Saturday, August 2, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umukecuru w’imyaka 80 yitinyutse ajya guhatana mu irushanwa rya Miss

radiotv10by radiotv10
01/10/2024
in IMYIDAGADURO
0
Umukecuru w’imyaka 80 yitinyutse ajya guhatana mu irushanwa rya Miss
Share on FacebookShare on Twitter

Choi Soon-hwa w’imyaka 80 y’amavuko, yabaye umuntu ukuze cyane witabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe aho ari mu bari kugerageza mu cyiciro cy’ijonjora muri Korea, aho ahatanye n’abakobwa bakiri bato.

Uyu mukecuru bigaragara ku maso, yavuze ko yitabiriye iri rushanwa kugira ngo ashimangire ko imyaka ari imbare.

Choi Soon-hwa yavutse mu 1943 mbere y’imyaka icumi ngo iri rushanwa rya Miss Universe ritangire kubaho, kuko ryatangiye mu 1952.

Uyu mukecuru aramutse akomeje mu cyiciro cy’abazahagararira Korea, akajya guhatana muri Miss Universe mu cyiciro kizabera muri Mixico mu kwezi k’Ugushyingo 2024. Ari guhatana n’abandi bakobwa 32.

Choi Soon-hwa avuga ko yifitiye icyizere ko azakomeza mu cyiciro cya nyuma. Ati “Ndashaka kugaragariza Isi uko umugore w’imyaka 80 yabaho afite ubuzima buzira umuze. Ni gute yakomeza kugira umubiri mwiza? Ni ibiki yarya byamufasha?”

Uyu mukecuru yitabiriye iri rushanwa nyuma yuko umuryango uritegura, ukuyeho inzitizi z’imyaka ntarengwa, aho ryitabirwaga n’abatarengeje imyaka 28.

Ati “Ubwo imyaka ntarengwa ivanyweho, nahise mbuga ngo ngomba kugerageza amahirwe.”

Choi Soon-hwa winjiye muri iri rushanwa ry’ubwiza, nyuma yuko yanabanje kunyura mu kumurika imideri aho yabihagaritse ku myaka 50 nyuma yo guhura n’imbogamizi z’amikoro, akajya gukora mu bijyanye no kwita ku barwayi mu Bitaro.

Ku myaka 72 kandi yaje kwitabira ibirori byo kumurika imideri bizwi nka Seoul Fashion Week ubwo yari afite imyaka 74.

Uyu mukecuru yiyemeje guhatana mu irushanwa ry’ubwiza

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × four =

Previous Post

U Rwanda rwagaragaje ibyo Congo igomba gukora kugira ngo amahoro aboneke

Next Post

Polisi yagize icyo ivuga ku bagabo babiri barasiwe muri Kamonyi

Related Posts

Umunyamakuru wamenyekanye mu Rwanda Mike Karangwa yagize ibyago byo gupfusha umwana

Umunyamakuru wamenyekanye mu Rwanda Mike Karangwa yagize ibyago byo gupfusha umwana

by radiotv10
01/08/2025
0

Umunyamakuru Mike Karangwa wamenyenaye ku bitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda byumwihariko mu biganiro by’imyidagaduro, yapfushije umwana we w’ubuheta. Umwana wa Mike...

Byemejwe abanyamakuru babiri ba siporo bimukiye kuri radio nshya mu Rwanda

Byemejwe abanyamakuru babiri ba siporo bimukiye kuri radio nshya mu Rwanda

by radiotv10
31/07/2025
1

Abanyamakuru Nduwayezu Ndibyariye Jean de Dieu wamamaye nka Jado Max na Kwikiriza William uzwi nka William Kadu bazwi mu biganiro...

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

Umwihariko w’igitaramo kigiye kuba bwa mbere Rwanda

by radiotv10
30/07/2025
0

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera igitaramo cyihariye cy’umwihariko w’umuziki w’injyana yo mu bwoko bwa Country, aho kukinjiramo...

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

Uwitabiriye Miss Rwanda agiye gutangira kumvikana kuri Radio nk’umunyamakuru

by radiotv10
29/07/2025
0

Umukundwa Clemence uzwi nka Cadette witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda rya 2019, agiye gutangira kumvikana nk’umunyamakuru kuri radio nshya mu...

Inama Madamu wa Perezida w’u Burundi yagiriye abitabiriye irushanwa ry’ubwiza-Miss Burundi

Inama Madamu wa Perezida w’u Burundi yagiriye abitabiriye irushanwa ry’ubwiza-Miss Burundi

by radiotv10
28/07/2025
0

Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, Madamu wa Perezida w’u Burundi, yasabye abitabiriye irushanwa rya Miss Burundi, kutazarangazwa n'ubwiza ngo bazahore babumurika bibagirwe...

IZIHERUKA

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye
AMAHANGA

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

by radiotv10
02/08/2025
0

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

02/08/2025
Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

02/08/2025
Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

Police FC igiye kwipima na APR FC iyisimbuje Rayon Sports

02/08/2025
Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

Nyamirambo: Harumvikana kutavuga rumwe ku mafaranga yaciwe abafite inzu mu ‘Marangi’

01/08/2025
Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

Menya ibyavuye mu nama ya mbere ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’u Rwanda na DRC

01/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Muhanga: Uko byagenze ngo Umupolisi arase ukekwaho ubujura agahita apfa

Polisi yagize icyo ivuga ku bagabo babiri barasiwe muri Kamonyi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAFOTO: Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

Uwabaye muri Guverinoma y’u Rwanda Protais Mitali yitabiye Imana i Burayi

Abayobozi mu karere bagize icyo bavuga ku ntambwe iri guterwa mu by’u Rwanda na DRCongo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.