Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw
Share on FacebookShare on Twitter

Diamond yagaragaje ko yaguze isaha y’agatangaza ihagaze miliyoni 30 Frw yashyizwe ku isoko n’ikomanyi yitwa Rolex watch.

Diamond Platnumz kugeza ubu ri gukora ibitaramo bizenguruka Amerika, yanyuze kuri instagram ye maze agaragaza ko yaguze isaha y’akataraboneka kuri miliyoni mirongo 69 z’amashiringi ya Tanzania.

 

Ati: “Miliyoni 69 ku isa”. Aya mafaranga uyashyize mu munyarwanda  usanga arenga miliyoni 30 Frw ni [30,420,539.39 frw]. Iyi saha yaguze yakozwe n’ikompanyi yitwa Rolex watch isanzwe icuruza amasaha agura abifite.

 

Uyu muhanzi ukunze kugira inama bagenzi be yo kutambara amashenete [Imikufi ] y’ibiwani, tariki 7 Kanama 2021 anyuze kuri instagram yeretse abakunzi be ko yaguze umukufi uhenze yishyuye hejuru ya miliyoni 5 z’amashiringi ya Tanzania.

Iyi saha y’agatangaza ayiguze nyuma y’amezi make aguze imodoka ihenze yo mu bwoko bwa The 2021 Rolls-Royce Cullinan yaje yiyongera ku zindi zihenze asanzwe atunze zirimo The Cadillac Escalade Black Edition, The Cadillac Escalade Sky Captain Edition, Toyota Landcruiser V8, BMW X6 na Toyota Landcruiser TX .

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

ten + 7 =

Previous Post

Gen M.Muganga mu masengesho na APR yo kuzikura imbere ya Étoile du Sahel

Next Post

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Related Posts

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

by radiotv10
12/01/2026
0

Umunyarwenya Etienne Iryamukuru wamamaye muri ‘Bigomba Guhinduka’, yagaragaje umukunzi we amwibutsa ko amukunda uruhora rukura. Ni mu butumwa uyu munyarwenya...

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

by radiotv10
12/01/2026
0

Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element Eleeh mu gutanganya umuziki no mu buhanzi, yegukanye igihembo cya Producer mwiza w’umwaka (Best...

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

by radiotv10
09/01/2026
0

Many people associate weekends with spending money, eating out, shopping, traveling, or entertainment. But enjoying your weekend doesn’t have to...

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

by radiotv10
09/01/2026
0

Umunyamideri Isimbi Vestine uzwi nka Isimbi Model wari uherutse kugaragaza amafoto yenda kwibaruka, yagaragaje amashimwe yuko yibarutse umwana we n’umugabo...

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

by radiotv10
09/01/2026
0

Have you ever noticed how your parents’ old clothes suddenly look trendy again? One day it’s flared jeans, the next...

IZIHERUKA

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe
FOOTBALL

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

14/01/2026
Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

13/01/2026
Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

13/01/2026
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

13/01/2026
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

13/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.