO

Crystal Ventures, one of the major investment companies in Rwanda now has a new CEO

15/07/2025
Buhari wabaye Perezida wa Nigeria wapfiriye mu Bwongereza arasubizwa mu Gihugu ahite ashyingurwa

Buhari wabaye Perezida wa Nigeria wapfiriye mu Bwongereza arasubizwa mu Gihugu ahite ashyingurwa

15/07/2025
AFC/M23 yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gusinyana amasezerano n’ubutegetsi bwa Congo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso byerekana ko ubutegetsi bwa Congo bugishyize imbere imirwano

15/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kirehe: Abatuye i Mahama bararira igihombo cy’umushinga wo kuhira

Kirehe: Abatuye i Mahama bararira igihombo cy’umushinga wo kuhira

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Sudan: Ibitero bikomeye bimaze guhitana abaturage 300 mu minsi micye

Uko Ingabire Victoire yasubije mu Rukiko abajijwe niba yemera ibyaha bikomeye akurikiranyweho

Menya izindi mpinduka zigiye kuba mu burezi bw’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.