Tuesday, October 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Miss Jolly yavuze ikintu gitunguranye ku bihwihwiswa ko atwite inda nkuru

radiotv10by radiotv10
09/03/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, UDUSHYA
2
Miss Jolly yavuze ikintu gitunguranye ku bihwihwiswa ko atwite inda nkuru
Share on FacebookShare on Twitter

“Umwana ni umugisha utegereranywa”-Miss Mutesi Jolly yagize icyo avuga ku nkuru zimaze iminsi zikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ko ashobora kuba atwite inda nkuru, zanatumye bamwe batangirira kumwoherereza ubutumwa bishimira iyo ntambwe nziza.

Izi nkuru zari zimaze iminsi zicicikana ku mbuga nkoranyambaga ndetse kimwe mu bitangazamakuru byandika ku myidagaduro mu Rwanda kikaba cyayanditseho.

Miss Jolly wagendeye ku nkuru y’iki kinyamakuru, yanyomoje aya makuru, avuga ko ari amapapirano (Fake news).

Akoresheje ifoto yo kwamagana aya makuru, Miss Jolly yagize ati “Kuri buri wese uri kunyoherereza ubutumwa bunshimira, ndagushimiye kuba unyifuriza ibyiza, umwana ni umugisha utagereranywa kandi nifuza kuzamugira igihe cyabyo nikigera kiri imbere. Gusa aya ni amakuru mahimbano.”

Miss Jolly yakomeje avuga ko abahimbye izi nkuru “bagamije kuzamukira ku izina ryanje bashaka kuzamura ayabo mu buryo bukennye.”

Izi nkuru zitwerera Miss Jolly ko atwite, zatangiye guhimbwa ubwo yashyiraga hanze amafoto yambaye ikanzu ndende y’ubururu, arimo imwe yari aryamye hasi, aho abayatanzeho ibitekerezo barimo n’abahise bazamura izo nkuru z’ibihuha.

Amafoto ya Miss Jolly yatanzweho ibitekerezo bitandukanye

RADIOTV10

Comments 2

  1. munezero pacifique says:
    3 years ago

    Njyewe ndumva gutwita ntakibazo kibirimo gusa niba bamubeshyera nabyo urumvako bashaka kumusiga isura itari nziza. Ubundi Miss jolly antera courage ni role model wanjye. Bishatse kuvugako yaba atwite cyangwa adatitwe I don,t care

    Reply
  2. Habimfura Theoneste says:
    3 years ago

    Sha irimo pe! Ndebeye kuri ano mafoto yambaye imyenda ya black

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − eleven =

Previous Post

Ikipe ikunzwe mu Rwanda ifashe icyemezo gitunguranye nyuma y’ibyayibayeho yafashe nk’agasuzuguro

Next Post

Ibyabaye kuri PSG ya Messi na Mbappe byatunguranye bishyira mu ihurizo ahazaza hayo

Related Posts

Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

Abahanzikazi bagezweho muri Gospel Nyarwanda Vestine&Dorcas buriye indege berecyeje hanze

by radiotv10
13/10/2025
0

Abahanzikazi Vestine na Dorcas basanzwe ari abavandimwe baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Nyagasani, buriye rutemikirere berecyeje muri Canada mu...

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bwa mbere bavuze uko ubuzima bumeze nyuma yuko umwe arushinze

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bwa mbere bavuze uko ubuzima bumeze nyuma yuko umwe arushinze

by radiotv10
13/10/2025
0

Abahanzi b’abavandimwe Dorcas na Vestine bazwi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, bavuze ko nyuma yuko umwe muri bo...

‘Bishop Gafaranga’ nyuma yo gufungurwa hari ubutumwa buvugwa afitiye abantu

‘Bishop Gafaranga’ nyuma yo gufungurwa hari ubutumwa buvugwa afitiye abantu

by radiotv10
11/10/2025
0

Umunyamakuru Julius William Niyitegeka uzwi nka Julius Chita, usanzwe ari inshuti ya Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga, wafunguywe nyuma...

The pressure to go out every Friday: Is staying home, okay?

The pressure to go out every Friday: Is staying home, okay?

by radiotv10
10/10/2025
0

In today’s social media age, Fridays have almost become a performance. As soon as the weekend hits, timelines fill with...

Why African parents struggle to understand “Influencer Jobs”

Why African parents struggle to understand “Influencer Jobs”

by radiotv10
10/10/2025
0

For many African parents, the idea of being an “influencer” sounds confusing, unserious, or even risky. To them, a job...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
FOOTBALL

Igisubizo AFC/M23 iha Tshisekedi wavuze ko hari ibyashoboka ari uko yishwe

by radiotv10
14/10/2025
0

Challenges women face when starting businesses in Rwanda

Challenges women face when starting businesses in Rwanda

14/10/2025
Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

14/10/2025
BREAKING: Rayon yahagaritse Umutoza Afhamia Lotfi itandukana burundu na myugariro wayo

BREAKING: Rayon yahagaritse Umutoza Afhamia Lotfi itandukana burundu na myugariro wayo

13/10/2025
Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

Amahirwe ku Banyarwanda bose bifuza kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda ku rwego rw’Abofisiye

13/10/2025
AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

AMAKURU MASHYA: Urujya n’uruza mu muhanda Kigali-Muhanga rwabangamiwe

13/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibyabaye kuri PSG ya Messi na Mbappe byatunguranye bishyira mu ihurizo ahazaza hayo

Ibyabaye kuri PSG ya Messi na Mbappe byatunguranye bishyira mu ihurizo ahazaza hayo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Igisubizo AFC/M23 iha Tshisekedi wavuze ko hari ibyashoboka ari uko yishwe

Challenges women face when starting businesses in Rwanda

Icyo basabira umuturanyi wabo uri mu buzima bubabaje burimo kuba ahahoze ubwiherero

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.