Tuesday, July 28, 2026
RW|EN
IBYAMAMARE

Umuhanzi Niyo Bosco yatangaje ko yakiriye agakiza 

Umuhanzi Niyo Bosco yatangaje ko yakiriye agakiza 

Umuhanzi Niyo Bosco wamaze kwakira agakiza

Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco wamenyekanye nka “Niyo Bosco” yatangaje ko agiye kujya aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana nyuma yo kwakira agakiza.

Niyo Bosco yabitangarije mu kuri Radio Rwanda mu kiganiro Samedi Détente cyabaye kuri uyu wa gatandatu avuga ko yakiriye agakiza ndetse agiye kujya aririmba indirimbo zo guhimbaza Imana mu gihe abantu bari bamuzi mundirimbo zisanzwe.

Niyo Bosco yari asanzwe yandika indirimbo zo kuramya ariko yazandikiraga abandi bahanzi barimo abitwa Vestine na Dorcas igihe yaragikorana na Murindahabi Irene niwe wabandikiraga.

Niyo Bosco ngo arambiwe ibihe byo kwiyoberanya abayemo

Niyo Bosco Siwe Muhanzi wenyine ufashe icyemezo nyuma yo kwakira agakiza kuko mu minsi yashize umuhanzi Ngabo Médard uzwi nga Meddy nawe yafashe icyemezo undi muhanzi wavuze ko yakiriye agakiza ni Bulldog ariko we Yavuze ko azatareka kuririrmba ibyo yaririmbaga.

Esther FIFI UWIZERA / RadioTV10Rwanda

Share this story: Facebook Twitter WhatsApp

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + thirteen =