Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

radiotv10by radiotv10
13/08/2021
in SIPORO
0
10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Rwanda's Muhadjiri Hakizimana (L) vies for the ball with Morocco's Naoufel Zerhouni (R) during the African Nations Championships (CHAN) football match between Morocco and Rwanda at Stade de la Reunification in Douala, Cameroon, on January 22, 2021. (Photo by Daniel BELOUMOU OLOMO / AFP) (Photo by DANIEL BELOUMOU OLOMO/AFP via Getty Images)

Share on FacebookShare on Twitter

Turi Kuwa Gatanu  w’itariki ya 13 Kanama 2021, ni umunsi wa 225 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 140 ngo uyu mwaka urangire, uyu ni  uwa Kane wa 33  kuva 2021 yatangira, iki turimo  ni icyumweru cya 33 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni umunsi mpuzamahanga w’abantu bakoresha ukuboko ku imoso.

Muri Repubulika ya Centrafrika barizihiza imyaka 60 ishize babonye ubwigenge.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Hakizimana Muhadjiri (1994)Yujuje imyaka 27 rutahizamu wa Police FC yagiyemo uyu mumwaka avuye muri AS Kigali n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Muhadjiri yanyuze mu makipe nka  Etincelles,  Kiyovu Sports, Mukura Victory, APR FC na Emirates fc yo muri Leta zunze ubumwe z’abarabu na As Kigali aherutsemo.

PNL: Musanze FC yatsindiwe mu rugo na AS Kigali mu mukino wa mbere (Amafoto  20) - Amizero

Hakizimana Muhadjiri aheruka muri AS Kigali basozanyije ku mwanya wa kabiri mbere yo kujya muri Police FC

Yinjiye mu ikipe y’igihugu Amavubi ku ya 03 Ugushyingo 2016, ahita anatsinda igitego mu mukino wo gushaka itike yo kuzakina igikombe cya Afrika cya 2017, u Rwanda rwanganyijemo na Ghana  1-1.

2.Benjani Mwaruwari ( 1978)Yujuje 43, uwahoze ari Rutahizamu Manchester City n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe.

Yanyuze mu makipe nka Jomo Cosmos, Grasshopper Club Zürich, Auxerre, Portsmouth, Sunderland, Blackburn Rovers, Chippa United na Bidvest Wits. Mu ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yabakiniye imikino 42 ayitsindira ibitego 10.

3.Riqui Puig (1999)Yujuje imyaka 22, umunya-Esipanye ukina hagati mu kibuga muri FC Barcelona.

4.Presnel Kimpembe (1995)

Presnel Kimpembe: “It means a lot to be able to have PSG youth products on  the pitch, it shows that there is soul in this club.” | Get French Football  News

Yujuje imyaka 26, myugariro w’umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, ukinira Paris Saint Germain yo mu Bufaransa akaba ari nayo yakuriyemo

Uyu musore yakiniye ikipe y’igihugu ya Kongo Kinshasa y’abatarengeje imyaka 20 umukino umwe yaje guhindura akinira u Bufaransa nabwo ahera mu batarengeje imyaka 20, akomereza mu ikipe y’igihugu nkuru amaze gukinira imikino icyenda akaba yari kumwe nayo batwara igikombe cy’isi cya 2018.

5.Lucas Moura (1992)Yujuje imyaka 29, umukinnyi w’umunya-Brazil ukina asatira aca ku mpande muri Tottenham n’ikipe y’igihugu ya Brazil.

How Lucas Moura found time for Brazilian fan during Tottenham stadium tour  | Shropshire Star

Yanyuze mu makipe nka São Paulo na Paris Saint-Germain ari nayo yavuyemo aza muri Tottenham▪️Mu ikipe y’igihugu ya Brazil amaze kuyikinira imikino 35 yayitsindiye ibitego bine, yatwaranye nayo igikombe mpuzamigabane cyo muri 2013.

6.Alan Shearer (1970)Yujuje imyaka 51,icyamamare muri shampiyona y’u Bwongereza, wahoze akina nka Rutahizamu wa Newcastle united n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza.

Yanyuze mu makipe nka Southampton, Blackburn Rovers na Newcastle United ari nayo yakoreyemo amateka anaciramo uduhigo tugiye dutandukanye, nko kuba ariwe umaze kuyitsindira ibitego byinshi 206, uyu mugabo kandi niwe umaze gutsinda ibitego byinshi muri shampiyona y’u Bwongereza (260) harimo penaliti 58, ni nawe watsinze ibitego bitatu mu mukino umwe inshuro nyinshi (11) muri shampiyona y’u Bwongereza.

Mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yabakiniye imikino 63 abatsindira ibitego 30.

Ibihe byingenzi uba udakwirengagiza

Ni Ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi

1948 : ikipe Y’igihugu ya Leta zunze ubumwe za Amerika y’umukino wa Basketball yisubije umudali wa zahabu Olempike nyuma yo gutsinda iy’u Bufaransa amanota 65-21, mu mikino Olempike yabereye i Londres mu Bwongereza.

1993 : Mu mujyi wa Stuttgart, mu Budage, hafunguwe imikino ngororamubiri y’isi yari igiye kuba ku nshuro ya kane.

The AP predicts a record year for Israel at the Olympics – J.

2004 : i Athènes mu Bugeleki hafunguwe ku mugaragaro imikino Olempike yari igiye gukinwa ku nshuro ya 28.

2008: Umunyamerika Michael Phelps yatwaye imidali itatu ya zahabu Olempike mu koga, mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa.

2016: Mo Farah, umwongereza usiganwa ku maguru yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kwirukanka metero ibihumbi bitanu n’ibihumbi 10 nk’uko yari yabigenje mu mikino Olempike yabereye yabereye i Londres, umunyakenya Paul Tanui yaje ku mwanya wa kabiri.

Olympic Japan 2021 | Games Competition

Mo Farah umukinnyi w’imikino ngororamubiri wubatse izina

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine − three =

Previous Post

#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania

Next Post

Bugesera: Umuhinzi yeza urutoki ariko umusaruro we akanga kuwugurisha ukaborera mu murima

Related Posts

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

by radiotv10
25/07/2025
0

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Mavubi, Nshuti Innocent, yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa ES Zarzis yo mu Cyiciro cya Mbere muri Tunisia. Nshuti...

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

Haravugwa akayabo k’ashobora gutangwa kuri Kapiteni wa APR wifuzwa n’ikipe ifite izina rikomeye

by radiotv10
24/07/2025
0

Claude Niyomugabo, myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC anabereye kapiteni, ari mu biganiro na Simba Sports Club yo muri...

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

Amakuru ategerejwe muri Rayon: Harerekanwa umukinnyi mushya

by radiotv10
24/07/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yitegura igaruka rya Shampiyona ndetse no kuzahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup, irerekana...

Cyera kabaye Kiyovu iratangira imyitozo, Haringingo na Amissi Cedrick baritezwe

Cyera kabaye Kiyovu iratangira imyitozo, Haringingo na Amissi Cedrick baritezwe

by radiotv10
23/07/2025
0

Umutoza mushya wa SC Kiyovu, Haringingo Francis Christian aratangiza imyitozo itegura umwaka w'imikino 2025-2026 kuri iyi kipe yahise ininjiza Amiss...

Hamenyekanye amakipe azwi ashobora gukina na APR nyuma yo kwipima n’ayo mu Rwanda

Hamenyekanye amakipe azwi ashobora gukina na APR nyuma yo kwipima n’ayo mu Rwanda

by radiotv10
23/07/2025
0

Ikipe ya APR FC ikomeje imyiteguro y'umwaka utaha w'imikino, aho mu makipe yifuza gukina na yo imikino ya gicuti harimo...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bugesera: Umuhinzi yeza urutoki ariko umusaruro we akanga kuwugurisha ukaborera mu murima

Bugesera: Umuhinzi yeza urutoki ariko umusaruro we akanga kuwugurisha ukaborera mu murima

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.