Sunday, January 25, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania

radiotv10by radiotv10
13/08/2021
in SIPORO
0
#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Uganda “Uganda Cranes” irateganya gukorera umwiherero mu gihugu cya Jordania na Ethiopia mbere yo kuzacakirana na Kenya tariki ya 2 Nzeri 2021 mu mukino ufungura iy’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

U Rwanda, Kenya Mali na Uganda bari mu itsinda rya gatanu (E) rizatangira imikino yaryo tariki ya 1 Nzeri 2021 ubwo u Rwanda ruzaba rwasuye Mali mu gihe tariki ya 2 Nzeri 2021 aribwo Kenya izaba iri kumwe na Uganda kuri Nyayo Stadium i Nairobi.

Kuri gahunda y’ikipe y’igihugu ya Uganda harimo ko tariki 21 Kanama 2021 aribwo abakinnyi n’abandi bari kumwe nayo bazahaguruka i Kampala igana muri Jordania aho izakinira imikino ibiri ya gicuti bazahuramo na Syria tariki 23 na 26 Kanama 2021.

Nyuma nibamara gukina imikino ibiri na Syria bazahita bajya muri Ethiopia bahakinire umukino wa gicuti n’iki gihugu mbere y’uko bazaba bagera i Nairobi tariki 31 Kanama 2021 bityo bazakine umukino tariki ya 2 Nzeri 2021.

Futaa.com Uganda

Ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes

Abakinnyi bakina imbere mu gihugu bahamagawe:

Abanyezamu:

Joel Mutakubwa (Express FC), Charles Lukwago (KCCA FC), Simon Tamale (Soltilo Bright Stars FC), Nafian Alionzi (URA FC)

Abugarira:

Enock Walusimbi (Express FC), Innocent Wafula (Mbarara City FC), Paul Willa (Vipers SC), Eric Ssenjobe (Police FC), Aziizi Kayondo (Vipers SC), Halid Lwaliwa (Vipers SC), Murushid Juuko (Express FC) Garvin Kizito Mugweri (SC Villa), Kenneth Ssemakula (SC Villa), Hassan Muhamood (Police FC), Denis Iguma (KCCA FC)

Abakina hagati:

Nicholas Kasozi (Kyetume FC), Bobosi Byaruhanga (Vipers SC), Muzamiru Mutyaba (Express FC), Shafik Kuchi Kagimu (URA FC), Ali Abubaker Gift (KCCA FC), Ibrahim Orit (Vipers SC), Milton Karisa (Vipers SC), Abdu Lumala (Pyramids FC)

Abakina imbere:

Richard Basangwa (Vipers SC), Steven Dese Mukwala (URA FC), Patrick Henry Kaddu (RS Berkene), Emmanuel Arnold Okwi (Unattached), Yunus Ssentamu (Vipers SC), Jude Ssemugabi (Mbarara City FC), Martin Kizza (Express FC)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − one =

Previous Post

Nsengiyumva Thadée amaze amezi 9 arwariye mu rugo, yabuze ubushobozi bwo kwivuza n’ubwo afite mituweli

Next Post

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

by radiotv10
25/01/2026
0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yerekeje amaso ku gikombe kiswe 'President Cup' mu mikino y'Igikombe cya Afurika, itangira itsinda...

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

Rayon yemeje ko yatandukanye na rutahizamu wabonwaga nk’ahazaza hayo

by radiotv10
23/01/2026
0

Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na rutahizamu w’Umunya-Mali, Adama Bagayogo, wari umwe mu bakinnyi bafatwaga nk’ahazaza ha Gikundiro, nyuma y’imyaka...

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

Ikipe iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Shampiyona y’u Rwanda yasinyishije abakinnyi bane barimo uw’izina rikomeye

by radiotv10
23/01/2026
0

Ikipe ya Police FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi bane, barimo Rudasingwa Prince na Nshimirimana Ismail Pitchou wanyuze mu makipe ya...

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

Irebere igihembo cy’akataraboneka cyashyikirijwe wa mufana wa Congo wabaye ikimenyabose

by radiotv10
22/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo n'Imyidagaduro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Didier Budimbu, yashyikirije igihembo cy’imodoka nshyashya yo mu bwoko bwa...

Hemejewe amakuru yavugwaga ku itandukana rya Rayon n’umutoza wungirije Haruna Ferouz

Hemejewe amakuru yavugwaga ku itandukana rya Rayon n’umutoza wungirije Haruna Ferouz

by radiotv10
22/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe ya Rayon Sports bwemeje ko bwatandukanye n'Umutoza Wungirije, Haruna Ferouz ku bwumvikane bw’impande zombi, nyuma yuko bivuzwe ko...

IZIHERUKA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa
MU RWANDA

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

by radiotv10
25/01/2026
0

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

25/01/2026
Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

25/01/2026
Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

Igikombe cya Afurika muri Handball: U Rwanda rwatangiye neza muri ‘President Cup’

25/01/2026
Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

24/01/2026
Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

24/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa ku biri kugarukwaho cyane by’umusore uba muri America wagongeye mugenzi we muri Kigali agapfa

Rusizi: Umugabo yishe umugore we amuziza gutiza isuka iwabo

Perezida Kagame yahaye inshingano Abasirikare bakuru babiri barimo uwagizwe Umupilote we

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.