Tuesday, September 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane

radiotv10by radiotv10
24/03/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Hatangajwe Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiyemo abagabo babiri; Vital Kamerhe na Jean-Pierre Bemba, bombi banahawe Minisiteri zikomeye zirimo iy’Ingabo.

Iyi Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Werurwe 2023, irakomeza kuyoborwa na Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge, wakomeje kuba Minisitiri w’Intebe.

Amazina yatunguranye muri iyi Guverinoma nshya, ni Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, ndetse na Vital Kamerhe na we wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu.

Aba banyapolitiki bombi basanzwe bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye ku kuba bombi barigeze gufungwa.

Jean Pierre Bemba wigeze kuba Visi Perezida aho yari yungirije Joseph Kabila, yafunguwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha muri 2018 nyuma yuko akuriweho igihano, ndetse ahita anasubira mu Gihugu cye cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Naho Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Felix Tshisekedi, we yigeze gufungwa ashinjwa kunyereza umutungo, ariko muri Kamena umwaka ushize wa 2022, agirwa umwere n’Urukiko rw’Ubujurire.

ABAGIZE GUVERINOMA

Ba Minisitiri b’Intebe Bungirije

  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe umutekano w’imbere: KAZADI KANKONDE Peter
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe Ingabo: BEMBA GOMBO Jean-Pierre;
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe ubukungu: Kamerhe Vital;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’Ububanyi n’Amahanga: Christophe Lutundula;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’ibikorwa rusange: LIHAU EBUA Jean-Pierre;

Abanyamabanga ba Leta

  • Minisitiri w’Ibidukikije no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima: Bazaiba Masudi Ève;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutabera: Mutumbo Kiesse Rose;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa Remezo n’imirimo rusange: Gisaro Alexis;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imiryango yo mu karere: Mbusa Nyamuisi;
  • Umunyamabanga wa Leta w’Ingengo y’Imari: Boji Sangara Aimé;
  • Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Portefeuille: Kayinda Adèle;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Igenamigambi: TULUKA SUMWINA Judith;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imiturire: Pius Mwabilu;
  • Umunyamabanga wa Leta uwshinzwe iterambere ry’icyaro : François Rubota ;

 

Abaminisitiri

  • Finances : Nicolas Kazadi ;
  • Santé : Samuel Kamba Mulamba Roger ;
  • Agriculture : Jose Mpanda ;
  • EPST : Tony Mwaba ;
  • Transports : Ekila Marc ;
  • Pêche et Élevage : Bokele Adrien ;
  • Industrie : Julien Paluku ;
  • Emploi et Prévoyance Sociale : Claudine Ndusi Kembe ;
  • Entrepeunariat : NZINGA DESIRE ;
  • ESU : Muhindo Nzangi ;
  • Recherche Scientifique : Kabanda Gilbert ;
  • MINES : Nsamba Kalambayi ;
  • Hydrocarbures : Budimbu Didier ;
  • PTNTIC : Augustin Kibassa Maliba ;
  • Numérique : Eberande KOLONGELE ;
  • AFFAIRES FONCIÈRES : Aimé Sakombi Molendo ;
  • Commerce Extérieur : Jean Lucien Bussa ;
  • Droits Humains : Fabrice Puela ;
  • Tourisme : Didier Manzenga ;
  • Communication et médias : Patrick Muyaya ;
  • Affaires Sociales : Modeste Mutinga ;
  • Formation Professionnelle : KIPULU Bernadette ;
  • Jeunesse et Initiation à la Nouvelle Citoyenneté : BUNKULU ZOLA Yves ;
  • Sports : Kabulo Mwana Kabulo ;
  • Culture : KATUNGU FURAHA Catherine ;
  • Relations avec le Parlement : Anne Marie Karume ;
  • Ministre près le président de la République : Nana Manwanina
  • Ministre délégué PVH : ESAMBO IRENE ;
  • Vices-Ministres
  • Intérieur : MOLEPE J-C ;
  • Affaire Étrangères : Crispin MBADU ;
  • Justice : MAMBU LAU ;
  • Plan : BETIKA PASCAL ;
  • Budget : BOKULWANA ;
  • Défense Nationale : ADUBANGO SAMY ;
  • Finances : NSELE O’NEIGE ;
  • MINES : MOTEMONA GODARD ;
  • Santé Publique : OLENE SERGE ;
  • EPST : NAMASIA AMINATA ;
  • HYDROCARBURES : MOLEKA WIVINE ;
  • TRANSPORT : KILUBU Séraphine ;

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 − 3 =

Previous Post

Miss Uganda w’uburanga buhebuje bwatumye bamwita Umunyarwandakazi yakuyeho urujijo

Next Post

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Related Posts

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

by radiotv10
16/09/2025
0

Ifoto yafashwe mu 1863 yerekana umucakara yuzuye inkovu umugongo wose, igaragaza amateka y’ubucakara bwakorewe abirabura muri Leta Zunze Ubumwe za...

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

by radiotv10
16/09/2025
0

Ikubuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri i Bujumbura mu Burundi, cyamaze ijoro ryose nta ndege zikigwaho cyangwa ngo zihaguruke...

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

by radiotv10
16/09/2025
0

Umunyamerikakazi Aevin Dugas, ari mu byishimo nyuma yo kwandikwa mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi ‘Guinness World Records’, aho yagize umusatsi...

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

by radiotv10
15/09/2025
0

Umugaba Mukuru w’Igisirikare cy’Ihuriro AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yasabye abasirikare 7 437 binjiye muri iki Gisirikare, ko bagomba kwitegura...

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

by radiotv10
15/09/2025
0

Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageneye Abanyekongo ubutumwa, abamenyesha ko adashobora kwicara ngo arebere...

IZIHERUKA

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar
MU RWANDA

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

by radiotv10
16/09/2025
0

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

16/09/2025
Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

16/09/2025
Umunyamakuru uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yasezeye igitangazamakuru yakoreraga ahita abona umusimbura

Umunyamakuru uzwi mu myidagaduro mu Rwanda yasezeye igitangazamakuru yakoreraga ahita abona umusimbura

16/09/2025
Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

16/09/2025
Igikekwa nyuma yuko habonetse umurambo w’umuntu mu Mujyi wa Kigali

Igikekwa nyuma yuko habonetse umurambo w’umuntu mu Mujyi wa Kigali

16/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.