Thursday, August 7, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania n’umukunzi we Olurotimi Akinosho uzwi nka Rotimi bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo, baritegura kwibaruka aho bagaragaje amafoto umugore akuriwe.

Vanessa Mdee umunyatanzaniyakazi w’icyamamare muri muzika n’umukunzi we Rotimi ukoma mur Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamaze kwemeza ko bitegura kwibaruka mu minsi ya vuba.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Rotimi yahamije ko azashimishwa no kubona imfura y’aba bombi, umwana yagaragaje ko ari umuhungu.

”Impano ikomeye nahawe n’Imana, ndashima Yesu waduhisemo ni iby’agaciro gahebuje, turatengamaye. Wahinduye ubuzima bwanjye ndetse kugeza ubu dufite ikiduhuza ntakuka kizatuma dukuza umuto wacu. Ndakomeza gusengera umuhungu wacu azakurane umutima wawe, imyumvire n’umuhate ugira, ndakurindana n’umwana wacu mbaha buri kimwe mfite” Rotimi agaruka ku mukunzi we Mdee.

Image

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Ku ruhande rwa Vanessa Mdee we yanditse avuga ko muri iyi minsi ya nyuma yo gutwita ariko ububabare bwose aba acamo aribyo bimuha agaciro imbere ya Rotimi.

“Ibyacu ni byiza kuva ku munsi wa mbere, ibi byumweru bya nyuma byo gutwita ntabwo numva ububabare bukabije cyangwa ibindi bimenyetso biteye ubwoba. Ahubwo mba numva umwana antera utugeri ndetse bimwe mu biryo bikananira. Biba bigoye muri iyi minsi kuko umwana aba ategura kuvuka, ibyo byose nibyo bituma mpamya ko nkunzwe.” Mdee agaruka ku gutwika kwe no kwitegura kubyara.

Image

Vanessa Mdee avuga ko kuba atwite inda ya Rotimi

Vanessa w’imyaka 32 na Rotimi w’imyaka 33 bahuye bwa mbere mu mujyi wa New Orleans ahari habereye iserukiramuco rya “Essence Festival”, icyo gihe bari mu muhuro wa  nyuma y’ibirori (After party). Urukundo rw’aba bombi rwagihe ahabona tariki 30 Ukuboza 2020 ubwo Rotimi yambikaga impeta Vanessa Mdee.

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 1 =

Previous Post

Masud Juma Irambona ari mu Rwanda mu kazi ka Rayon Sports

Next Post

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Related Posts

Ibivugwa ku ijyanwa mu bitaro ry’umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel umugabo w’Umunyarwandakazi Teta bavuzweho gupfubirana

Ibivugwa ku ijyanwa mu bitaro ry’umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel umugabo w’Umunyarwandakazi Teta bavuzweho gupfubirana

by radiotv10
07/08/2025
0

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo usanzwe afitanye abana n’Umunyarwandakazi Teta Sandra bigeze kuvugwaho kugirana amakimbirane, yajyanywe mu...

Abahanzi b’amazina akomeye muri ‘Gospel Nyarwanda’ bagiye kumvikana mu ndirimbo imwe

Abahanzi b’amazina akomeye muri ‘Gospel Nyarwanda’ bagiye kumvikana mu ndirimbo imwe

by radiotv10
05/08/2025
0

Abahanzi Israel Mbonyi na Prosper Nkomezi bari mu bakomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, bagiye gushyira hanze indirimbo...

Umuhanzi ugezweho Kevin Kade arateguza abakunzi ba muzika agashya abahishiye

Umuhanzi ugezweho Kevin Kade arateguza abakunzi ba muzika agashya abahishiye

by radiotv10
05/08/2025
0

Umuhanzi Kevin Kade, yararikiye abakunzi be n’aba muzika nyarwanda kwitegura indirimbo nshya abafitiye yise ‘Nyanja’, yemeza ko izakundwa n’abatari bacye...

Amayobera ku ndwara yatumye umunyabigango ‘Yantare’ urinda The Ben ajyanwa kwa muganga

Amayobera ku ndwara yatumye umunyabigango ‘Yantare’ urinda The Ben ajyanwa kwa muganga

by radiotv10
04/08/2025
0

Umusore w’ibigango uzwi nka ‘Yantare’ ucungira umutekano umuhanzi The Ben, yajyanywe kwa muganga mu ijoro ubwo uyu bari bavuye mu...

Ubutumwa bw’agahinda bw’umunyamakuru Mike Karangwa nyuma yo gupfusha umwana

Ubutumwa bw’agahinda bw’umunyamakuru Mike Karangwa nyuma yo gupfusha umwana

by radiotv10
04/08/2025
0

Umunyamakuru Mike Karangwa yagaragaje agahinda akomeje guterwa n’urupfu rw’umwana we w’ubuheta uherutse kwitaba Imana, anakomeza abandi babyeyi bagize ibyago nk’ibi...

IZIHERUKA

Eng.-More details announced about the conspiracy by FARDC and FDLR against Banyamulenge
AMAHANGA

Eng.-More details announced about the conspiracy by FARDC and FDLR against Banyamulenge

by radiotv10
07/08/2025
0

Abakekwaho urupfu rw’uwamaze icyumweru yarabuze barimo uwo yari agiye kwishyuza ibiceri 600Frw

Abakekwaho urupfu rw’uwamaze icyumweru yarabuze barimo uwo yari agiye kwishyuza ibiceri 600Frw

07/08/2025
Hatangajwe amakuru arambuye ku mugambi mubisha FARDC na FDLR bafitiye Abanyamulenge

Hatangajwe amakuru arambuye ku mugambi mubisha FARDC na FDLR bafitiye Abanyamulenge

07/08/2025
Ibivugwa ku ijyanwa mu bitaro ry’umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel umugabo w’Umunyarwandakazi Teta bavuzweho gupfubirana

Ibivugwa ku ijyanwa mu bitaro ry’umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel umugabo w’Umunyarwandakazi Teta bavuzweho gupfubirana

07/08/2025
Umunyamakuru Aissa Cyiza yazamuwe mu ntera nyuma y’amezi atatu n’ubundi ahawe inshingano

Umunyamakuru Aissa Cyiza yazamuwe mu ntera nyuma y’amezi atatu n’ubundi ahawe inshingano

07/08/2025
Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

07/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-More details announced about the conspiracy by FARDC and FDLR against Banyamulenge

Abakekwaho urupfu rw’uwamaze icyumweru yarabuze barimo uwo yari agiye kwishyuza ibiceri 600Frw

Hatangajwe amakuru arambuye ku mugambi mubisha FARDC na FDLR bafitiye Abanyamulenge

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.