• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage

radiotv10by radiotv10
09/04/2026
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Mayor wa New York yizihije iminsi 100 ku buyobozi akora urugendo n’amaguru agenda asuhuzanya n’abaturage
Share on FacebookShare on Twitter

Umuyobozi w’Umujyi wa New York, Zohran Mamdani yizihije iminsi 100 ye ya mbere ku ari muri izi nshingano akora urugendo rurerure n’amaguu wa mile 6.2 (ibilometero 9.98), aho yagiye ahurira mu nzira n’abaturage abaramutsa, bakanafata amafoto ya selfie.

Ni urugendo yakoze avuye ku Cyicaro Gikuru y’Ibiror by’uyu Mujyi wa New York, ugana ku Nzu Ndangamurage ya Gracie.

Uyu muyobozi ubwo yarahiraga wasezeranyije abaturage kutazacarra mu biro, ahubwo ko azajya yegera abaturage, ubwo yari uru rugendo, yakiranywe ibyishimo n’abaturage b’i New York mu nzira, agaragaza ko ubuyobozi bwe bugamije kwiyoroshya.

Asubiramo amagambo y’umuraperi w’icyamamare Jadakiss, Mamdani yashimangiye ubutumwa bwe bwo “gukorera abaturage” ubwo yaganiraga n’abaturage ndetse no kwirebera imihanda y’umujyi.

Uru rugendo rusange rugaragaza uburyo bwe bwo “bwo kuba umuyobozi wa rubanda” yibanda ku gushaka ibisubizo by’ibibazo bikomeye by’umujyi.

Iminsi 100 ya mbere ya Mamdani yashimangiye gukorera mu mucyo, guha umwanya abaturage, no gukemura ibibazo bibugarije birimo iby’imiturire, ingendo, n’umutekano w’abaturage aho abaturage ba New York batuye.

Nubwo abaturage benshi bo bari bashishikajwe no kwifotozanya na Mayor wabo, uyu muyobozi Mamdani we yahisemo gukora uru rugendo agamije kwerekana ko ubuyobozi bushobora kuba ubwa rubanda kandi bushobora kwegerwa na buri wese ntacyo yikanga.

@nowthisimpact

Mayor Mamdani spent his 100th day chatting with New Yorkers while walking 6.2 miles from City Hall to Gracie Mansion, another campaign promise in action. He said at his inauguration he’d ‘be outside’ as Mayor, ‘because this is a government of New York, by New York, and for New York.’ (with @Zohran Mamdani)

♬ original sound – NowThis Impact – NowThis Impact

Abaturage bari ku nzira y’aho uyu muyobozi yagiye anyura, basangije amafoto n’amashusho kuri interineti, bashima ukwicisha bugufi k’uyu Muyobozi w’Umujyi, no kuvugana n’abaturage ba New York.

Ubuyobozi bwe Mamdani bwitezweho gukomeza gushyira imbere ubufatanye mu mihanda no guteza imbere politiki zishingiye ku baturage aho kuba iz’abayobozi.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

10 − 3 =

Previous Post

Hatangajwe ibyagaragajwe n’iperereza ry’ibanze ku munyamakuru DC Clement

Next Post

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

Related Posts

Amakuru yaramutse i Bukavu hagati ya M23 na Wazalendo

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

by radiotv10
02/06/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riravuga ko ritewe impungenge n’iyoherezwa ry’ingabo nyinshi n’intwaro za rutura...

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

by radiotv10
02/06/2026
0

Nyuma yuko Urukiko rwo muri Kenya ruhagaritse by'agateganyo ishyirwaho ry'ikigo kizajya gishyirwamo abakekwaho Ebola muri Kenya, urubyiruko rwo muri iki...

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

Umudepite uherutse gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda amaze iminsi 10 batazi irengero rye

by radiotv10
02/06/2026
0

Abo mu muryango w’Umudepite uherutse gutorwa muri Uganda watawe muri yombi n’Igisirikare kimufatiye ku rugo rwa Anita Annet Among, wahoze...

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

by radiotv10
01/06/2026
0

General Mutayomba wo mu mutwe wa FDLR, byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano yahuye AFC/M23 n’uyu mutwe ufatanya na FARDC,...

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

Uko byagenze ngo abantu babone ko Konti ya Instagram ya ‘White House’ yinjiriwe

by radiotv10
01/06/2026
0

Konti ya Instagram y’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe za America (White House) yakoreshwaga ku buyobozi bwa Barack Obama,...

Next Post
Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

Umuhanzi wakanyujijeho mu Rwanda Neg G yasuwe n’uwo bivugwa ko nawe ari umuhanzi apfira iwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.