Saturday, January 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA

radiotv10by radiotv10
23/12/2021
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
TMC yarangije indi Masters’ nyuma y’amezi 22 ageze muri USA
Share on FacebookShare on Twitter

Mujyanama Claude uzwi nka TMC umaze amezi 22 aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yabonye indi mpamyabumenyi y’icyiciro cya 3 cya Kaminuza [Masters] mu gihe ubwo yari mu Rwanda yari yabonye indi yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda.

Indi mpamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu ya TMC yari yayibonye mu mpera za 2019 ubwo yari umwe mu banyeshuri bari basoje muri Kaminuza y’u Rwanda, we akaba yari yasoje ay’icyiciro cya 3 muri Business Administration.

Nyuma y’umwaka n’amezi 10 ageze muri Leta Zunze Ubumwe za America, uyu muhanzi wakanyujijeho mu Rwanda, ubu ari mu byishimo by’igisagirane nyuma yo kubona indi mpamyabumenyi ya Masters’.

Arangije amasomo muri Eastern University (St. Davids, Pennsylvania) aho asoje yize ishami rya Data Science.

Akanyamuneza k’iyi ntambwe yateye, yagasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga mu butumwa yanyujije kuri Instagram buherekejwe n’ifoto y’impamyabumenyi yabonye, yavuze ko nyuma y’amezi 22 ageze muri USA yateye indi ntambwe.

Uyu muhanzi watangiye n’ibikorwa byo kwiririmbana ku giti cye nk’uko bimeze kuri mugenzi we Platini bahoranye muri Dream Boys, ubu aho atuye muri USA yanabonye kompanyi ari gukorera.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve − six =

Previous Post

Izuba riva Umudepite yibwe imodoka abanje gufatirwaho imbunda

Next Post

Jimmy Mulisa yahise asubiza igitambaro Haruna Niyonzima

Related Posts

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Many people struggle with money not because they earn too little, but because they confuse needs with wants. Understanding the...

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

by radiotv10
10/01/2026
0

Bamwe mu bakecuru batishoboye bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, bibumbiye mu itsinda ryo kwikura mu bukene,...

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

by radiotv10
09/01/2026
0

Road safety remains a major public concern in Rwanda, especially as the number of vehicles continues to increase. In response...

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

by radiotv10
09/01/2026
0

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu...

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

by radiotv10
09/01/2026
0

Many people associate weekends with spending money, eating out, shopping, traveling, or entertainment. But enjoying your weekend doesn’t have to...

IZIHERUKA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life
IMIBEREHO MYIZA

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

by radiotv10
10/01/2026
0

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

10/01/2026
Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

10/01/2026
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

09/01/2026
Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Jimmy Mulisa yahise asubiza igitambaro Haruna Niyonzima

Jimmy Mulisa yahise asubiza igitambaro Haruna Niyonzima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Needs vs Wants: How to Tell the Difference in Daily Life

Bahawe miliyoni 3Frw bigirwa umushinga wabakura mu bukene ariko ibyakurikiyeho sibyo bari biteze

Why Walking Is One of the Most Underrated Exercises

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.