Monday, August 11, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania

radiotv10by radiotv10
13/08/2021
in SIPORO
0
#2022FIFAWCQ: Uganda Cranes iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda izakorera umwiherero muri Jordania
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Uganda “Uganda Cranes” irateganya gukorera umwiherero mu gihugu cya Jordania na Ethiopia mbere yo kuzacakirana na Kenya tariki ya 2 Nzeri 2021 mu mukino ufungura iy’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu 2022.

U Rwanda, Kenya Mali na Uganda bari mu itsinda rya gatanu (E) rizatangira imikino yaryo tariki ya 1 Nzeri 2021 ubwo u Rwanda ruzaba rwasuye Mali mu gihe tariki ya 2 Nzeri 2021 aribwo Kenya izaba iri kumwe na Uganda kuri Nyayo Stadium i Nairobi.

Kuri gahunda y’ikipe y’igihugu ya Uganda harimo ko tariki 21 Kanama 2021 aribwo abakinnyi n’abandi bari kumwe nayo bazahaguruka i Kampala igana muri Jordania aho izakinira imikino ibiri ya gicuti bazahuramo na Syria tariki 23 na 26 Kanama 2021.

Nyuma nibamara gukina imikino ibiri na Syria bazahita bajya muri Ethiopia bahakinire umukino wa gicuti n’iki gihugu mbere y’uko bazaba bagera i Nairobi tariki 31 Kanama 2021 bityo bazakine umukino tariki ya 2 Nzeri 2021.

Futaa.com Uganda

Ikipe y’igihugu ya Uganda Cranes

Abakinnyi bakina imbere mu gihugu bahamagawe:

Abanyezamu:

Joel Mutakubwa (Express FC), Charles Lukwago (KCCA FC), Simon Tamale (Soltilo Bright Stars FC), Nafian Alionzi (URA FC)

Abugarira:

Enock Walusimbi (Express FC), Innocent Wafula (Mbarara City FC), Paul Willa (Vipers SC), Eric Ssenjobe (Police FC), Aziizi Kayondo (Vipers SC), Halid Lwaliwa (Vipers SC), Murushid Juuko (Express FC) Garvin Kizito Mugweri (SC Villa), Kenneth Ssemakula (SC Villa), Hassan Muhamood (Police FC), Denis Iguma (KCCA FC)

Abakina hagati:

Nicholas Kasozi (Kyetume FC), Bobosi Byaruhanga (Vipers SC), Muzamiru Mutyaba (Express FC), Shafik Kuchi Kagimu (URA FC), Ali Abubaker Gift (KCCA FC), Ibrahim Orit (Vipers SC), Milton Karisa (Vipers SC), Abdu Lumala (Pyramids FC)

Abakina imbere:

Richard Basangwa (Vipers SC), Steven Dese Mukwala (URA FC), Patrick Henry Kaddu (RS Berkene), Emmanuel Arnold Okwi (Unattached), Yunus Ssentamu (Vipers SC), Jude Ssemugabi (Mbarara City FC), Martin Kizza (Express FC)

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × 1 =

Previous Post

Nsengiyumva Thadée amaze amezi 9 arwariye mu rugo, yabuze ubushobozi bwo kwivuza n’ubwo afite mituweli

Next Post

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Related Posts

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

by radiotv10
08/08/2025
0

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib yongeye kwibutsa abakunzi b'iyi kipe ko badakwiye guterwa ubwoba na Rayon Sports mu mukino...

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

by radiotv10
07/08/2025
0

Umujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Ndemokarasi ya Congo, watoranyijwe kuzakira Inama y’inteko rusange isanzwe ya 47 y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira...

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

by radiotv10
07/08/2025
0

Jules Karangwa wigeze gukora umwuga w’itangazamakuru nk’umunyamakuru w’ibiganiro bya Siporo, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urwego rukurikirana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

by radiotv10
06/08/2025
0

Umutoza Mashami Vincent watozaga ikipe ya Police FC wanigeze gutoza Ikipe y’Igihugu Amavubi, yatangajwe nk’Umutoza Mukuru wa Dodoma Jiji FC...

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

by radiotv10
05/08/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro wayo Youssou Diagne umwenda w'amadollari 1500 (miliyoni 2 Frw) yari imufitiye, inamuhamagaza mu...

IZIHERUKA

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID
IMIBEREHO MYIZA

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

by radiotv10
10/08/2025
3

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

09/08/2025
Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

09/08/2025
The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

The revival of Imigongo: Modern artists redefining ancient craft

09/08/2025
Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

Algorithm Inc unveils revolutionary E-commerce platform ‘Ihute’

09/08/2025
Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

08/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

10 SPORTS: Hakizimana Muhadiri yaravutse, i Athènes byari ibyishimo Olempike….ibyaranze uyu munsi mu mateka

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

Menya ubwoko bw’imyitozo abasirikare ba RDF bungukiye mu myitozo bamazemo iminsi i Gako

Love in the digital age: How Rwandan youth are dating online

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.