Wednesday, November 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

radiotv10by radiotv10
08/09/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi Vanessa Mdee ukomoka mu gihugu cya Tanzania n’umukunzi we Olurotimi Akinosho uzwi nka Rotimi bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo, baritegura kwibaruka aho bagaragaje amafoto umugore akuriwe.

Vanessa Mdee umunyatanzaniyakazi w’icyamamare muri muzika n’umukunzi we Rotimi ukoma mur Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bamaze kwemeza ko bitegura kwibaruka mu minsi ya vuba.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Rotimi yahamije ko azashimishwa no kubona imfura y’aba bombi, umwana yagaragaje ko ari umuhungu.

”Impano ikomeye nahawe n’Imana, ndashima Yesu waduhisemo ni iby’agaciro gahebuje, turatengamaye. Wahinduye ubuzima bwanjye ndetse kugeza ubu dufite ikiduhuza ntakuka kizatuma dukuza umuto wacu. Ndakomeza gusengera umuhungu wacu azakurane umutima wawe, imyumvire n’umuhate ugira, ndakurindana n’umwana wacu mbaha buri kimwe mfite” Rotimi agaruka ku mukunzi we Mdee.

Image

Vanessa Mdee na Rotimi baritegura kwibaruka

Ku ruhande rwa Vanessa Mdee we yanditse avuga ko muri iyi minsi ya nyuma yo gutwita ariko ububabare bwose aba acamo aribyo bimuha agaciro imbere ya Rotimi.

“Ibyacu ni byiza kuva ku munsi wa mbere, ibi byumweru bya nyuma byo gutwita ntabwo numva ububabare bukabije cyangwa ibindi bimenyetso biteye ubwoba. Ahubwo mba numva umwana antera utugeri ndetse bimwe mu biryo bikananira. Biba bigoye muri iyi minsi kuko umwana aba ategura kuvuka, ibyo byose nibyo bituma mpamya ko nkunzwe.” Mdee agaruka ku gutwika kwe no kwitegura kubyara.

Image

Vanessa Mdee avuga ko kuba atwite inda ya Rotimi

Vanessa w’imyaka 32 na Rotimi w’imyaka 33 bahuye bwa mbere mu mujyi wa New Orleans ahari habereye iserukiramuco rya “Essence Festival”, icyo gihe bari mu muhuro wa  nyuma y’ibirori (After party). Urukundo rw’aba bombi rwagihe ahabona tariki 30 Ukuboza 2020 ubwo Rotimi yambikaga impeta Vanessa Mdee.

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − three =

Previous Post

Masud Juma Irambona ari mu Rwanda mu kazi ka Rayon Sports

Next Post

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Related Posts

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

by radiotv10
04/11/2025
0

Alice Masinzo wahoze ari umunyamakuru kuri imwe muri radio zo mu Rwanda, yasangije abantu ibyishimo afite nyuma yo gusezerana n’umukunzi...

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Ishimwe Naomie wabaye Miss w’u Rwanda wa 2020, yavuze ko mu rugendo rwo kwandika igitabo cye cya mbere yise ‘More...

Umuhanzi wari uterezanyijwe amatsiko yageze mu Rwanda yaherukagamo mu myaka irenga 15

Umuhanzi wari uterezanyijwe amatsiko yageze mu Rwanda yaherukagamo mu myaka irenga 15

by radiotv10
04/11/2025
0

Umuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo wari utegerejwe mu Rwanda yaherukagamo mu myaka 17, yahasesekaye. Uyu...

Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda

Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda

by radiotv10
03/11/2025
0

Umuhanzi w’umuraperi Kivumbi King uri mu bagezweho mu Rwanda, amakuru aremeza ko yamaze kwinjira mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55...

Umuhanzi uzwi mu ndirimbo zakanyujijeho hambere mu Rwanda yitabye Imana

Umuhanzi uzwi mu ndirimbo zakanyujijeho hambere mu Rwanda yitabye Imana

by radiotv10
03/11/2025
0

Umuhanzi Ngabonziza Augustin waririmbye indirimbo ‘Ancila’ yo hambere iri mu zakunzwe na benshi mu Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi. Uyu...

IZIHERUKA

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana
MU RWANDA

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

by radiotv10
05/11/2025
0

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

05/11/2025
AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

04/11/2025
Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
DRC: Abashyigikiye Umunyapolitiki ufungiwe kubahuka Perezida bateguye imyigaragambyo

Uwari inkoramutima ya Tshisekedi wiyemeje kumurwanya yagarukanye imbaraga anatangaza umugambi adashobora kwihanganira

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Itsinda ry’abantu 44 barimo abakinnyi 27 nibo APR FC izaba ifite muri Djibouti

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.