• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda

radiotv10by radiotv10
21/02/2025
in SIPORO
0
Twibukiranye abegukanye TourDuRwanda ibura iminsi ikongera gususurutsa Abaturarwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri iki cyumweru tariki 23 Gashyantare mu Rwanda haratangira isiganwa mpuzamahanga rizwi nka Tour du Rwanda rizwiho gususurutsa Abaturarwanda, rizaba ribaye ku nshuro ya 38. Twibukiranye ibihe by’ingenzi byariranze kuva ryatangira n’abaryegukanye.

Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 38 kuva yatangira, ikaba iya 18 kuba ibaye mpuzamahanga, nyuma yuko yakinwe bwa mbere mu 1988.

Itangira gukinwa 1988 hakinwaga uduce tubiri buri mwaka.

Abaryegukanye:

  • 1988: Celestin Ndengeyingoma
  • 1989: Omar Masumbuko
  • 1990: Faustin Mbarabanyi

kuva mu 1991 kugeza mu 2000, nta siganwa ryabaye kubera ibibazo by’umutekano byari mu Gihugu, byaje kuvamo na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma ya Jenoside abenshi mu bakinnyi bakinaga uyu mukino w’amagare bari barahunze, gusa ryongera gusubukurwa muri 2001.

 

Abaryegukanye 2001-2007:

  • 2001: Bernard Nsengiyimva
  • 2002: Abraham Ruhumuriza
  • 2003: Abraham Ruhumuriza
  • 2004: Abraham Ruhumuriza
  • 2005: Abraham Ruhumuriza
  • 2006: Peter Kamau. Umunya-Kenya yakoze amateka yo gutwara Tour du Rwanda ari umunyamahanga wa mbere.
  • 2007: Abraham Ruhumuriza

 

Abaryegukanye kuva muri 2008 Tour du Rwanda ibaye mpuzamahanga

  • 2008: Adrien Niyonshuti
  • 2009: Adil Jelloul
  • 2010: Daniel Teklehaimanot
  • 2011: Kiel Reijnen
  • 2012: Darren Lill
  • 2013: Dylan Girdlestone
  • 2014: Valens Ndayisenga
  • 2015: Jean Bosco Nsengimana
  • 2016: Valens Ndayisenga
  • 2017: Joseph Areruya
  • 2018: Samuel Mugisha
  • 2019: Merhawi Kudus
  • 2020: Natnael Tesfatsion
  • 2021: Cristián Rodríguez
  • 2022: Natnael Tesfatsion
  • 2023: Henok Mulubrhan
  • 2024: Joseph Blackmore

Tour du Rwanda y’uyu mwaka wa 2025, izatangira ku wa 23 Gashyantare igasozwa ku ya 02 Werurwe 2025, izaca mu Turere 10 two mu Ntaza zose z’u Rwanda.

Perezida Paul Kagame na Henok Mulueberhan, wegukanye Tour du Rwanda ya 2023

Aime Augustin
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 2 =

Previous Post

Abibonaniye n’abarwanyi ba M23 muri Kamanyola bavuze ibyo bababonyeho byabatunguye

Next Post

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Kirehe: Bahishuye intandaro yo kuba igikorwa bari bitezeho kubakiza cyarababereye igihombo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.