• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

IFOTO: Umunyarwenya uri mu bagezweho mu Rwanda yagaragaye mu modoka y’akataraboneka

radiotv10by radiotv10
27/05/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, SINEMA
0
IFOTO: Umunyarwenya uri mu bagezweho mu Rwanda yagaragaye mu modoka y’akataraboneka
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyarwenya Mugisha Emmanuel Clapton uzwi nka Kibonke usanzwe ari mu bakinnyi ba film bagezweho mu Rwanda, yashyize hanze ifoto ari mu modoka y’umuturika.

Byavuzwe ukuri ko nta mwuga udakiza iyo wakoranywe ubwitange n’urukundo ndetse n’intego, aho ubu mu ruganda rwo guhanga udushya mu Rwanda nka film, umuziki, urwenya ndetse n’indi yo mu buhanzi, ikomeje guteza imbere ababikora.

Mugisha Emmanuel Clapton uzwi nka Kibonke, azwi cyane mu gukina film, aho yamamaye mu yitwa Seburikoko, ari na yo akinamo yitwa iri zina rya Kibonke ryaje kumuhama.

Ubu kandi asigaye anagaragara muri film y’uruhererekane iri no mu mishinga ye, yitwa Umuturanyi, inakunzwe muri iki gihe.

Uyu mugabo unagaragara muri film zikoze nk’urwenya, ni umwe mu bahiriwe n’uruganda rwa sinema ndetse n’urwenya, kuko akuramo agatubutse.

Mugisha cyangwa Kibonge yagaragaye mu modoma nziza yo mu bwoko bwa Toyota Rav 4, dore ko amaze n’igihe kinini yitwara mu modoka ye.

Ni ifoto yashyize hanze ubwe ku mbuga nkoranyambaga, yifashishije ubwo yamamazaga ibikorwa by’imwe muri kompanyi asanzwe akorana na yo.

Kibonge mu modoka nziza

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − nineteen =

Previous Post

Banki ya Kigali ikomeje kuramburira amaboko abakiliya ubu yageze i Nyamata mu nyubako igezweho

Next Post

Ibyishimo byatashye mu ikipe ikomeye i Burayi uwari Umuyobozi wayo we biba agahinda

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Ibyishimo byatashye mu ikipe ikomeye i Burayi uwari Umuyobozi wayo we biba agahinda

Ibyishimo byatashye mu ikipe ikomeye i Burayi uwari Umuyobozi wayo we biba agahinda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.