• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Hishwe undi muyobozi wo hejuru muri Iran uherutse kugenera ubutumwa Trump

radiotv10by radiotv10
17/03/2026
in AMAHANGA, UMUTEKANO
0
Hishwe undi muyobozi wo hejuru muri Iran uherutse kugenera ubutumwa Trump
Share on FacebookShare on Twitter

Igisirikare cya Israel cyemeje ko kishe umuyobozi wo mu nzego zo hejuru muri Iran, uherutse gusaba Perezdia Donald Trumo ko “akwiye kwitonda cyangwa akazicwa”.

Ali Larijani wari umuyobozi w’Inama Nkuru y’Umutekano w’Igihugu muri Iran, yishwe nyuma y’iminsi mike agaragaye ari kumwe na Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Abbas Araghchi mu mihanda ya Tehran mu rugendo rwabaye ku wa Gatanu ubwo hizihizwaha umunsi uzwi nka pro-Palestinian Quds.

Ubwo yaganiraga na televiziyo, Larijani yagize ati “Ikibazo cya Trump ni uko atumva ko Igihugu cya Iran gifite ubunararibonye kandi gihamye.”

Larijani w’imyaka 67 yari umwe mu bayobozi 10 ba Repubulika ya Iran bari bashyiriweho miliyoni $10 na Leta Zunze Ubumwe za America ku wa Gatanu ku bazamwivugana.

Nanone kandi mu rindi tangazo ry’Igisirikare cya Israel, cyemeje ko kivuganye na Gen. Gholam Reza Soleimani, wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Revolutionary Guard’s all-volunteer Basij force, aho cyavuze ko yivuganywe “mu gitero cyari kimugambiriye muri Tehran.”

Iri tangazo rya IDF, rivuga ko “mu myigaragambyo yabaye mu Gihugu cya Iran byumwihariko mu bihe bya vuba, igisirikare cya Basij cyiyobowe na Soleimani, cyakoze ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu, guta muri yombi abaturage no gukoresha ingufu z’umurengera ku basivile bigaragambyaga.”

Itangazo ry’igisirikare cya Israel, rivuga ko “larijani n’Umugaba mukuru wa Basij bishwe mu mu ijoro ryakeye,” kandi ko bakurikiye [Ayatollah Ali] Khamenei, n’abandi bayobozi ngo bari bakuriye ibikorwa bibi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + 10 =

Previous Post

Intambara yo muri Congo mu isura nshya: Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukoresha intwaro zikomeye

Next Post

Hagaragaye ifoto ya Netanyahu atanga amabwiriza yo kwica abayobozi bakuru muri Iran

Related Posts

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

by radiotv10
01/06/2026
0

Konti ya Instagram y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za America (White House) yakoreshwaga ku buyobozi bwa Barack Obama,...

Next Post
Hagaragaye ifoto ya Netanyahu atanga amabwiriza yo kwica abayobozi bakuru muri Iran

Hagaragaye ifoto ya Netanyahu atanga amabwiriza yo kwica abayobozi bakuru muri Iran

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.