Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

radiotv10by radiotv10
16/09/2025
in AMAHANGA, UDUSHYA
0
Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyamerikakazi Aevin Dugas, ari mu byishimo nyuma yo kwandikwa mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi ‘Guinness World Records’, aho yagize umusatsi karemano w’abanyafurika (Afro) muremure amaranye imyaka 15 atogosha.

Uyu mugore wo muri Leta ya Louisiana muri USA, yashyizwe mu banyaduhigo kuri uyu wa 15 Nzeri, ku munsi mpuzamahanga wahariwe umusatsi karemano w’abanyafurika (Afro Day).

Yanditswe mu banyaduhigo kubera uyu musatsi atigeze akoraho na rimwe kuva mu mwaka wa 2010, akaba yanashimwe na Michelle De Leon, washinze World Afro Day.

Yagize ati “Twishimiye kuba Aevin Dugas yabaye umwe mu banditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo, kuko ni umuntu ufite umuhamagaro wo gukunda umusatsi wa Afro hair.”

Guca agahigo kuri Aevin Dugas yatangiye kubigeraho muri 2010 ubwo hafatwaga ibipimo byagaragazaga ko afite umusatsi w’uburebure wa santimetero 18,5 ndetse n’ubugari bwawo bwa santimetero 19,6.

Avuga kuri aka gahigo yaciye, Aevin Dugas yagize ati “Kwandikwa mu byanaduhigo ba Guinness World Records biratuma niyumvamo ko nzasiga amateka ku Isi, cyangwa navuga ko nzaba umunyagahigo mu bijyanye n’umusatsi muri iyi Si, ikintu kizahora cyibukwa igihe cyose, ntabwo binshimishije gusa, ahubwo biratuma nanasakaza ubutumwa bwo kuba abakobwa b’abirabura bagomba guterwa ishema n’umusatsi wabo.”

Ni mu gihe abakobwa n’abagore b’Abanyafurika bakunze kwitezaho imisatsi mikorano rimwe na rimwe iba yavuye ku y’abandi, aho uyu wateretse umusatsi w’Umunyafurika, avuga ko abakorwa b’Abanyafurikakazi bakwiye kumva ko umusatsi wabo uhagije.

Aevin Dugas yaciye agahigo
Arishimira ko agiye gusiga amateka

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two + 6 =

Previous Post

Hatangajwe intambwe ishimishije mu kugeza amashanyarazi ku Baturarwanda mu myaka 25 hanateguzwa ibyiza imbere

Next Post

Over 8,000 vehicles have been tested for harmful emissions in Rwanda

Related Posts

Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

by radiotv10
18/12/2025
0

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko abarwanyi baryo batangiye kuva mu mujyi wa Uvira nyuma yo kwemera kuwurekura ribisabwe n’ubuhuza bwa Leta...

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

by radiotv10
17/12/2025
0

Ihuriro AFC/M23 riravuga ko ryumva icyifuzo cy’abaturage bo muri Uvira bagaragaje ko badashaka ko rirekura uyu mujyi, ariko ko ari...

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

by radiotv10
17/12/2025
0

An updated list of additional countries whose citizens are prohibited from entering the United States has been made public. According...

Hasohotse urutonde rw’ibindi Bihugu byakomanyirijwe ko ababikomoka batemerewe kujya muri America

Hasohotse urutonde rw’ibindi Bihugu byakomanyirijwe ko ababikomoka batemerewe kujya muri America

by radiotv10
17/12/2025
0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongereye ibindi Bihugu birindwi ku rutonde rw’ibihugu abaturage babyo batemerewe kwinjira...

Eng.-Message from AFC/M23 to residents of Uvira who expressed opposition to its withdrawal

Eng.-Message from AFC/M23 to residents of Uvira who expressed opposition to its withdrawal

by radiotv10
17/12/2025
0

The AFC/M23 coalition says it understands the wishes of residents of the city of Uvira who have expressed that they...

IZIHERUKA

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4
IBYAMAMARE

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

Who are eligible to work from home in Kigali, and how is it transforming the City?

18/12/2025
Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Over 8,000 vehicles have been tested for harmful emissions in Rwanda

Over 8,000 vehicles have been tested for harmful emissions in Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Byinshi utari uzi ku muhanzi Israel Mbonyi ugeze kure ategura Icyambu Season 4

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.