Tuesday, January 20, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane

radiotv10by radiotv10
24/03/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Tshisekedi yakoze impinduka zidasanzwe muri Guverinoma yinjizamo abatunguranye cyane
Share on FacebookShare on Twitter

Hatangajwe Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiyemo abagabo babiri; Vital Kamerhe na Jean-Pierre Bemba, bombi banahawe Minisiteri zikomeye zirimo iy’Ingabo.

Iyi Guverinoma nshya ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa 23 Werurwe 2023, irakomeza kuyoborwa na Jean-Michel Sama Lukonde Kyenge, wakomeje kuba Minisitiri w’Intebe.

Amazina yatunguranye muri iyi Guverinoma nshya, ni Jean Pierre Bemba wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ingabo, ndetse na Vital Kamerhe na we wagizwe Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ubukungu.

Aba banyapolitiki bombi basanzwe bakomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahuriye ku kuba bombi barigeze gufungwa.

Jean Pierre Bemba wigeze kuba Visi Perezida aho yari yungirije Joseph Kabila, yafunguwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha muri 2018 nyuma yuko akuriweho igihano, ndetse ahita anasubira mu Gihugu cye cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Naho Vital Kamerhe wigeze kuba Umuyobozi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku bwa Felix Tshisekedi, we yigeze gufungwa ashinjwa kunyereza umutungo, ariko muri Kamena umwaka ushize wa 2022, agirwa umwere n’Urukiko rw’Ubujurire.

ABAGIZE GUVERINOMA

Ba Minisitiri b’Intebe Bungirije

  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe umutekano w’imbere: KAZADI KANKONDE Peter
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe Ingabo: BEMBA GOMBO Jean-Pierre;
  • Minisitiri w’Intege wungirije ushinzwe ubukungu: Kamerhe Vital;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’Ububanyi n’Amahanga: Christophe Lutundula;
  • Minisitiri w’Intege wungirije w’ibikorwa rusange: LIHAU EBUA Jean-Pierre;

Abanyamabanga ba Leta

  • Minisitiri w’Ibidukikije no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima: Bazaiba Masudi Ève;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutabera: Mutumbo Kiesse Rose;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwa Remezo n’imirimo rusange: Gisaro Alexis;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imiryango yo mu karere: Mbusa Nyamuisi;
  • Umunyamabanga wa Leta w’Ingengo y’Imari: Boji Sangara Aimé;
  • Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Portefeuille: Kayinda Adèle;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Igenamigambi: TULUKA SUMWINA Judith;
  • Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imiturire: Pius Mwabilu;
  • Umunyamabanga wa Leta uwshinzwe iterambere ry’icyaro : François Rubota ;

 

Abaminisitiri

  • Finances : Nicolas Kazadi ;
  • Santé : Samuel Kamba Mulamba Roger ;
  • Agriculture : Jose Mpanda ;
  • EPST : Tony Mwaba ;
  • Transports : Ekila Marc ;
  • Pêche et Élevage : Bokele Adrien ;
  • Industrie : Julien Paluku ;
  • Emploi et Prévoyance Sociale : Claudine Ndusi Kembe ;
  • Entrepeunariat : NZINGA DESIRE ;
  • ESU : Muhindo Nzangi ;
  • Recherche Scientifique : Kabanda Gilbert ;
  • MINES : Nsamba Kalambayi ;
  • Hydrocarbures : Budimbu Didier ;
  • PTNTIC : Augustin Kibassa Maliba ;
  • Numérique : Eberande KOLONGELE ;
  • AFFAIRES FONCIÈRES : Aimé Sakombi Molendo ;
  • Commerce Extérieur : Jean Lucien Bussa ;
  • Droits Humains : Fabrice Puela ;
  • Tourisme : Didier Manzenga ;
  • Communication et médias : Patrick Muyaya ;
  • Affaires Sociales : Modeste Mutinga ;
  • Formation Professionnelle : KIPULU Bernadette ;
  • Jeunesse et Initiation à la Nouvelle Citoyenneté : BUNKULU ZOLA Yves ;
  • Sports : Kabulo Mwana Kabulo ;
  • Culture : KATUNGU FURAHA Catherine ;
  • Relations avec le Parlement : Anne Marie Karume ;
  • Ministre près le président de la République : Nana Manwanina
  • Ministre délégué PVH : ESAMBO IRENE ;
  • Vices-Ministres
  • Intérieur : MOLEPE J-C ;
  • Affaire Étrangères : Crispin MBADU ;
  • Justice : MAMBU LAU ;
  • Plan : BETIKA PASCAL ;
  • Budget : BOKULWANA ;
  • Défense Nationale : ADUBANGO SAMY ;
  • Finances : NSELE O’NEIGE ;
  • MINES : MOTEMONA GODARD ;
  • Santé Publique : OLENE SERGE ;
  • EPST : NAMASIA AMINATA ;
  • HYDROCARBURES : MOLEKA WIVINE ;
  • TRANSPORT : KILUBU Séraphine ;

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six − 2 =

Previous Post

Miss Uganda w’uburanga buhebuje bwatumye bamwita Umunyarwandakazi yakuyeho urujijo

Next Post

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Related Posts

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

by radiotv10
20/01/2026
0

Uganda held widely watched presidential and parliamentary elections on 15 January 2026, choosing both the country’s leader and members of...

Igisirikare cya Congo kikomanze mu gatuza kinayobya uburari nyuma yuko AFC/M23 ivuye muri Uvira

Igisirikare cya Congo kikomanze mu gatuza kinayobya uburari nyuma yuko AFC/M23 ivuye muri Uvira

by radiotv10
20/01/2026
0

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyatangaje ko kigaruriye Umujyi wa Uvira muri Kivu y’Epfo, nyuma yuko Ihuriro AFC/M23...

Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda

Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda

by radiotv10
20/01/2026
0

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabwiye abaturage ko intsinzi ikomeye yabonye mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka igaragaza ubuhangange bw’ishyaka rye,...

Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

by radiotv10
19/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko impugenge ryagaragaje niriramuka rirekuye Umujyi wa Uvira, zahise...

Nyuma ya Perezida w’u Rwanda uw’u Burundi na we yageneye Museveni ubutumwa

Nyuma ya Perezida w’u Rwanda uw’u Burundi na we yageneye Museveni ubutumwa

by radiotv10
19/01/2026
0

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, na we yashimiye mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni ku bw’intsinzi ye yo kongera...

IZIHERUKA

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair
AMAHANGA

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

by radiotv10
20/01/2026
0

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

20/01/2026
Abasirikare b’u Rwanda bagiye gutanga ubufasha ku Gihugu cyashegeshwe n’ibiza batangiye kubutanga

Abasirikare b’u Rwanda bagiye gutanga ubufasha ku Gihugu cyashegeshwe n’ibiza batangiye kubutanga

20/01/2026
AMAFOTO: Irebere ibihe byiza Ambasaderi w’Igihugu kimwe mu Rwanda akomeje kuhagirira bikamunyura

AMAFOTO: Irebere ibihe byiza Ambasaderi w’Igihugu kimwe mu Rwanda akomeje kuhagirira bikamunyura

20/01/2026
Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

20/01/2026
Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti

Icyumvikana mu butumwa bw’umukinnyi wa Maroc wahushije penaliti

20/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Inkuru ibabaje ku muhanzi wigeze kwamamara i Burundi no mu Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uganda Elections: Observers of GEOM Note Challenges, But Vote Declared Free and Fair

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Abasirikare b’u Rwanda bagiye gutanga ubufasha ku Gihugu cyashegeshwe n’ibiza batangiye kubutanga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.