Saturday, July 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

radiotv10by radiotv10
12/07/2025
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu bo mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bizejwe n’umushoramari amasezerano yo guhinga urusenda mu bihe bitandukanye, anabanza kubagurira bagira ngo bagiye gukira, none ubu urwo bahinze rwumiye mu mirima, urundi ruri kwangirikira ku mbuga.

Aba baturage bo mu Kagari ka Kinzovu mu Murenge wa Kabarondo, biganjemo abo mu Gihuke, bavuga ko babwiwe guhinga urusenda na Dancile Mukandayisenga, umuguzi w’urusenda muri aka gace.

Bavuga ko bamwe muri yabafashije kubona umurama w’urusenda, ariko ntiyongeye kubagurira umusaruro.

Munyaneza Eric yagize ati “Yaje atubwira ko ahagarariye Ikigo kiri hariya i Nyamirama, Koperative y’urusenda mbaha umurima ndahinga, ariko ubu nagiye ndwihera abantu ku buntu nashyizemo imiti ariko nta n’inoti y’Igihumbi nasaruye.”

Undi witwa Anitha Niyoyita na we yagize ati “Bigeze ngo rurera (urusenda) wa wundi waruduhaye ntitwamenye uko byamugendekeye. Aha nasaruraga umufuka w’ibishyimbo none nahinzemo ibi ngibi. Uru rusenda ntacyo rumariye ubu ngubu.”

Dancille Mukandayisenga, utungwa agatoki n’aba bahinzi b’urusenda, avuga ko umusaruro yabanje kugurira aba baturage, wagize ikibazo kubera kurutwara ari rubisi.

Yagize ati “Umusaruro wa mbere twarawufashe mubisi ariko urusenda ruza kugiramo ikibazo cy’uburwayi cya Tarakinoze bawuzana nka 3/4 byose bikaba birarwaye.”

Akomeza agira ati “Noneho turababwira bongere bawanike bazawujonjore kuko twongeye kubakata ntabwo bayishimira bavuga ko turi kubiba, noneho bajonjoremo bya bindi bipfuye bazane umusaruro muzima tubagurire ku Kilo 1 700 urwumye, ni ko twavuganye.”

Amakuru avuga ko nyuma yuko umunyamakuru avugishije uyu mushoramari n’aba baturage, yahise ahamagara bamwe mu bahinzi abasaba kujinjora umusaruro wabo ubundi akawubagurira.

uga

Munyaneza Eric avuga ko uyu mushoramari yabatengushye
Anitha Niyoyita yavuze ko na we bitamushimishije
Bavuga ko hari n’urusenda rwumiye mu murima

Youssuf UBONABAGENDA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two + 2 =

Previous Post

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

Next Post

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Related Posts

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Every girl and woman who goes through the menstruation period knows the feeling, the shift in the body and the...

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu bakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, yohereza abandi mu...

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

by radiotv10
11/07/2025
0

The history of humanity is, in many ways, the history of domination of one group over another. Across centuries, these...

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

by radiotv10
11/07/2025
0

Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kazungu Denis wari wajuririye icyemezo yafatiwe cyo gufungwa burundu nyuma yo guhamywa ibyaha birimo...

BREAKING: Intumwa zirimo iz’u Rwanda, DRCongo, na America zahuriye ku meza y’ibiganiro i Doha

Eng.-Interior Ministers of Rwanda and DRC invited to Doha talks between Kinshasa and AFC/M23

by radiotv10
11/07/2025
0

The Minister of Interior of Rwanda and his counterpart from the Democratic Republic of Congo are in Doha, Qatar, for...

IZIHERUKA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period
MU RWANDA

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

by radiotv10
12/07/2025
0

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

12/07/2025
Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

12/07/2025
LIBERATION vs INDEPENDENCE:

LIBERATION vs INDEPENDENCE:

11/07/2025
Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

Abacamanza barenga 100 muri Congo bagiye kwigaragambiriza imbere ya Minisiteri

11/07/2025
Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

Amakuru agezweho: Ubujurire bwa Kazungu wahamijwe kwica abarenga 10 bwateshejwe agaciro

11/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Must-Know: Top menstrual hygiene habits for a safe and comfortable menstruation period

Perezida Kagame yirukanye abakozi b’Urwego rushinzwe Igorora barimo uwari mu buyobozi bwarwo

Kayonza: Umushoramari yabizeje ibitangaza bashora imari none bararira ayo kwarika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.