• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Florent Ibengé ari muri Maroc aho ashobora guhabwa akazi ko gutoza RS Berkane

radiotv10by radiotv10
05/07/2021
in SIPORO
0
Florent Ibengé ari muri Maroc aho ashobora guhabwa akazi ko gutoza RS Berkane
Share on FacebookShare on Twitter

Nta gihindutse, Florent Ibengé uheruka wari umutoza wa AS Vita Club y’iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ashobora gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri RS Berkane yo muri Maroc.

Kuri iki Cyumweru, Ibengé yarebye umukino iyi kipe yakiriye ikanatsinda Olympic de Safi ibitego 3-0.  Florent wari umaze kubaka izina muri AS Vita Club, nyuma yo kubageza mu matsinda ya TOTAL CAF Confederation Cup 2020-2021 bakanasoza shampiyona y’uyu mwaka, bahise bahitamo gutandukana kugira ngo abe yajya gushakira ahandi.

Kuri iki Cyumweru rero nibwo Florent Ibengé yagaragaye kuri Berkane Stadium areba uko bari bahagaze bakina na Olympic de Safi.

Image

Florent Ibengé muri RS Berkane Stadium kuri iki Cyumweru

Florent Ibengé w’imyaka 59 yatoje AS Vita kuva mu 2014 ubwo yari avuye muri Shanghai Shenshua muri Bushinwa (2012). Kuva mu 2014 kugeza mu 2019, Florent Ibengé yatozaga AS Vita Club abifatanyije no gutoza ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) anayihesha igikombe cya TOTAL CHAN 2016 cyabereye mu Rwanda mbere y’uko mu 2021 ahabwa akazi ko gutoza ikipe yakinnye TOTAL CHAN 2021.

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − 10 =

Previous Post

Huye: 17 bafatiwe muri Resitora bikingiranye bayihinduye akabari barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Next Post

Ihere ijisho ubwiza bw’umukobwa Mico The Best yambitse impeta

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Ihere ijisho ubwiza bw’umukobwa Mico The Best yambitse impeta

Ihere ijisho ubwiza bw’umukobwa Mico The Best yambitse impeta

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.