Saturday, November 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umunyamakuru Rutura wa Kiss FM yasezeye bishengura Isheja Sandrine

radiotv10by radiotv10
24/12/2021
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Umunyamakuru Rutura wa Kiss FM yasezeye bishengura Isheja Sandrine
Share on FacebookShare on Twitter

Arthur Nkusi uzwi nka Rutura umaze imyaka 10 mu itangazamakuru akaba yakoreraga Kiss FM, yatangaje ko abaye asezeye uyu mwuga.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zaba Twitter na Instagramm yavuze ko kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Ukuboza ari umunsi we wa nyuma kuri Kiss FM.

Yagize ati “Sinigeze ntekereza ko umunsi nk’uyu nzabasangiza aya makuru, ejo tariki 24 Ukuboza uzaba ari umunsi wanjye wa nyuma kuri Kiss FM.”

Yakomeje agira ati “Mbaye mfashe ikiruhuko kuri radio. Imyaka 10 yari iy’agatangaza.”

Iri sezera ryagiye rigarukwaho na bamwe barimo Isheja Sandrine bakoranaga ikiganiro kuri Kiss FM gikunzwe na benshi.

Sandrine Isheja, na we mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati “Byari iby’agatangaa! Warakoze kuri buri kimwe. Imana ihe umugisha urugendo rwawe rushya.”

Yakomeje agaragaza agahinda atewe no kuba batazongera gukorana, ati “Ubu koko ninde uzongera kunserereza Tuzagukumbura Fooo.”

Gusa Sandrine yavuze ko nubwo bazakumbura Rutura kuri radio ariko aho yerecyeje we bazakomeza kuba bari kumwe.

Arthur Nkusi asezeye kuri Kiss FM nyuma y’igihe gito akoze ubukwe n’Umunyamakurukazi Fiona Ntarindwa Muthoni.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 + 18 =

Previous Post

Nyanza: RIB yasanze umugabo yarahinze urumogi ayisobanurira ko ari umuti w’inka ze

Next Post

Ibaruwa itunguranye ya Rashid yatumye urubanza rwe rusubikwa

Related Posts

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

by radiotv10
01/11/2025
0

The nationwide identity verification and photo registration exercise for Rwanda’s new digital ID system began in Huye, Gisagara and Nyanza...

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

by radiotv10
01/11/2025
0

There’s a growing buzz and growing worry about internships in Rwanda that pay little or nothing. For many graduates, internships...

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

by radiotv10
01/11/2025
0

Umugabo w’imyaka 62 y’amavuko ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yafatiwe ku Biro by'Umurenge wa Rubengera mu Karere ka...

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

by radiotv10
01/11/2025
0

A 62-year-old man suspected of taking part in the 1994 Genocide against the Tutsi was arrested at the Rubengera Sector...

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

by radiotv10
31/10/2025
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Gen Júlio dos Santos Jane wasuye inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu mujyi wa wa...

IZIHERUKA

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda
AMAHANGA

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

by radiotv10
01/11/2025
0

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

01/11/2025
BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

01/11/2025
Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

Unpaid internships in Rwanda: Are young people being exploited?

01/11/2025
Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

01/11/2025
Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

31/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ibaruwa itunguranye ya Rashid yatumye urubanza rwe rusubikwa

Ibaruwa itunguranye ya Rashid yatumye urubanza rwe rusubikwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abayobozi ba AFC/M23 mu muhango wo guherekeza Musenyeri w’i Goma wanitabiriwe n’Umushumba wo mu Rwanda

Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

BREAKING: Ibyavuye mu matora ya Perezida muri Tanzania byatangajwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.