Wednesday, September 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Pasiteri yatse abayoboke 740.000Frw ngo abaheshe ijuru

radiotv10by radiotv10
06/05/2022
in Uncategorized
0
Pasiteri yatse abayoboke 740.000Frw ngo abaheshe ijuru
Share on FacebookShare on Twitter

Umupasiteri wo mu itorero rya Christ High Commission Ministry ryo muri Leta ya Kaduna muri Nigeria, yahamagajwe na Polisi kugira ngo ajye gusobanura iby’amafaranga abarirwa muri 740USD [740.000Frw] yatse abayoboke ababwira ko azabaha uburenganzira bwo kujya mu ijuru.

Uyu mushumba w’Imana witwa Ade Noah Abraham, yatse abayoboke aya mafaranga ababwira ko yabitumywe n’Imana.

Polisi yo mu gace ka Ekiti, yemeje ko iherutse gutumiza Ade Noah Abraham kugira ngo abazwe ku byo ashinjwa n’abayoboke byo kubaka amafaranga abizeza kubajyana mu uijuru.

Uyu mupasiteri avugwaho kuba yarasabye abayoboke bo muri iritorero rya Christ High Commission Ministry kuva mu rusengero bakajya kuzana Ama-Nairas 310,000 [angana na 743 USD] ubundi bakayishyura kugira ngo bazabashe kujya mu ijuru ubwo Isi izaba irangiye.

Icyo gihe yasigaranye abayoboke 40 mu rusengero ruherereye ahitwa Araromi-Ugbesi muri Omuo-Oke, muri Leta ya Ekiti, kugira ngo babe bari mu muyiteguro yo kwakira Yezu/Yesu.

Bamwe mu bayoboke baratashye bagurisha ibyabo bizeye ko bagiye kwakira umwami Yesu mu gihe abandi bahise bajya kuzana abo mu miryango yabo ngo bajyane mu ijuru.

Umwe mu bakirisitu yagize ati “Twari twizeye ko Pasiteri azamanura Yesu mu ijuru ubundi akaza akagwa mu rusengero rwe akaza kwibanira n’abakirisitu ubuziraherezo.”

Uyu mupasiteri na we yiyemerera ko yabibwiye abayoboke b’idini rye, ati “Ni byo rwose nabasabye kwishyura N310,000, nabitangaje kuko nabonaga ko abakirisitu ukwizera kwabo kugeze ahabi.”

Yakomeje agira ati “Nabikoze kuko uburenganzira nabuhawe n’Imana yampamagaye ikansaba kubikorera abifuza kubana n’umukiza.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

Kuki ihagarikwa rya Bamporiki ryahagurukije imbaga?

Next Post

Wari uzi ko yigeze gufungwa yiga muri secondaire?… Bamporiki si ubwa mbere afunzwe

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

Iby’ingenzi wamenya ku yandi mavugurura agiye gukorwa mu burezi bw’u Rwanda
MU RWANDA

Imbogamizi za mbere zahise zigaragara mu mpinduka ziherutse gushyirwa mu burezi mu Rwanda

by radiotv10
17/09/2025
0

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

17/09/2025
Rwanda’s political readiness to host the World on two wheels

Rwanda’s political readiness to host the World on two wheels

17/09/2025
U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

U Rwanda rwongeye kubwira Isi uko rwafashe igitero Israel yagabye kuri Qatar

16/09/2025
Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

Impamvu ubutegetsi bwa Trump bwategetse ko ifoto igaragaza amateka y’ubucakara ivanwa aho yari iri

16/09/2025
Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

Amakuru mashya: Icyo amashuri yose yo muri Kigali asabwa mu cyumweru cy’irushanwa ry’Isi ry’amagare

16/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Wari uzi ko yigeze gufungwa yiga muri secondaire?… Bamporiki si ubwa mbere afunzwe

Wari uzi ko yigeze gufungwa yiga muri secondaire?… Bamporiki si ubwa mbere afunzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Imbogamizi za mbere zahise zigaragara mu mpinduka ziherutse gushyirwa mu burezi mu Rwanda

Hasobanuwe iby’indege nto y’Ingabo z’u Rwanda-RDF yakoze impanuka n’icyakurikiyeho

Rwanda’s political readiness to host the World on two wheels

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.