• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw

radiotv10by radiotv10
14/10/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaguze isaha ifite agaciro ka Miliyoni 30 Frw
Share on FacebookShare on Twitter

Diamond yagaragaje ko yaguze isaha y’agatangaza ihagaze miliyoni 30 Frw yashyizwe ku isoko n’ikomanyi yitwa Rolex watch.

Diamond Platnumz kugeza ubu ri gukora ibitaramo bizenguruka Amerika, yanyuze kuri instagram ye maze agaragaza ko yaguze isaha y’akataraboneka kuri miliyoni mirongo 69 z’amashiringi ya Tanzania.

 

Ati: “Miliyoni 69 ku isa”. Aya mafaranga uyashyize mu munyarwanda  usanga arenga miliyoni 30 Frw ni [30,420,539.39 frw]. Iyi saha yaguze yakozwe n’ikompanyi yitwa Rolex watch isanzwe icuruza amasaha agura abifite.

 

Uyu muhanzi ukunze kugira inama bagenzi be yo kutambara amashenete [Imikufi ] y’ibiwani, tariki 7 Kanama 2021 anyuze kuri instagram yeretse abakunzi be ko yaguze umukufi uhenze yishyuye hejuru ya miliyoni 5 z’amashiringi ya Tanzania.

Iyi saha y’agatangaza ayiguze nyuma y’amezi make aguze imodoka ihenze yo mu bwoko bwa The 2021 Rolls-Royce Cullinan yaje yiyongera ku zindi zihenze asanzwe atunze zirimo The Cadillac Escalade Black Edition, The Cadillac Escalade Sky Captain Edition, Toyota Landcruiser V8, BMW X6 na Toyota Landcruiser TX .

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − nine =

Previous Post

Gen M.Muganga mu masengesho na APR yo kuzikura imbere ya Étoile du Sahel

Next Post

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Kenya: Umukinnyi yitabye Imana atewe ibyuma, umugabo we yaburiwe irengero

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.