Tuesday, November 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tadej Pogacar yisubije Tour de France yari yanatwaye mu 2020

radiotv10by radiotv10
19/07/2021
in SIPORO
0
Tadej Pogacar yisubije Tour de France yari yanatwaye mu 2020
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya-Slovania w’imyaka 22, Tadej Pogacar yatwaye Tour de France 2021 akoresheje amasaha 82h56’36” ahita yisubiza isiganwa yanatwaye mu 2020.

Tadej Pogacar ukinira Union Arabes Emirates yari amaze iminsi yambaye umwenda w’umuhondo, yasoje isiganwa yizigamye 5’20”.

Hakinwa agace ka nyumaka Tour de France 2021, Waout Van Aert niwe watsinze urugendo rwavaga Chatou bagana i Paris Champs-Elysées.

Image

Tadej Pogacar azamura akaboko nyuma yo gutwara isigawa inshuro ebyiri (2020, 2021) yikurikiranya

Iri siganwa ryasize Tadej Pogacar n’ubundi abaye umukinnyi warushije abandi kuzamuka, Mark Cavendish yarushije abandi amanota.

Tour de France yakinwaga ku nshuro yayo ya 108, Tour de France 2021 isize Tadej Pogacar atangiye kwegera abayitwaye inshuro nyinshi (5) aribo; Jacques Anquetil, Eddy Merkx na Miguel Indurain.

Ku rwego rw’amakipe, Union Arabes Emirates yabaye iya mbere ikaba yatsindiye 619,580 by’amayero.

Image

Jumbo Visma ysoje ku mwanya wa kabiri ku rwego rw’amakipe

Dore uko amakipe 5 yakurikiranye n’ibihembo mu mayero:

1.UAE Team Emirates: 619,580

2.Jumbo-Visma: 359,520

3.Bahrain Victorious: 170,310

4.Deceuninck Quick-Step: 149,690

5.INEOS-Grenadiers: 134,590

Tour de France 2022 izakinwa kuva kuwa gatanu tariki ya 1Nyakanga 2022 kugeza kuwa mbere tariki 25 Nyakanga 2022, izaba ikinwa ku nshuro ya 109.

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 + 1 =

Previous Post

Musanze: Polisi yafashe bamwe mu baturage banze kuguma mu rugo abandi bafatirwa mu kabari

Next Post

AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

Related Posts

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya APR FC izakira umukino uzayihuza na mucyeba wayo Rayon Sports, yatangaje ibiciro byo kuwinjiramo, aho itike ya macye...

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

by radiotv10
31/10/2025
0

Abakinnyi b’ikipe ya Manchester United bagaragaye bambaye barimbye mu myambaro inogeye ijisho, ubwo bari bitabiriye imyitozo bitegura umukino bafite muri...

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

by radiotv10
31/10/2025
0

Cristiano Ronaldo Junior, imfura ya rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yerekanye imodoka ye ya mbere atunze ku myaka 15...

Amakuru agezweho: Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi 2 ba APR bagaragaje imyitwarire igayitse hanashyirwa hanze ibyo bakoze

Hatangajwe icyemezo cyafatiwe abakinnyi b’ingenzi ba APR bakorwagaho iperereza ku myitwarire idahwitse bagaragaje

by radiotv10
31/10/2025
0

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko iperereza ryakorwaga ku bakinnyi b'iyi kipe, Dauda Yussif na Sy Mamadou ku myitwarire idahwite...

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho kuri imwe mu makipe yo muri Sudani yemerewe gukina Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
30/10/2025
0

Ikipe ya El Hilal iri mu ziherutse kwemererwa kuzakina Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yafashe urugendo iza muri iki Gihugu,...

IZIHERUKA

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu
IBYAMAMARE

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

04/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Eng.-Emotions of the first Rwandans taking part in Digital ID identity verification and photo registration

04/11/2025
Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

AMAFOTO: Simba SC yahawe igikombe cya shampiyona 2020-2021 ibanje kunyagira Namungo FC

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.