Sunday, November 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

APR izacakirana n’ikipe y’igihangange mu karere mu irushanwa ryo muri Tanzania

radiotv10by radiotv10
20/12/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
APR izacakirana n’ikipe y’igihangange mu karere mu irushanwa ryo muri Tanzania
Share on FacebookShare on Twitter

Tombola y’uko amakipe azahura mu gikombe cya Mapinduzi Cup, yasize ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC yatumiwe muri iri rushanwa, imenye itsinda iherereyemo ririmo ikipe ya Simba SC iri no kwitwara neza muri CAF Champions League.

Iyi tombola yabaye kuri uyu wa Kabiri, mu gihe iri rushanwa rizatangira tariki 28 Ukuboza 2023 rigasozwa ku ya 13 Mutarama 2023.

Ni irushanwa ryari risanzwe rihuza amakipe yo muri Tanzania na Zanzibar, ariko iry’uyu mwaka rikaba ryaratumiwemo amakipe ya mbere mu karere, ari na ho APR FC yaboneye umwanya wo kuzaryitabira.

Itsinda B, ari na ryo ririmo APR FC, rinarimo Jamhuri, Singida Big Stars na Simba SC iri mu makipe akomeye mu karere, dore ko ejo yanitwaye neza ubwo hakinwaga umukino wa 1/4 muri CAF Champions League igatsinda Wydad Athletic Club yo muri Morocco, ibifashijwemo na Onana wakiniye Rayon Sports yo mu Rwanda.

APR FC yitegura kwitabira iki gikombe, yaranamaze gusubukura imyitozo yo kwitegura iri gukorera ku kibuga cyayo i Shyorongi Aho APR FC.

Ubuyobozi bwa APR FC, nyuma yo kumenya amakipe ari mu itsinda rimwe n’iyi, bwahise buvuga ko iyi kipe yambariye kuzirwara neza muri iri rushanwa.

Mu butumwa bwanyujijwe kuri X, APR FC yagize iti “Mapinduzi Cup yaje, kandi twiteguye guhangana mu itsinda B hamwe na Simba SC, Singida BS, na Jamhuri SC.

 

ANDI MATSINDA

  • Itsinda A: Azam FC, Mlandege, Chipukizi FC, URA
  • Itsinda C: Yanga SC, Bandari FC, KVZ & Vital’O’

Jean Claude KANYIZO
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × four =

Previous Post

Bwa mbere abagore muri RDF bagiye kwambara ‘ibirokoroko’: Mu bazamuwe harimo 7 b’igitsinagore

Next Post

BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

Related Posts

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

Umunyezamu Kwizera Olivier utaheruka kwambara umwambaro w’Amavubi yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu

by radiotv10
12/11/2025
0

Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 25 bagomba gutangira umwiherero, barimo umunyezamu Kwizera Olivier wanyuze mu makipe anyuranye mu Rwanda no...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

by radiotv10
11/11/2025
0

Aimable Nsabimana, myugariro w’ikipe ya Assabah Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Libiya, yavuze ko yigeze gutekereza kureka...

IZIHERUKA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi
AMAHANGA

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

by radiotv10
15/11/2025
0

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

15/11/2025
Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

15/11/2025
Rusizi: Ubuyobozi ntibwumva kimwe n’abahinzi b’umuceri ikibazo cyabateye kwiheba

Hatangajwe umuti uri kuvugutirwa ikibazo gikunze gutuma bamwe mu bahinzi barira ayo kwarika

15/11/2025
Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

Umushoramari Eugene Nyagahene nyiri Tele 10 unafite Hoteli ikomeye i Karongi agiye kuhakorera undi mushinga

14/11/2025
Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

14/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

BREAKING: RDF yungutse undi Mu-General Full usanzwe ari n’Umugaba Mukuru

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Haravugwa umugambi simusiga uri gutegurwa n’abarimo FARDC n’Igisirikare cy’u Burundi

Hatanzwe umuburo ku ndwara y’ibicurane iri kugaragara mu Rwanda

Leta yagaragarijwe ikititabwaho gishobora kuba gitera amakosa agaragara mu myubakire mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.