• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umunyezamu wakiniraga APR FC yasinyiye AS Kigali

radiotv10by radiotv10
14/07/2021
in Uncategorized
0
Umunyezamu wakiniraga APR FC yasinyiye AS Kigali
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyezamu wakiniraga APR FC, Ntwari Fiacre yasinyiye ikipe ya AS Kigali imyaka ibiri aguzwe asaga miliyoni umunani z’amafaranga y’u Rwanda (8,000,000 FRW)

Kuri uyu wa Gatatu nibwo uyu munyezamu yasinyiye ikipe y’Abanyamujyi. Uyu munyezamu wari usigaje umwaka umwe wa APR FC, ikaba yamugurishije muri AS Kigali ahita ayisinyira undi, bivuze ko azayikinira kugeza 2023.

Ntwari Fiacre yatanzweho miliyoni 8, azakurwamo miliyoni 4Frw ahabwa APR FC asigaye agahabwa Marines FC nk’ikipe yakiniraga.

Image

Ntwari Fiacre (hagati) yasinye imyaka 2 muri AS Kigali

Ntwari Fiacre yakuriye mu ishuri ryigisha umupira rya APR FC, 2016-2017 atizwa mu Isonga, 2017-18 APR FC imugarura mu ikipe ya 2 yayo ari yo Intare FC, yayivuyemo muri 2019 ajya muri APR FC aho nayo muri 2020 yahise imutiza muri Marines ubu akaba yamaze gusinyira AS Kigali.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + 13 =

Previous Post

Gaby Kamanzi yasohoye indirimbo nshya yise ‘’Day By Day’’

Next Post

Mico Justin abaye umukinnyi wa mbere usinyiye Rayon Sports

Related Posts

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

Mu mupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda barabyinira ku rukoma

by radiotv10
18/05/2026
0

Umupira w’amaguru w’abari n’abategarugori urabyinira ku rukoma kubera amafaranga ari gushyirwamo, guhera ku bihembo amakipe ari gutsindira. Mu kiciro cya...

How to spend money wisely and build a better financial future

How to spend money wisely and build a better financial future

by radiotv10
07/05/2026
0

Most people think their future depends on how much money they will make one day. But in reality, your future...

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Next Post
Mico Justin abaye umukinnyi wa mbere usinyiye Rayon Sports

Mico Justin abaye umukinnyi wa mbere usinyiye Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.