Tuesday, December 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane

radiotv10by radiotv10
24/03/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Hatangajwe Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiyemo abagabo babiri; Vital Kamerhe na Jean-Pierre Bemba, bombi banahawe Minisiteri zikomeye zirimo iy’Ingabo.

Iyi Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Werurwe 2023, irakomeza kuyoborwa na Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge, wakomeje kuba Minisitiri w’Intebe.

Amazina yatunguranye muri iyi Guverinoma nshya, ni Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, ndetse na Vital Kamerhe na we wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu.

Aba banyapolitiki bombi basanzwe bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye ku kuba bombi barigeze gufungwa.

Jean Pierre Bemba wigeze kuba Visi Perezida aho yari yungirije Joseph Kabila, yafunguwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha muri 2018 nyuma yuko akuriweho igihano, ndetse ahita anasubira mu Gihugu cye cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Naho Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Felix Tshisekedi, we yigeze gufungwa ashinjwa kunyereza umutungo, ariko muri Kamena umwaka ushize wa 2022, agirwa umwere n’Urukiko rw’Ubujurire.

ABAGIZE GUVERINOMA

Ba Minisitiri b’Intebe Bungirije

  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe umutekano w’imbere: KAZADI KANKONDE Peter
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe Ingabo: BEMBA GOMBO Jean-Pierre;
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe ubukungu: Kamerhe Vital;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’Ububanyi n’Amahanga: Christophe Lutundula;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’ibikorwa rusange: LIHAU EBUA Jean-Pierre;

Abanyamabanga ba Leta

  • Minisitiri w’Ibidukikije no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima: Bazaiba Masudi Ève;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutabera: Mutumbo Kiesse Rose;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa Remezo n’imirimo rusange: Gisaro Alexis;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imiryango yo mu karere: Mbusa Nyamuisi;
  • Umunyamabanga wa Leta w’Ingengo y’Imari: Boji Sangara Aimé;
  • Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Portefeuille: Kayinda Adèle;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Igenamigambi: TULUKA SUMWINA Judith;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imiturire: Pius Mwabilu;
  • Umunyamabanga wa Leta uwshinzwe iterambere ry’icyaro : François Rubota ;

 

Abaminisitiri

  • Finances : Nicolas Kazadi ;
  • Santé : Samuel Kamba Mulamba Roger ;
  • Agriculture : Jose Mpanda ;
  • EPST : Tony Mwaba ;
  • Transports : Ekila Marc ;
  • Pêche et Élevage : Bokele Adrien ;
  • Industrie : Julien Paluku ;
  • Emploi et Prévoyance Sociale : Claudine Ndusi Kembe ;
  • Entrepeunariat : NZINGA DESIRE ;
  • ESU : Muhindo Nzangi ;
  • Recherche Scientifique : Kabanda Gilbert ;
  • MINES : Nsamba Kalambayi ;
  • Hydrocarbures : Budimbu Didier ;
  • PTNTIC : Augustin Kibassa Maliba ;
  • Numérique : Eberande KOLONGELE ;
  • AFFAIRES FONCIÈRES : Aimé Sakombi Molendo ;
  • Commerce Extérieur : Jean Lucien Bussa ;
  • Droits Humains : Fabrice Puela ;
  • Tourisme : Didier Manzenga ;
  • Communication et médias : Patrick Muyaya ;
  • Affaires Sociales : Modeste Mutinga ;
  • Formation Professionnelle : KIPULU Bernadette ;
  • Jeunesse et Initiation à la Nouvelle Citoyenneté : BUNKULU ZOLA Yves ;
  • Sports : Kabulo Mwana Kabulo ;
  • Culture : KATUNGU FURAHA Catherine ;
  • Relations avec le Parlement : Anne Marie Karume ;
  • Ministre près le président de la République : Nana Manwanina
  • Ministre délégué PVH : ESAMBO IRENE ;
  • Vices-Ministres
  • Intérieur : MOLEPE J-C ;
  • Affaire Étrangères : Crispin MBADU ;
  • Justice : MAMBU LAU ;
  • Plan : BETIKA PASCAL ;
  • Budget : BOKULWANA ;
  • Défense Nationale : ADUBANGO SAMY ;
  • Finances : NSELE O’NEIGE ;
  • MINES : MOTEMONA GODARD ;
  • Santé Publique : OLENE SERGE ;
  • EPST : NAMASIA AMINATA ;
  • HYDROCARBURES : MOLEKA WIVINE ;
  • TRANSPORT : KILUBU Séraphine ;

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × two =

Previous Post

Miss Uganda w’uburanga buhebuje bwatumye bamwita Umunyarwandakazi yakuyeho urujijo

Next Post

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Related Posts

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

by radiotv10
16/12/2025
0

Ihuriro AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryemeye gukura abasirikare baryo mu Mujyi wa...

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Hakomeje kongerwa abasirikare benshi b’Igihugu cy’u Burundi n’intwaro za rutura ku mupaka wacyo n’u Rwanda, byumwihariko mu gace ka Gasenyi-Nemba...

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

by radiotv10
15/12/2025
0

Abanyekongo bahungiye i Bujumbura mu Burundi n’abari bagiyeyo ku bw’impamvu zinyuranye mbere yuko Umujyi wa Uvira ufatwa na AFC/M23, baravuga...

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Imodoka yo mu bwoko bwa Bisi ya sosiyete itwara abagenzi ya Trinity Express yavaga i Kampala muri Uganda yerecyeza i...

Amakuru mpamo aturuka mu biboneye abasirikare benshi b’u Burundi berecyeza muri Congo

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Reports indicate that Burundi continues to reinforce its border with Rwanda by deploying large numbers of troops and heavy weapons,...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

by radiotv10
16/12/2025
0

AFC/M23 yongeye gutanga impuruza ku marorerwa FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari gukorera Abanyamulenge

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

15/12/2025
Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru mashya: AFC/M23 ifashe icyemezo cyo kurekura umujyi wa Uvira nyuma y’iminsi micye iwufashe

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.