Monday, December 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Twiswe ibirumbo kubera kuririmba- Muyango agaragaza imvano y’indirimbo y’amateka ye

radiotv10by radiotv10
23/12/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Twiswe ibirumbo kubera kuririmba- Muyango agaragaza imvano y’indirimbo y’amateka ye
Share on FacebookShare on Twitter

Amazina mabi, ibitutsi no gufatwa nk’imburamukoro, nyamara basigasira umuco, ni byo byashibutsemo indirimbi ‘Ibirumbo’ y’umuhanzi w’indirimbo gakondo Muyango.

Tariki 24 Ukuboza 2023, umuhanzi Muyango wakunzwe na benshi agiye kongera gutaramira abakunzi be mu gitaramo yise IMBANZAMUMYAMBI, azanamurikiramo album ye ya mbere akoze wenyine.

Kuri iyi album yamaze gushyira hanze ndetse azamurikira abakunzi be kuri iki Cyumweru humvikanaho indirimbo yise ‘Ibirumbo’.

Avuga ko iyi ndirimbo yakomotse ku mateka we n’abandi bahanzi bo mu gihe cye baciyemo cyo kwitwa ibirumbo kubera kuririmba no guhamiriza, nyamara bo bakomeje kurwanirira icyo bitaga ‘Umuco Gakondo’ nubwo bari imahanga.

Ati “Nayishyizeho kugira ngo mbereke ko ibi bintu twabirwaniye turi bato kugeza igihe tubyemeje abantu.”

Mu bihangano byinshi byakozwe na Muyango, humvikanagamo Imitali, akaka ari itsinda ryamufashaga gukora umuziki we.

Icyakora nyuma yo gutandukana na bo bitewe nuko Muyango yari agarutse mu Rwanda, ubu ibihangano bye bishya ni ibye ku giti cye.

Iyi album igizwe n’indirimbo 14 azayimurika ku mugaragaro kuri iki Cyumweru tariki 24 Ukuboza 2023 mu gitaramo kizabera muri Camp Kigali.

Ntazatarama wenyine kuko azaba ari kumwe n’abandi bahanzi bagezweho barimo umwana we witwa Inki, Nirere Channel, Inganzo Ngali ndetse n’Imitali bahoze baririmbana.

Indirimbo zigize album ya Muyango
Igitaramo ni kuri iki Cyumweru

Joby Joshua TUYITAKIRE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight − seven =

Previous Post

Igikomangoma cy’i Burayi yagaragaye mu myitozo ya gisirikare bishimisha benshi (AMAFOTO)

Next Post

U Rwanda rwabonye itike y’imikino nyafurika muri Beach Volleyball

Related Posts

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

by radiotv10
11/12/2025
0

Mu rubanza rw’abaregwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hasobanuwe ko uyu uzwi mu biganiro kuri YouTube,...

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuhanzi mu njyana ya gakondo, Lionel Sentore, yagaragaje ibyishimo yatewe no kongera guhura n’umubyeyi we bari bamaze imyaka 13 batabonana,...

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

by radiotv10
11/12/2025
0

Edouard Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda, yagiye gushyigikira umuhanzi Niyo Bosco, mu muhango wo gusezerana imbere y’amategeko n’umugore...

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuhanzikazi Alyn Sano yabajijwe niba akiri isugi, abanza gutungurwa no kuba uwari ubimubajije atinyuka kubimubaza, amusubiza na we amubaza niba...

IZIHERUKA

Amakuru mpamo aturuka mu biboneye abasirikare benshi b’u Burundi berecyeza muri Congo
AMAHANGA

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

by radiotv10
15/12/2025
0

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

15/12/2025
Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

15/12/2025
Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post

U Rwanda rwabonye itike y’imikino nyafurika muri Beach Volleyball

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Burundian troops and heavy weapons have been deployed along the country’s border with Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Australia yahise ifata icyemezo nyuma y’igitero gifatwa nk’igikomeye kibayeho mu myaka 30 ishize

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.