• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ubutumwa bw’ibyishimo bya Meddy ku isabukuru ya mbere y’umwana we wa kabiri

radiotv10by radiotv10
29/04/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Ubutumwa bw’ibyishimo bya Meddy ku isabukuru ya mbere y’umwana we wa kabiri
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Meddy yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba umwana we w’ubuheta, yagize isabukuru y’umwaka umwe, avuba ko ntacyo Imana itamukoreye, bityo ko na we ntakizamubuza guhora ayishimira.

Ni ubutumwa Meddy yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram, buherekeje amafoto ye n’umugore we Mimi Mehfira bateruye uyu mwana wabo w’umuhungu.

Meddy yagize ati “Umuhungu wanjye ubu yujije umwaka umwe. Imana yampaye umugisha byuzuye, none ndavuga nti ‘urakoze Nyagasani ku bw’ineza yawe n’ubuntu ugirira umuryango wanjye’.”

Meddy kandi yanashimiye ababafashije mu birori byo kwizihiza isabukuru y’uyu mwana wabo w’ubuheta wujuje umwaka umwe abonye izuba.

Tariki 28 Mata umwaka ushize wa 2025, ni bwo Meddy n’umugore we Mimi Mehfira bibarutse uyu mwana wabo bise Ngabo Zayn, waje agwa mu ntege mushiki we Myla Ngabo we wavutse muri Werurwe 2022.

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert (Meddy) uri mu baza ku isonga bafite amazina akomeye muri muzika Nyarwanda nubwo atuye muri Leta Zunze Ubumwe za America, yarushinze n’Umunya-Ethiopia Mimi Mehfira, muri Gicurasi 2021 nyuma y’igihe havugwa urukundo rwabo.

Meddy yishimiye isabukuru y’umwaka umwe y’umuhungu we

Amafoto yakuwe kuri konti ya Instagram ya Meddy

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty + twelve =

Previous Post

Rwanda plans to limit social media use for children under 16

Next Post

Perezida Kagame i Burayi yarebye umukino ikipe ya PSG yamamaza VisitRwanda yaboneyemo intsinzi

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Perezida Kagame i Burayi yarebye umukino ikipe ya PSG yamamaza VisitRwanda yaboneyemo intsinzi

Perezida Kagame i Burayi yarebye umukino ikipe ya PSG yamamaza VisitRwanda yaboneyemo intsinzi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.