Monday, February 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Mu nkambi y’impunzi z’Abanyekongo i Burundi imibereho mibi n’ingaruka zayo byafashe urundi rwego

radiotv10by radiotv10
02/02/2026
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Mu nkambi y’impunzi z’Abanyekongo i Burundi imibereho mibi n’ingaruka zayo byafashe urundi rwego
Share on FacebookShare on Twitter

Imibereho mibi yibasiye impunzi z’Abanyekongo ziri mu nkambi ya Busuma mu Ntara ya Buhumuza mu Gihugu cy’u Burundi, ikomeje gutuma benshi batakaza ubuzima, aho hari umunsi umwe gusa hapfuye abagera kuri 22.

Izi mpunzi 22 z’Abanyekongo zatakaje ubuzima bwazo mu munsi umwe, ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, tariki ya 30 Mutarama 2026, nk’uko amakuru aturuka muri aka gace abivuga. Abenshi mu babuze ubuzima ni abana, abagore n’abageze mu zabukuru.

Aba bapfuye baje biyongera ku bandi bamaze kubura ubuzima bitrutse ku mibereho mibi, dore ko kuva iyi nkambi yafungurwa, impunzi 426 zapfiriye muri Busuma.

Izi mpunzi ziganjemo abakomoka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zugaruijwe n’ibibazo birimo kubura ibiryo, iamazi yo kunywa, kutagira ubuvuzi buhagije, n’isuku nke, ari na byo bitera impfu z’aba bantu

Umwe muri izi mpunzi y’Umunyekongo, yavuze adashaka ko izina rye ritangazwa, yavuze ku kibazo cy’ihungabana rikomeye.

Ati “Twaje hano kugira ngo dukize ubuzima bwacu, ariko uyu munsi turimo gupfa buhoro buhoro. Abana n’abageze mu zabukuru ni bo ba mbere bakomeje gupfa. Buri gitondo, tubyuka dufite impungenge ko hari umuturanyi waraye apfuye. Dushyingura abantu buri munsi.”

Izi mpunzi zahunze ibibazo by’umutekano byariho bigenda birushaho kuba bibi mu bice bitandukanye mu Ntara ya Kivu y’epfo, mu burasirazuba bwa DRC, nyuma y’imirwano yabaye mu kwezi k’Uuboza 2025 hagati ya AFC/M23 n’ingabo zacongo (FARDC), zifashijwe n’imitwe y’ingabo zishyigikiye Kinshasa, Wazalendo, ndetse n’ingabo z’u Burundi.

Imibereho y’izi mpunzi iteye impungenge
Habarwa benshi bakomeje gutakaza ubuzima

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

20 − eleven =

Previous Post

Ibyamenyekanye ku gikorwa cyatumye havugwa urukundo hagati y’ibyamamare Kim Kardashian na Lewis Hamilton

Related Posts

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

by radiotv10
02/02/2026
0

Ihuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka...

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Eng.-AFC/M23 reacts to Congolese government over exploitation of tragedy that killed over 200 people

by radiotv10
02/02/2026
0

The AFC/M23 coalition has said it is deeply saddened by the behavior of the government of the Democratic Republic of...

Eng.-AFC/M23 releases distressing footage of atrocities committed by opposing forces

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku bikorwa by’ubugome byakozwe n’uruhande bahanganye

by radiotv10
30/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 riravuga ko uruhande bahangane rugizwe n’abarimo igisirikare cya DRC (FARDC) rwagabye ibitero bibiri byikurikiranya, birimo icya grenade yatewe...

Niger irashyira mu majwi Ibihugu birimo icy’i Burayi ku gitero cyagabwe ku kigo cy’Igisirikare

Niger irashyira mu majwi Ibihugu birimo icy’i Burayi ku gitero cyagabwe ku kigo cy’Igisirikare

by radiotv10
30/01/2026
0

Guverinoma ya Niger iyobowe n’igisirikare yatangaje ko ibihugu birimo u Bufaransa, Benin na Côte d’Ivoire bishinjwa kugira uruhare mu gutera...

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

by radiotv10
29/01/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran yatangaje ko ingabo z’igihugu ziteguye kwihutira gusubiza mu buryo bukomeye igitero icyo ari cyo cyose...

IZIHERUKA

Mu nkambi y’impunzi z’Abanyekongo i Burundi imibereho mibi n’ingaruka zayo byafashe urundi rwego
AMAHANGA

Mu nkambi y’impunzi z’Abanyekongo i Burundi imibereho mibi n’ingaruka zayo byafashe urundi rwego

by radiotv10
02/02/2026
0

Ibyamenyekanye ku gikorwa cyatumye havugwa urukundo hagati y’ibyamamare Kim Kardashian na Lewis Hamilton

Ibyamenyekanye ku gikorwa cyatumye havugwa urukundo hagati y’ibyamamare Kim Kardashian na Lewis Hamilton

02/02/2026
Byemejwe abanyamakuru babiri ba siporo bimukiye kuri radio nshya mu Rwanda

Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda

02/02/2026
Rusizi: Old mutual iravugwaho amananiza yatumye uwagonzwe n’imodoka yishingiye ahera ku kirago

Rusizi: Old mutual iravugwaho amananiza yatumye uwagonzwe n’imodoka yishingiye ahera ku kirago

02/02/2026
Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

Itangazo ry’akababaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

02/02/2026
Bizihije Umunsi w’Intwari bibukiranya ibisabwa kugira ngo umuntu agaragareho ibikorwa by’ubutwari

Bizihije Umunsi w’Intwari bibukiranya ibisabwa kugira ngo umuntu agaragareho ibikorwa by’ubutwari

02/02/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Mu nkambi y’impunzi z’Abanyekongo i Burundi imibereho mibi n’ingaruka zayo byafashe urundi rwego

Ibyamenyekanye ku gikorwa cyatumye havugwa urukundo hagati y’ibyamamare Kim Kardashian na Lewis Hamilton

Amakuru mashya ku munyamakuru wa Siporo uzwi mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.