Tuesday, April 21, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Umugore n’umusambane we bakurikiranyweho kwica nabi umugabo we nyuma yuko abavumbuye yabitanzeho amakuru arambuye

radiotv10by radiotv10
21/04/2026
in MU RWANDA, UBUTABERA
0
Umugore n’umusambane we bakurikiranyweho kwica nabi umugabo we nyuma yuko abavumbuye yabitanzeho amakuru arambuye
Share on FacebookShare on Twitter

Umugore wo mu Murenge wa Rurembo mu Karere ka Nyabihu, n’umugabo bavugwaho ubusambane, bakekwaho kwica umugabo w’uyu mugore bamukubise agafuni, nyuma yuko uwo mugabo yari yabavumbuye ko bamuca inyuma, bagacura umugambi wo kumwica ngo bajye basambana ntacyo bikanga.

Uyu mugoe ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu, afite imyaka 31 mu gihe umugabo we wishwe yai afite imyaka 34.

Iki cyaha gikukianwe kui uyu mugore n’umusambane we, cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 31 Werurwe 2026 mu Mumudugudu wa Cyogo, Akagari ka Kirimbogo, Umurenge wa Rurembo, mu Karere ka Nyabihu.

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda dukesha aya makuru, vuvuga ko kiriya cyaha cyabaye “ubwo uyu mugore yacungaga umugabo we asinziriya agahamagaraga umusambane we ngo aze amufashe kumwica.”

Ubushinjacyaha bugira buvuga ko “Mu ibazwa rye, uyu mugore avuga ko umugambi wo kumwica bawucuze nyuma y’uko umugabo we avumbuye ko afite undi mugabo basambana.”

Bukomeza bugira buti “Asobanura ko yagiye inama n’uwo musambane we ko bagomba kumwica kugira ngo bajye basambana ntacyo bikanga. Avuga ko mu kwica umugabo we, bamusanze mu nzu asinziriye, umusambane we agafata icyuma akakimutera munsi y’ugutwi, na we agafata agafuni akakamukubita mu gahanga agahita apfa.”

 

ICYO ITEGEKO RITEGANYA

Icyaha cy’ubwicanyi buturutse kubushake bakurikiranyweho, gitenywa kandi kigahanishwa ingingo ya 107 y’Itegeko n°68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.

Iyi ngingo ifite umutwe ugira iti “Ubwicanyi buturutse ku bushake n’uko buhanwa”, ivuga ko “Umuntu wica undi abishaka, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu.”

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 − 3 =

Previous Post

Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida wa Senegal

Next Post

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

Related Posts

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

by radiotv10
21/04/2026
0

Umukobwa uvuga ko akomoka mu Karere ka Ruhango, avuga ko yahuriye n’umusore ku mbuga nkoranyambaga akamwizeza kuzamushakira akazi mu Mujyi...

Car or House: Which should you buy first?

Car or House: Which should you buy first?

by radiotv10
21/04/2026
0

It’s one of those life questions that doesn’t come with a straight answer: should you buy a car first, or...

Should You Really Trust Health Advice from an AI Chatbot?

Should You Really Trust Health Advice from an AI Chatbot?

by radiotv10
21/04/2026
0

It’s becoming more common for people to ask AI chatbots about their health. Whether it’s a headache, diet advice, symptoms...

Nyamasheke: Gitifu na mudugudu ntibavuga rumwe ku mafaranga yakwa abaturage kugira ngo bahabwe serivisi

Nyamasheke: Gitifu na mudugudu ntibavuga rumwe ku mafaranga yakwa abaturage kugira ngo bahabwe serivisi

by radiotv10
20/04/2026
0

Mu gihe hari abaturage bo mu murenge wa Gihombo mu kagari ka Butare bikoma mudugudu ubasaba amafaranga kugira ngo abahe...

Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatulika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri

Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatulika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri

by radiotv10
20/04/2026
0

Kiliziya Gatulika mu Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi, aho atabarutse hatarashira amezi...

IZIHERUKA

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba
MU RWANDA

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

by radiotv10
21/04/2026
0

Umugore n’umusambane we bakurikiranyweho kwica nabi umugabo we nyuma yuko abavumbuye yabitanzeho amakuru arambuye

Umugore n’umusambane we bakurikiranyweho kwica nabi umugabo we nyuma yuko abavumbuye yabitanzeho amakuru arambuye

21/04/2026
Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida wa Senegal

Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida wa Senegal

21/04/2026
Sosiyete ya ‘Ethiopian Airlines’ yavuze impamvu yaguze izindi ndege nini esheshatu

Sosiyete ya ‘Ethiopian Airlines’ yavuze impamvu yaguze izindi ndege nini esheshatu

21/04/2026
Car or House: Which should you buy first?

Car or House: Which should you buy first?

21/04/2026
Should You Really Trust Health Advice from an AI Chatbot?

Should You Really Trust Health Advice from an AI Chatbot?

21/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Uko byagendekeye umukobwa waturutse mu Ntara yizejwe akazi n’umusore w’i Kigali akisange agirirwa nabi mu ishyamba

Umugore n’umusambane we bakurikiranyweho kwica nabi umugabo we nyuma yuko abavumbuye yabitanzeho amakuru arambuye

Louise Mushikiwabo yakiriwe na Perezida wa Senegal

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.