Friday, January 9, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane

radiotv10by radiotv10
24/03/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Hatangajwe Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiyemo abagabo babiri; Vital Kamerhe na Jean-Pierre Bemba, bombi banahawe Minisiteri zikomeye zirimo iy’Ingabo.

Iyi Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Werurwe 2023, irakomeza kuyoborwa na Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge, wakomeje kuba Minisitiri w’Intebe.

Amazina yatunguranye muri iyi Guverinoma nshya, ni Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, ndetse na Vital Kamerhe na we wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu.

Aba banyapolitiki bombi basanzwe bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye ku kuba bombi barigeze gufungwa.

Jean Pierre Bemba wigeze kuba Visi Perezida aho yari yungirije Joseph Kabila, yafunguwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha muri 2018 nyuma yuko akuriweho igihano, ndetse ahita anasubira mu Gihugu cye cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Naho Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Felix Tshisekedi, we yigeze gufungwa ashinjwa kunyereza umutungo, ariko muri Kamena umwaka ushize wa 2022, agirwa umwere n’Urukiko rw’Ubujurire.

ABAGIZE GUVERINOMA

Ba Minisitiri b’Intebe Bungirije

  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe umutekano w’imbere: KAZADI KANKONDE Peter
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe Ingabo: BEMBA GOMBO Jean-Pierre;
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe ubukungu: Kamerhe Vital;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’Ububanyi n’Amahanga: Christophe Lutundula;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’ibikorwa rusange: LIHAU EBUA Jean-Pierre;

Abanyamabanga ba Leta

  • Minisitiri w’Ibidukikije no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima: Bazaiba Masudi Ève;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutabera: Mutumbo Kiesse Rose;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa Remezo n’imirimo rusange: Gisaro Alexis;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imiryango yo mu karere: Mbusa Nyamuisi;
  • Umunyamabanga wa Leta w’Ingengo y’Imari: Boji Sangara Aimé;
  • Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Portefeuille: Kayinda Adèle;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Igenamigambi: TULUKA SUMWINA Judith;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imiturire: Pius Mwabilu;
  • Umunyamabanga wa Leta uwshinzwe iterambere ry’icyaro : François Rubota ;

 

Abaminisitiri

  • Finances : Nicolas Kazadi ;
  • Santé : Samuel Kamba Mulamba Roger ;
  • Agriculture : Jose Mpanda ;
  • EPST : Tony Mwaba ;
  • Transports : Ekila Marc ;
  • Pêche et Élevage : Bokele Adrien ;
  • Industrie : Julien Paluku ;
  • Emploi et Prévoyance Sociale : Claudine Ndusi Kembe ;
  • Entrepeunariat : NZINGA DESIRE ;
  • ESU : Muhindo Nzangi ;
  • Recherche Scientifique : Kabanda Gilbert ;
  • MINES : Nsamba Kalambayi ;
  • Hydrocarbures : Budimbu Didier ;
  • PTNTIC : Augustin Kibassa Maliba ;
  • Numérique : Eberande KOLONGELE ;
  • AFFAIRES FONCIÈRES : Aimé Sakombi Molendo ;
  • Commerce Extérieur : Jean Lucien Bussa ;
  • Droits Humains : Fabrice Puela ;
  • Tourisme : Didier Manzenga ;
  • Communication et médias : Patrick Muyaya ;
  • Affaires Sociales : Modeste Mutinga ;
  • Formation Professionnelle : KIPULU Bernadette ;
  • Jeunesse et Initiation à la Nouvelle Citoyenneté : BUNKULU ZOLA Yves ;
  • Sports : Kabulo Mwana Kabulo ;
  • Culture : KATUNGU FURAHA Catherine ;
  • Relations avec le Parlement : Anne Marie Karume ;
  • Ministre près le président de la République : Nana Manwanina
  • Ministre délégué PVH : ESAMBO IRENE ;
  • Vices-Ministres
  • Intérieur : MOLEPE J-C ;
  • Affaire Étrangères : Crispin MBADU ;
  • Justice : MAMBU LAU ;
  • Plan : BETIKA PASCAL ;
  • Budget : BOKULWANA ;
  • Défense Nationale : ADUBANGO SAMY ;
  • Finances : NSELE O’NEIGE ;
  • MINES : MOTEMONA GODARD ;
  • Santé Publique : OLENE SERGE ;
  • EPST : NAMASIA AMINATA ;
  • HYDROCARBURES : MOLEKA WIVINE ;
  • TRANSPORT : KILUBU Séraphine ;

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

four × five =

Previous Post

Miss Uganda w’uburanga buhebuje bwatumye bamwita Umunyarwandakazi yakuyeho urujijo

Next Post

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Related Posts

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

by radiotv10
08/01/2026
0

Abayobozi mu nzego bwite no mu z’umutekano mu Ntara ya Kivu ya Rugurumu bice bigenzurwa n’Ihuriro AFC/M23 bitabiriye umuhango wo...

Israel ikomeje kugaragaza ko yemeje nk’Igihugu Intara ya kimwe cyo muri Afurika

Israel ikomeje kugaragaza ko yemeje nk’Igihugu Intara ya kimwe cyo muri Afurika

by radiotv10
07/01/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Israel, Gideon Saar, yagiriye uruzinduko muri Somaliland, nyuma yo kwemeza nk'Igihugu cyigenga iyi Ntara yo muri...

Hatangajwe umubare munini w’impunzi z’Abanyekongo zapfiriye mu Burundi mu gihe gito

Hatangajwe umubare munini w’impunzi z’Abanyekongo zapfiriye mu Burundi mu gihe gito

by radiotv10
07/01/2026
0

Umuryango Uharanira Amahoro n'Imibereho myiza y’Abaturage (CPCC), watangaje ko Abantu 105 bari mu nkambi z’impunzi z’Abanyekongo ziri mu Burundi, bitabye...

Impanuka ikomeye yahitanye benshi muri Ethiopia bari basanzwe bari mu bibazo

Impanuka ikomeye yahitanye benshi muri Ethiopia bari basanzwe bari mu bibazo

by radiotv10
07/01/2026
0

Impanuka y’ikamyo yabereye mu mujyi wa Semera, mu Karere ka Afar mu majyaruguru ya Ethiopia, yari ibatwaye nk'abimukira, yahitanye abantu...

Congo yategetswe icyo igomba gushyira mu bikorwa kiri mu by’ingenzi mu masezerano yasinyanye n’u Rwanda

Congo yategetswe icyo igomba gushyira mu bikorwa kiri mu by’ingenzi mu masezerano yasinyanye n’u Rwanda

by radiotv10
06/01/2026
0

Raporo ku bugenzuzi bwakorewe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’Amahoro, yagaragaje ko hari ingingo z’ingenzi zikomeje kwirengagizwa mu masezerano y’i Washington,...

IZIHERUKA

Easy foods that help your brain stay healthy and active
IMIBEREHO MYIZA

Easy foods that help your brain stay healthy and active

by radiotv10
09/01/2026
0

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

08/01/2026
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

08/01/2026
AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

AFC/M23 yashyinguye mu cyubahiro abasivile bishwe urw’agashinyaguro n’ibitero by’indege i Masisi

08/01/2026
Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

08/01/2026
RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

RPF-Inkotanyi approves a new organizational structure

08/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Easy foods that help your brain stay healthy and active

Umuhanzi n’umunyamakurukazi bazwi mu Rwanda bamaze igihe bakundana basezeranye mu mategeko

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.