Saturday, January 24, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania

radiotv10by radiotv10
13/08/2021
in SIPORO
0
#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Uganda “Uganda Cranes” irateganya gukorera umwiherero mu gihugu cya Jordania na Ethiopia mbere yo kuzacakirana na Kenya tariki ya 2 Nzeri 2021 mu mukino ufungura iy’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

U Rwanda, Kenya Mali na Uganda bari mu itsinda rya gatanu (E) rizatangira imikino yaryo tariki ya 1 Nzeri 2021 ubwo u Rwanda ruzaba rwasuye Mali mu gihe tariki ya 2 Nzeri 2021 aribwo Kenya izaba iri kumwe na Uganda kuri Nyayo Stadium i Nairobi.

Kuri gahunda y’ikipe y’igihugu ya Uganda harimo ko tariki 21 Kanama 2021 aribwo abakinnyi n’abandi bari kumwe nayo bazahaguruka i Kampala igana muri Jordania aho izakinira imikino ibiri ya gicuti bazahuramo na Syria tariki 23 na 26 Kanama 2021.

Nyuma nibamara gukina imikino ibiri na Syria bazahita bajya muri Ethiopia bahakinire umukino wa gicuti n’iki gihugu mbere y’uko bazaba bagera i Nairobi tariki 31 Kanama 2021 bityo bazakine umukino tariki ya 2 Nzeri 2021.

Futaa.com Uganda

Ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes

Abakinnyi bakina imbere mu gihugu bahamagawe:

Abanyezamu:

Joel Mutakubwa (Express FC), Charles Lukwago (KCCA FC), Simon Tamale (Soltilo Bright Stars FC), Nafian Alionzi (URA FC)

Abugarira:

Enock Walusimbi (Express FC), Innocent Wafula (Mbarara City FC), Paul Willa (Vipers SC), Eric Ssenjobe (Police FC), Aziizi Kayondo (Vipers SC), Halid Lwaliwa (Vipers SC), Murushid Juuko (Express FC) Garvin Kizito Mugweri (SC Villa), Kenneth Ssemakula (SC Villa), Hassan Muhamood (Police FC), Denis Iguma (KCCA FC)

Abakina hagati:

Nicholas Kasozi (Kyetume FC), Bobosi Byaruhanga (Vipers SC), Muzamiru Mutyaba (Express FC), Shafik Kuchi Kagimu (URA FC), Ali Abubaker Gift (KCCA FC), Ibrahim Orit (Vipers SC), Milton Karisa (Vipers SC), Abdu Lumala (Pyramids FC)

Abakina imbere:

Richard Basangwa (Vipers SC), Steven Dese Mukwala (URA FC), Patrick Henry Kaddu (RS Berkene), Emmanuel Arnold Okwi (Unattached), Yunus Ssentamu (Vipers SC), Jude Ssemugabi (Mbarara City FC), Martin Kizza (Express FC)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 1 =

Previous Post

Nsengiyumva Thadée amaze amezi 9 arwariye mu rugo, yabuze ubushobozi bwo kwivuza n’ubwo afite mituweli

Next Post

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

by radiotv10
23/01/2026
0

Ikipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya...

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

by radiotv10
22/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo n'Imyidagaduro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yashyikirije igihembo cy’imodoka nshyashya yo mu bwoko bwa...

Hemejewe amakuru yavugwaga ku itandukana rya Rayon n’umutoza wungirije Haruna Ferouz

Hemejewe amakuru yavugwaga ku itandukana rya Rayon n’umutoza wungirije Haruna Ferouz

by radiotv10
22/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe ya Rayon Sports bwemeje ko bwatandukanye n'Umutoza Wungirije, Haruna Ferouz ku bwumvikane bw’impande zombi, nyuma yuko bivuzwe ko...

Perezida w’inzibacyuho wa Rayon yageneye ubutumwa aba-Rayon bihebye bagakura amaso ku Gikombe

Perezida w’inzibacyuho wa Rayon yageneye ubutumwa aba-Rayon bihebye bagakura amaso ku Gikombe

by radiotv10
21/01/2026
0

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah yahumurije abakunzi b’iyi kipe bamaze kwiheba ko batakiri mu makipe ahatanira igikombe cya...

IZIHERUKA

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika
AMAHANGA

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

by radiotv10
23/01/2026
0

Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026

Hatangajwe ingingo y’ingenzi igiye kuganirwaho hagati ya AFC/M23 Leta ya Congo

23/01/2026
Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

23/01/2026
Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

Hatangajwe icyazanye mu Rwanda intumwa z’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu karere

23/01/2026
Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

23/01/2026
Ibihugu 19 byinjiye mu Kanama gashya ku Isi kashinzwe na Perezida wa America

Ibihugu 19 byinjiye mu Kanama gashya ku Isi kashinzwe na Perezida wa America

23/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

Hatangajwe ingingo y’ingenzi igiye kuganirwaho hagati ya AFC/M23 Leta ya Congo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.