Tuesday, December 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara

radiotv10by radiotv10
11/06/2021
in Uncategorized
0
Ngororero: Abaturage ntibemeranya na meya uhakana ko batazonzwe n’inzara
Share on FacebookShare on Twitter

Hashize umwaka hari abaturage mu karere ka Ngorero batujwe mu mudugudu w’abatishoboye mu kagali ka Nyange umurerenge wa Ngororero .

Aba baturage baganira n’umunyamakuru wa RADIOTV10 bamubwiye ko inzara ibamereye nabi kuko batagira aho bakura icyo gufungura ,dore ko bagaragaza ko ntabutaka cg ibikorwa byabafasha mu mibereho bafite. Bakabishingiraho bavuga ko bakeneye ubutabazi.

Umwe muribo witwa Nyirahabimana Sipera avuga ko bishimira ko bahawe inzu, gusa ngo inzara ibamereye nabi.

Nyirabiza Beransira twasanze amaze n’iminsi arwaye avuga ko noneho byahumiye ku mirari kuko atakibasha no kwicira inshuro.

Yagize ati” Nk’ubu maze iminsi ndwaye kuko maze nk’ibyumweru nka bitatu ndwaye ntava mu nzu mbereye aho(ntacyo ndya) meze gutya”

Uyu mubyeyi avuga ko adaheruka kurya kuko n’umuturanyi uherutse kumuha amafaranga yo kugura ibijumba yabirumangiye aho, kuko nta mboga zo kubirisha yari afite.

Ubwo twabazaga uyuNyirabiza niba abaturanyi be ntacyo bamufasha, yasubizanije agahinda (yimyoza) avuga ko bamufasha rimwe na rimwe ariko bidashoboka ko bahora bamwishingira.

Umuyobozi w’akarere ka Ngororero NDAYAMBAJE Godefroid  yabwiye Radio10 na Tv10 ko nta nzara iri muri   Ngororero ku buryo umuturage yabura ibyo kurya, akavuga ko haba harabayeho amakosa mu mudugu gusa avuga ko bagiye kubikurikirana.

Yagize ati” Nkuko mwabibonye muri Ngororero ntabwo turi mu bihe by’inzara ku buryo ibyo kurya byabura, ariko iyo bibayeho umuturage akaba adashobora kubona ibyo kurya uruhare rw’abaturanyi be narwo ruba ari ngombwa mu kumenya uko mugenzi wabo yaramutse’’

NDAYAMBAJE Godefroid   avuga ko iki kibazo bagiye kugikurikirana gusa akanemeza ko ubusanzwe akarere kaba karagize inkunga kohereza ku mirenge iba igomba kwita kuri ku bantu bafite ibibabzo nk’ibyo.

Abatuye muri uyu mudugudu wa  Nyange bamwe bamazeyo umwaka umwe abandi bamaze amezi 6 kuko bahatujwe mu byiciro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

16 − 1 =

Previous Post

USA: Perezida Biden yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere ku mugabane w’u Burayi

Next Post

HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

Related Posts

Behind Every Success, There’s a Woman

Behind Every Success, There’s a Woman

by radiotv10
02/12/2025
0

In every great achievement, every celebrated milestone, and every story of resilience, there is often someone whose name is rarely...

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

Umugabo basanze amanitse mu mugozi yapfuye hari abakeka ibindi bitari ukwiyahura

by radiotv10
19/11/2025
0

Mu Kagari ka Mpare mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, hagaragaye umurambo w’umugabo w’imyaka 25 umanitse mu giti,...

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
04/11/2025
0

Ikipe ya Bugesera FC yahakanye amakuru yavugaga ko igiye gukina na Al Hilal, mu gihe iyi kipe yo yari yamaze...

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

IZIHERUKA

AFC/M23 yongeye gutanga impuruza ku marorerwa FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari gukorera Abanyamulenge
MU RWANDA

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

by radiotv10
15/12/2025
0

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

HUYE: Muri RP-IPRC Huye hatashywe ikibuga cya Basketball cyatanzweho arenga miliyoni 50

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.