Monday, August 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Afurika yatangiye urugendo rw’igikorwa gishobora kuzasiga yirahirwa ku Isi

radiotv10by radiotv10
16/06/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Afurika yatangiye urugendo rw’igikorwa gishobora kuzasiga yirahirwa ku Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu Bakuru b’Ibihugu byo ku Mugabane wa Afurika batangiye urugendo rwo guhuza Ibihugu by’u Burusiya na Ukraine bimaze igihe mu ntambara.

Kuri uyu wa Gatanu, Abakuru b’Ibihugu byo ku Mugabane wa Afurika barindwi, batangiye urugendo rujya muri Ukraine no mu Burusiya, mu rwego rwo kugerageza guhosha no kurangiza intambara u Burusiya bwatangije muri Ukraine.

Amashusho yacishijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekanye abarimo Prezida Cyril Ramaphosa wa Africa y’Epfo, Macky Sall wa Senegal, Azali Assoumani w’ibirwa bya Coromos, bari muri gariyamoshi muri Pologne bivugwa ko yari yerekeje i Kyiv muri Ukraine nkuko BBC yabitangaje.

Bari kumwe kandi n’intumwa zihagarariye za Prezida wa Congo-Brazzaville, na Misiri, n’intumwa yihariye ihagarariye Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda.

Iri tsinda biteganyijwe ko rihura na Perezida Volodymyr Zelensky, ku munsi w’ejo bakazahura na Perezida Vladimir Putin.

Ni igikorwa gikurikiwe no kuba Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin aherutse gutangaza ko yishimiye ubu bushake bwa Afurika bwo gushaka kugira uruhare mu guhosha iyi ntambara.

Assoumani TWAHIRWA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × 2 =

Previous Post

Umukobwa wanditse amateka mu guteka yasesekaweho n’inkuru nziza

Next Post

Ibihugu bizavamo izegukana kimwe mu Bikombe bikomeye i Burayi byamenyekanye

Related Posts

Amakuru agezweho mu biganiro by’i Doha hagati ya AFC/M23 na Leta ya Congo

Amakuru agezweho mu biganiro by’i Doha hagati ya AFC/M23 na Leta ya Congo

by radiotv10
18/08/2025
0

Guverinoma ya Qatar yatangaje ko yoherereje iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 umushinga w’amasezerano agomba gusinywa hagati y’impande...

Eng.-Updates on Doha talks between AFC/M23 and the DRC Government

Eng.-Updates on Doha talks between AFC/M23 and the DRC Government

by radiotv10
18/08/2025
0

The Government of Qatar has announced that it has sent to the Democratic Republic of Congo and to AFC/M23 a...

Haravugwa uruhande ruri gukoresha intwaro ziremereye mu mirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abayifasha

Haravugwa uruhande ruri gukoresha intwaro ziremereye mu mirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abayifasha

by radiotv10
18/08/2025
0

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rw’igisirikare cy’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abagifasha, bagabye ibitero bakoresheje intwaro ziremereye...

Iby’ingenzi byaranze guhura kwa Trump na Putin kwari guhanzwe amaso n’Isi yose

Iby’ingenzi byaranze guhura kwa Trump na Putin kwari guhanzwe amaso n’Isi yose

by radiotv10
16/08/2025
0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump yongeye kwandika amateka, ahura na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin...

Trump mbere yo guhura na Putin yagaragaje amakenga afite

Trump mbere yo guhura na Putin yagaragaje amakenga afite

by radiotv10
15/08/2025
0

Mbere yuko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump ahura na Vladmir Putin w’u Burusiya, yavuze ko afite...

IZIHERUKA

Umuhanzi Nyarwanda wigeze gusezerana n’uwari umukunzi we bagatanduna agiye gukora ubukwe
IBYAMAMARE

Umuhanzi Nyarwanda wigeze gusezerana n’uwari umukunzi we bagatanduna agiye gukora ubukwe

by radiotv10
18/08/2025
0

Uko mu rugo rw’umuturage hatahuwe inka zari zaribwe zirimo iyari imaze amezi umunani yarabuze

Uko mu rugo rw’umuturage hatahuwe inka zari zaribwe zirimo iyari imaze amezi umunani yarabuze

18/08/2025
Amakuru agezweho mu biganiro by’i Doha hagati ya AFC/M23 na Leta ya Congo

Amakuru agezweho mu biganiro by’i Doha hagati ya AFC/M23 na Leta ya Congo

18/08/2025
Eng.-Updates on Doha talks between AFC/M23 and the DRC Government

Eng.-Updates on Doha talks between AFC/M23 and the DRC Government

18/08/2025
Haravugwa uruhande ruri gukoresha intwaro ziremereye mu mirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abayifasha

Haravugwa uruhande ruri gukoresha intwaro ziremereye mu mirwano ya AFC/M23 na FARDC n’abayifasha

18/08/2025
Hatangajwe itariki yo gutangiriraho amashuri n’iyo gutangarizaho amanota y’ibizamini bya Leta

Hatangajwe itariki yo gutangiriraho amashuri n’iyo gutangarizaho amanota y’ibizamini bya Leta

18/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibihugu bizavamo izegukana kimwe mu Bikombe bikomeye i Burayi byamenyekanye

Ibihugu bizavamo izegukana kimwe mu Bikombe bikomeye i Burayi byamenyekanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umuhanzi Nyarwanda wigeze gusezerana n’uwari umukunzi we bagatanduna agiye gukora ubukwe

Uko mu rugo rw’umuturage hatahuwe inka zari zaribwe zirimo iyari imaze amezi umunani yarabuze

Amakuru agezweho mu biganiro by’i Doha hagati ya AFC/M23 na Leta ya Congo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.