Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umukecuru w’imyaka 80 yitinyutse ajya guhatana mu irushanwa rya Miss

radiotv10by radiotv10
01/10/2024
in IMYIDAGADURO
0
Umukecuru w’imyaka 80 yitinyutse ajya guhatana mu irushanwa rya Miss
Share on FacebookShare on Twitter

Choi Soon-hwa w’imyaka 80 y’amavuko, yabaye umuntu ukuze cyane witabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe aho ari mu bari kugerageza mu cyiciro cy’ijonjora muri Korea, aho ahatanye n’abakobwa bakiri bato.

Uyu mukecuru bigaragara ku maso, yavuze ko yitabiriye iri rushanwa kugira ngo ashimangire ko imyaka ari imbare.

Choi Soon-hwa yavutse mu 1943 mbere y’imyaka icumi ngo iri rushanwa rya Miss Universe ritangire kubaho, kuko ryatangiye mu 1952.

Uyu mukecuru aramutse akomeje mu cyiciro cy’abazahagararira Korea, akajya guhatana muri Miss Universe mu cyiciro kizabera muri Mixico mu kwezi k’Ugushyingo 2024. Ari guhatana n’abandi bakobwa 32.

Choi Soon-hwa avuga ko yifitiye icyizere ko azakomeza mu cyiciro cya nyuma. Ati “Ndashaka kugaragariza Isi uko umugore w’imyaka 80 yabaho afite ubuzima buzira umuze. Ni gute yakomeza kugira umubiri mwiza? Ni ibiki yarya byamufasha?”

Uyu mukecuru yitabiriye iri rushanwa nyuma yuko umuryango uritegura, ukuyeho inzitizi z’imyaka ntarengwa, aho ryitabirwaga n’abatarengeje imyaka 28.

Ati “Ubwo imyaka ntarengwa ivanyweho, nahise mbuga ngo ngomba kugerageza amahirwe.”

Choi Soon-hwa winjiye muri iri rushanwa ry’ubwiza, nyuma yuko yanabanje kunyura mu kumurika imideri aho yabihagaritse ku myaka 50 nyuma yo guhura n’imbogamizi z’amikoro, akajya gukora mu bijyanye no kwita ku barwayi mu Bitaro.

Ku myaka 72 kandi yaje kwitabira ibirori byo kumurika imideri bizwi nka Seoul Fashion Week ubwo yari afite imyaka 74.

Uyu mukecuru yiyemeje guhatana mu irushanwa ry’ubwiza

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 4 =

Previous Post

U Rwanda rwagaragaje ibyo Congo igomba gukora kugira ngo amahoro aboneke

Next Post

Polisi yagize icyo ivuga ku bagabo babiri barasiwe muri Kamonyi

Related Posts

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

by radiotv10
24/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye urubyiruko ruhanganisha abahanzi The Ben na Bruce Melodie kubihagarika, yemeza ko kuri...

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

by radiotv10
23/12/2025
0

Sengabo Jean Bosco uzwi nka ‘Fatakumavuta’ wakatiwe igihano cyo gufungwa imyaka ibiri n’amezi atandatu, ubura amezi ane ngo akirangize, yasezeranyije...

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

Umwe mu bagize Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko azitabira igitaramo cyatangiye kuvugisha benshi

by radiotv10
22/12/2025
0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah; yatangaje ko azitabira igitaramo ‘The Nu-Year Groove’ kizaririmbamo The Ben na Bruce...

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

UPDATE: Hemejwe ifungwa ry’umwe mu ba-Dj bazwi mu Rwanda hanasobanurwa icyo yakoze

by radiotv10
21/12/2025
0

Arnold Ishimwe uzwi nka Dj Toxxyk, yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umwe mu bapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda...

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umunyamakuru Aimée Beauté Mushashi uzwiho ubuhanga mu gusoma amakuru kuri Televiziyo, yatangaje itariki azakoreraho ubukwe n’umukunzi we. Uyu munyamakuru ukorera...

IZIHERUKA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules
MU RWANDA

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Muhanga: Uko byagenze ngo Umupolisi arase ukekwaho ubujura agahita apfa

Polisi yagize icyo ivuga ku bagabo babiri barasiwe muri Kamonyi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.