• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi The Ben arembeye mu Bitaro

radiotv10by radiotv10
16/04/2026
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi The Ben arembeye mu Bitaro
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, amaze iminsi ari mu Bitaro nyuma yo kujyanwayo mu masaha y’igicuku yafashwe n’uburwayi.

Uyu muhanzi arwariye mu Bitaro Bikuru ba Gisirikare bya Kanombe mu Karere ka Kicukiro nk’uko amakuru dukesha ikinyamakuru cyitwa Igihe abivuga.

The Ben uheruka kugaragara mu ruhame ku Cyumweru, tariki 13 Mata 2026 ubwo we na mugenzi we Bruce Melodie basuraga Urwibutso rwa Kigali ku Gisozi, bakunamira inzirakarengane ziharuhukiye, bakanasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Amakuru avuga ko nyuma y’iki gikorwa, The Ben yanasabwe n’inzu ya 1:55 AM ifasha umuhanzi Bruce Melodie yari yanagiteguye, ko bajya no kuganira, ariko akababwira ko atameze neza, ahubwo ko bamureka akajya kuruhuka.

Icyo gihe yaratashye, araruhuka nk’uko yari yabivuze, ariko bigeze mu masaha y’igicuku, arushaho kuremba, ari na bwo yahitaga ajyanwa ku Bitaro Bikuru bya Gisirikare bya Kanombe, agahita asabwa kuhaguma kugira ngo abaganga bamwiteho bihagije.

Amakuru avuga ko The Ben n’uyu munsi akiri muri ibi Bitaro, kuva icyo gihe, aho ari guhabwa ubuvuzi n’abaganga, ariko amakuru y’uko amerewe bikaba bigoye kuyamenya, kuko n’uku kujya kwivuriza muri biriya Bitaro byagizwe ibanga rikomeye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 1 =

Previous Post

Haravugwa urupfu rudasobanutse rw’umunyapolitiki wari umwe mu bagize Guverinoma y’u Burundi

Next Post

What business can you start in Rwanda with 100,000 RWF?

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
What business can you start in Rwanda with 100,000 RWF?

What business can you start in Rwanda with 100,000 RWF?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.