• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

radiotv10by radiotv10
01/06/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe
Share on FacebookShare on Twitter

Konti ya Instagram y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za America (White House) yakoreshwaga ku buyobozi bwa Barack Obama, yagaragayeho ubutumwa budasanzwe biza kumenyekana ko yagenzurwaga n’abari bayinjiriye.

Barack Obama wabaye Perezida wa US, asanzwe afite konti ye ya Instagram, mu gihe iyakoreshwa n’ibiro bye ubwo yari akiri Perezida yitwa @obamawhitehouse, ari na yo yinjiriwe n’abo mu Idini ya Isla, bazwi nka Shiite.

Uwari wibye iyi konti, yagiye ashyiraho ubutumwa budasanzwe, ndetse ubundi abutambutsa kuri stories, ahanyuzwa ubutumwa bumara amasaha 24.

Ikinyamakuru TMZ kiravuga ko umwe mu bahagarariye Meta nyiri uru rubuga nkoranyambaga rwa Instagram, yemeje ko iriya konti koko yari yinjiriwe, ariko nyuma ikaza kugarurwa.

Ubutumwa bwa nyabwo bwaherukaga kuri iriya konti, ni ubwatambukijweho ku itariki 20 Mutarama 2017, ubwo Donald Trump yarahiriraga bwa mbere kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × five =

Previous Post

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Next Post

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Related Posts

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

America na Iran bongeye gukozanyaho bikomeye

America na Iran bongeye gukozanyaho bikomeye

by radiotv10
01/06/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro by’Ingabo za Iran, mu gihe iki Gihugu na cyo...

America na Iran bongeye gutera intambwe igana ahatanga icyizere

America na Iran bongeye gutera intambwe igana ahatanga icyizere

by radiotv10
30/05/2026
0

Leta Zunze Ubumwe za America na Iran byageze ku bwumvikane bwo kongera igihe cy’agahenge kari hagati y’impande zombi ndetse no...

Abamaze kwandura icyorezo cya Ebola muri Congo bageze ku mubare ukabakaba igihumbi

Abamaze kwandura icyorezo cya Ebola muri Congo bageze ku mubare ukabakaba igihumbi

by radiotv10
29/05/2026
0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, ryatangaje ko umubare w’abamaze kwandura Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bageze kuri...

Kenya: Abanyeshuri umunani bafunzwe bakekwaho uruhare mu nkongi yibasiye inyubako y’ishuri igahitana bagenzi babo 16

Kenya: Abanyeshuri umunani bafunzwe bakekwaho uruhare mu nkongi yibasiye inyubako y’ishuri igahitana bagenzi babo 16

by radiotv10
29/05/2026
0

Polisi ya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi abanyeshuri umunani bakekwaho kugira uruhare mu guteza inkongi y’umuriro yibasiye icumbi ry’abanyeshuri...

Next Post
Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.