Thursday, April 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Trump yabaye nk’ubyina ku mubyimba Macron w’u Bufaransa agendeye ku byo umugore we yamukoreye

radiotv10by radiotv10
02/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Trump yabaye nk’ubyina ku mubyimba Macron w’u Bufaransa agendeye ku byo umugore we yamukoreye
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za America, agendeye ku mashusho yigeze kujya hanze agaragaza Emmanuel Macron akubitwa n’umugore we urushyi, yabaye nk’umuseka, avuga ko umugore we amufata nabi cyane.

Trump yabitangaje kuri uyu wa Gatatu imbere muri White House ubwo habaga ibirori by’umusangiro wo kwitegura Pasika.

Mu buryo bwo gutwama mugenzi we Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, Trump yavuze ko “umugore we amufata nabi cyane.” Ibintu byatumye abari muri White House basekera icyarimwe.

Agendeye ku mashusho yagiye hanze agaragaza ubwo Perezida Macron asa n’ukubitwa n’umugore we Brigitte Macron umwaka ushize, ubwo bagiriraga uruzinduko muri Vietnam, Trumo yavuze ko “n’uyu munsi aracyari gukira.”

Trump yavuze ko yahamagaye u Bufaransa abusaba ubufasha muri Gulf nyuma y’ibitero bya Leta Zunze Ubumwe za America kuri Iran.

Yavuze ko ubwo yamuhamagaraga yamubwiye ngo “Emmanuel turifuza ubufasha muri Gulf, nubwo turimo gushyiraho amateka yo gukubita abantu babi no kurasa ibisasu bya misile. Twakwishimira ubufasha. Niba bishoboka, ushobora kohereza amato ako kanya.”

Asubiramo uko Macron yamusubije akoresha imvugo y’igifaransa, ngo yamubwiye ati “No, no, no [oya, oya, oya] ntidushobora kubikora Donald. Twabikora ari uko intambara yaba yatsinzwe.”

Ngo yamusubije agira ati “Oya, oya, ntabwo mbikeneye igihe intambara yaba yatsinzwe Emmanuel.”

Trump yagaye Macron mu gihe akomeje kugaragaza agahinda yatewe no kuba NATO itari kugira uruhare muri iriya ntambara. Ndetse kuva iyi ntambara yo muri Iran yatangira, yavuze kenshi ko azakura Igihugu cye muri uriya muryango wo gutabarana wa NATO.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen − 5 =

Previous Post

Hatangajwe umubare w’abapfuye bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi

Next Post

Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

Related Posts

Hatangajwe umubare w’abapfuye bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi

Hatangajwe umubare w’abapfuye bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
02/04/2026
0

Igisirikare cy’u Burundi cyemeje ko abantu 13 ari bo bitabye Imana bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya Musaga...

Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abangirijwe ibyabo n’iturika ry’ububiko bw’intwaro zacyo

Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abangirijwe ibyabo n’iturika ry’ububiko bw’intwaro zacyo

by radiotv10
02/04/2026
0

Igisirikare cy’u Burundi kiravuga ko abaturage begereye ububiko bw’intwaro zacyo i Bujumbura buherutse gufatwa n’inkongi y’umuriro ikangiza imitungo yabo, batazigera...

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

Icyateye iturika ridasanzwe ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi i Bujumbura cyamenyekanye

by radiotv10
02/04/2026
0

Ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bw'ikigo cya Musaga i Bujumbura, bwahuye n'iturika rikomeye, burashya burakongoka n’intwaro zarimo, bitewe n’ibibazo byaturutse...

Strategic insight: what Massad Boulos did NOT say (but matters):

Strategic insight: what Massad Boulos did NOT say (but matters):

by radiotv10
01/04/2026
0

This is our analysis regarding the recent discourse by Massad Boulos at the United Nations and the underlying challenges facing...

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi

by radiotv10
01/04/2026
0

Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y'umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi,...

IZIHERUKA

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi
FOOTBALL

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

by radiotv10
02/04/2026
0

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri

02/04/2026
Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

02/04/2026
Trump yabaye nk’ubyina ku mubyimba Macron w’u Bufaransa agendeye ku byo umugore we yamukoreye

Trump yabaye nk’ubyina ku mubyimba Macron w’u Bufaransa agendeye ku byo umugore we yamukoreye

02/04/2026
Hatangajwe umubare w’abapfuye bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi

Hatangajwe umubare w’abapfuye bazize iturika ry’ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi

02/04/2026
Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abangirijwe ibyabo n’iturika ry’ububiko bw’intwaro zacyo

Igisirikare cy’u Burundi cyakuriye inzira ku murima abangirijwe ibyabo n’iturika ry’ububiko bw’intwaro zacyo

02/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hari uwagiriye inama umunyezamu ufite izina rikomeye muri Afurika ukina i Burayi

Abakozi ba Leta n’abikorera mu Rwanda bahawe konji ebyiri

Ibiri mu ibaruwa yanditswe n’umunyamakuru DC Clement nyuma yo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.