Thursday, February 26, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa mu Burundi

radiotv10by radiotv10
26/02/2026
in AMAHANGA, IMIBEREHO
0
Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa mu Burundi
Share on FacebookShare on Twitter

Ikibazo cy’abarimu bava mu mwuga wabo mu Gihugu cy’u Burundi gikomeje gufata intera, aho mu mezi atandatu gusa, abarenga 1 800 bigishaga mu mashuri yisumbuye bateye umugongo ubwarimu.

Ibi byemejwe na na Minisitiri w’Uburezi mu Gihugu cy’u Burundi, François Havyarimana, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru cyari kigamije gusuzuma imyaka 14 y’ishyirwa mu bikorwa ry’uburezi bw’ibanze. Yavuze ko aba barimo barenga 1 800 bavuye mu kazi hagati ya Kanama 2025 na Mutarama 2026.

Muri aba bavuye mu kazi k’ubwarimu, abagera kuri 700 bivugwa ko bavuye bagiye gushaka akazi gahemba neza mu mahanga, bigaragaza ikibazo gikomeye kiri mu bakozi b’abarimu bahura n’imishahara igaragara nk’aho idahagije mu gihe izamuka ry’ibiciro ku masoko mu Burundi rikomeje gutumbagira.

Nanone kandi si abarimu bo mu mashuri yisumbuye, kuko kinavugwa ku bo mu mashuri makuru na za kaminuza, aho kuva muri 2020, abarimu 47 bafite impamyabumenyi z’ikirenga bavuye mu Gihugu cy’u Burundi cyangwa mu myanya yabo ya kaminuza bajya gukorera mu mahanga cyangwa mu bindi bigo, nk’uko Minisitiri yabitangaje.

François Havyarimana yavuze ko ari igihombo gikomeye, mu gihe Leta yari yafashe ingamba zo guhugura abarimu, none bakaba bakomeje kuva mu mwuga wabo.

François Havyarimana yagize ati “Ubu ni ubumenyi turi gutakaza nyuma yo gushora imari nyinshi mu mahugurwa yabo.”

Minisitiri yemera ko umushahara udahagije iri mu mpamvu nyamukuru zatumye habaho uku kureka akazi k’ubwarimu, gusa akanavuga ko haniyongeraho n’ikibazo cy’ubukungu bw’isi butifashe neza kuva hakwaduka icyorezo cya Covid-19, intambara yo muri Ukraine, n’ibindi bibazo mpuzamahanga byagabanyije ubukungu bw’Igihugu cy’u Burundi, bituma n’ibiciro by’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga bitumbagira.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

6 + thirteen =

Previous Post

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

Related Posts

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

by radiotv10
26/02/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryisubije tumwe mu duce two muri Teritwari ya Masisi, ryari...

Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

by radiotv10
26/02/2026
0

Benjamin Mbonimpa, Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro AFC/M23, yatangaje ko intwari zidapfa, ahubwo ko ziguma mu mitima ya benshi, ubutumwa buvuga ku...

Amakuru yamenyekanye ku gitero cyahitanye Willy Ngoma wa AFC/M23  n’ukuri ku byavuzwe kuri Gen.Makenga

Amakuru yamenyekanye ku gitero cyahitanye Willy Ngoma wa AFC/M23  n’ukuri ku byavuzwe kuri Gen.Makenga

by radiotv10
26/02/2026
0

Igitero cy’indege za drone cyahitanye Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Willy Ngoma, byamenyekanye ko cyishe abantu icyenda, gihusha Umugaba Mukuru w’aba...

Hamenyekanye Ibihugu bya mbere bya Afurika Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi agiye kugiriramo uruzinduko

Hamenyekanye Ibihugu bya mbere bya Afurika Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi agiye kugiriramo uruzinduko

by radiotv10
26/02/2026
0

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Leo XIV agiye kugirira uruzinduko mu Bihugu bine byo muri Afurika, ari na...

Tshisekedi mu Bufaransa agenzwa n’ibirimo umukandida wa Congo uzahatana na Louise Mushikiwabo

Tshisekedi mu Bufaransa agenzwa n’ibirimo umukandida wa Congo uzahatana na Louise Mushikiwabo

by radiotv10
26/02/2026
0

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yongeye kugirira uruzinduko mu Bufaransa, rugamije ingingo zirimo kuba iki Gihugu...

IZIHERUKA

Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa mu Burundi
AMAHANGA

Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa mu Burundi

by radiotv10
26/02/2026
0

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

26/02/2026
Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

26/02/2026
Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamenye amakuru azatuma hafatwa umugore wagaragaye akubita inshyi umugabo

Hemejwe ifatwa ry’umugore wagaragaye akubitira umugabo inshyi n’umugeri imbere y’abantu muri Kigali

26/02/2026
Amakuru yamenyekanye ku gitero cyahitanye Willy Ngoma wa AFC/M23  n’ukuri ku byavuzwe kuri Gen.Makenga

Amakuru yamenyekanye ku gitero cyahitanye Willy Ngoma wa AFC/M23  n’ukuri ku byavuzwe kuri Gen.Makenga

26/02/2026
Hamenyekanye Ibihugu bya mbere bya Afurika Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi agiye kugiriramo uruzinduko

Hamenyekanye Ibihugu bya mbere bya Afurika Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi agiye kugiriramo uruzinduko

26/02/2026
ADVERTISEMENT

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abarimu 1800 bamaze kuva mu kazi mu mezi atandatu gusa mu Burundi

Imirwano ikomeye yasize AFC/M23 yisubije ibice yari yambuwe na FARDC

Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.