Friday, April 10, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

10 SPORTS: Michael Jordan yisubiyeho, Theo Hernández na Mark Schwarzer baravuka…ibyaranze uyu munsi mu mateka

radiotv10by radiotv10
06/10/2021
in Uncategorized
0
10 SPORTS: Michael Jordan yisubiyeho, Theo Hernández na Mark Schwarzer   baravuka…ibyaranze uyu munsi mu mateka

MILAN, ITALY - DECEMBER 23: Theo Hernandez of AC Milan celebrates after scoring their sides third goal during the Serie A match between AC Milan and SS Lazio at Stadio Giuseppe Meazza on December 23, 2020 in Milan, Italy. Sporting stadiums around Italy remain under strict restrictions due to the Coronavirus Pandemic as Government social distancing laws prohibit fans inside venues resulting in games being played behind closed doors. (Photo by Marco Luzzani/Getty Images)

Share on FacebookShare on Twitter

Nk’uko bizwi, amateka adufasha kumenya aho tuva, kugira ngo tumenye uko dutegura ejo hazaza, muri iyi nkuru tugaruka ku bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi.

Tumenye uyu munsi:

Uyu munsi ni kuwa Gatatu w’itariki ya 06 Ukwakira 2021, ni umunsi wa 280 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 86 ngo umwaka urangire, Turi ku wa Gatatu wa 40 kuva 2021 yatangira Turi mu cyumweru cya 41 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Theo Hernández (1997)

Theo Hernandez | Skills and Goals | Highlights - YouTube

Yujuje imyaka 24, umufaransa ukina aca ku mpande yugarira muri Milan AC n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa

Theo Bernard François Hernández Yanyuze mu makipe nka Atlético Madrid B, Alavés, Real Madrid, Real Sociedad na AC Milan akinira kugeza ubu.

Amaze gukinira ikipe z’igihugu z’u Bufaransa z’abakiri bato ikipe nkuru yubufaransa yatangiye kuyikinira uyu mwaka wa 2021 amaze kuyikinira umukino umwe.

2.Mark Schwarzer (1972)

Chelsea goalkeeper Mark Schwarzer reveals he never gave up on move to elite club - even after transfer to Arsenal fell through | The Independent | The Independent

Yujuje imyaka 49, umunya-Australia wahoze akina mu izamu rya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Australia.

Mark Schwarzer niwe munyezamu utari uwo mu bwami bw’u Bwongereza wabashije gukina imikino 500 muri Premier League,ni nawe mukinnyi ushaklje wagaragaye mu mikino yo gukuranamo ya Champions League, yanyuze mu makipe nka Middlesbrough, Bradford, Fulham, Chelsea, Leicester City n’ayandi. Mu ikipe y’igihugu ya Australia yayikiniye imikino 109

3.Ricardo Pereira (1993)

It's not done yet' - Liverpool have not won Premier League title yet, says Leicester City's Pereira | Goal.com

Yujuje imyaka 28,umunya-Portugal ukina nka myugariro uca ku ruhande rw’iburyo muri Leicester City n’ikipe y’igihugu ya Portugal.

Ricardo Domingos Barbosa Pereira, yanyuze mu makipe nka Vitória Guimarães, FC Porto, Nice na Leicester City akinira.

Mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kuyikinira imikino irindwi nta gitego arayitsindira.

4.Pizzi (1989)

Pizzi Benfica Europe Brace - SL Benfica

Amazina ye yose ni Luís Miguel Afonso Fernandes Yujuje imyaka 32, umukinnyi wo hagati w’umunya Portugal ukinira Benfica y’iwabo n’ikipe y’igihugu ya Portugal

Uyu musore yanyuze mu makipe atandukanye nka Atlético de Madrid, Deportivo La Coruña na Espanyol, mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kuyikinira imikino 17 yayitsindiye ibitego Bitatu, yari kumwe nayo batwara UEFA Nations League ya 2019.

Ni bande bakoze ubukwe ku munsi nk’uyu?

1977: George Foreman, igihangange mu iteramakofe ry’abafite ibiro byinshi yakoze ubukwe na Cynthia Lewis.

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

1969: Walter Hagen, Umunyamerika Kabuhariwe mu mukino wa Golf, yatwaye ibikombe bikomeye 11, birimo us open y’1914 n’iyi 1919,yitabye Imana azize cancer ku myaka 79.

NEW YORK: WALTER HAGEN

Ibihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino itandukanye ku isi:

1857: Ku nshuro ya mbere mu mateka, i New York habereye irushanwa rya chess ryari ryateguwe n’ishyirahamwe ry’uyu mukino muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ryaje kwegukanwa na Paul Morphy kuya 10 Ugushyingo.

2018: Australia yakoze amahindura akomeye muri Rugby ubwo yatsindaga ikipe y’igihugu ya Argentina amanota 45-34, nyuma y’uko igice cya mbere cyarangiye Australia itsinzwe  31-7.

2018: Khabib Nurmagomedov  yakubise umunya-Ireland Conor McGregor  ubwo bahataniraga ikamba mu iteramakofe ry’abafite ibiro bike.

2018 : Ikipe y’igihugu ya Nouvelle Zélande y’umukino wa Rugby yegukanye igikombe cya gatandatu kikurukiranya mu bikinirwa ku isi mu mukino wa Rugby nyuma yo gutsinda Afrika y’Epfo amanota 32-20, muri shampiyona y’isi ya Rugby.

47 000 spectateurs espérés pour Nouvelle-Zélande - Australie - L'Équipe

Tariki ya 6 Ukwakira 1993 Michael Jordan yavuze ko ahagaritse gukina Basketball muri NBA nyuma yurupfu wa se, gusa nyuma yaje kugaruka.

Michael Jordan's used underwear is up for auction | Marca

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

11 − 7 =

Previous Post

FC Barcelona irishyuzwa miliyoni 98 z’amayero ibereyemo amakipe yaguzemo abakinnyi

Next Post

SECOND DIVISION: Gicumbi FC na Etoile de l’Est zageze muri ½

Related Posts

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

Ubutumwa bwa Komiseri muri FPR-Inkotanyi bunenga abayobozi baranduye imyaka y’abaturage

by radiotv10
30/03/2026
0

Komiseri mu Muryango FPR-Inkotanyi, Habonimana Charles yanenze abayobozi bo mu Karere ka Nyarugenge baranduye ibishyimbo by’abaturage, avuga ko ibyemezo nk’ibi...

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

Ubujurure bwa Gasogi Utd bwatewe ubwatsi

by radiotv10
26/03/2026
0

Nyuma yuko Gasogi utd itewe mpaga y’ibitego 3-0 n’amande ya miliyoni 2 Frw nyuma yo kubura ku kibuga cya Stade...

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

Irebere amafoto y’ingenzi y’ibirori by’imbonekarimwe bya Basketball byitabiriwe na Perezida Kagame n’abandi banyacyubahiro n’ibyamamare

by radiotv10
17/02/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa NBA All-Star Game uhuza abakinnyi bakomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe...

Abapolisi b’u Rwanda bagiye kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bahawe impanuro

Abapolisi b’u Rwanda bagiye kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bahawe impanuro

by radiotv10
10/02/2026
0

Abapolisi 160 bitegura koherezwa mu butumwa bw'Umuryango w'Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, baganirijwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u...

Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

by radiotv10
27/01/2026
0

Umwarimu wo muri Kaminuza uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gusambanya abana b’abakobwa biga mu mashuri yisumbuye, hari...

IZIHERUKA

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe
IBYAMAMARE

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

by radiotv10
09/04/2026
0

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

09/04/2026
Ibyamenyekanye ku cyaha cyo kwangiza ikintu cy’undi kiri mu bishinjwa umunyamakuru DC Clément wafunzwe

Hatangajwe ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ku munyamakuru DC Clement

09/04/2026
AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

AMAKURU MASHYA: Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barimo abahawe irya CP

09/04/2026
Icyo basaba  nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

Icyo basaba nyuma yuko ishuri baturiye rikomeje kubateza umwanda ukabije

09/04/2026
U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

U Rwanda na Chad bateye intambwe nshya mu mibanire n’imikoranire

09/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
SECOND DIVISION: Gicumbi FC na Etoile de l’Est zageze muri ½

SECOND DIVISION: Gicumbi FC na Etoile de l’Est zageze muri ½

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

Hatangajwe ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ku munyamakuru DC Clement

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.