Tuesday, April 28, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA IMIBEREHO MYIZA

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

radiotv10by radiotv10
28/04/2026
in IMIBEREHO MYIZA, MU RWANDA
0
Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe
Share on FacebookShare on Twitter

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR cyagaragaje amazina 10 ya mbere yiswe abana bavutse umwaka ushize wa 2025, aho mu bakobwa, iriza ku isonga ari ‘Ineza’ ryiswe abana barenga 8 000, mu bahungu hakaza ‘Ishimwe’ na ryo ryiswe abarenga ibihumbi umunani.

Aya mazina yashyizwe hanze n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), ni amazina 10 y’Ikinyarwanda, bamwe bita amapagani yaje ku isonga yagiye yitwa abana bavutse umwaka ushize.

Mu cyiciro cy’abana b’abakobwa, izina riza ku mwanya wa mbere mu yiswe abana benshi, ni ‘Ineza’ ryahawe abana 8 216, ku mwanya wa kabiri haza izina ‘Ishimwe’ ryiswe abana 5 857.

Ku mwanya wa gatatu haza izina ‘Uwase’ ryiswe abana 5 449, ku mwanya wa kane hakaza izina ‘Irakoze’ ryiswe abana 3 079, naho ku mwanya wa gatanu hakaza izina ‘Igiraneza’ ryahawe abana 2 859.

Mu cyiciro cy’abahungu, izina riza ku mwanya wa mbere ryiswe abana benshi bavutse mu mwaka wa 2025, ni ‘Ishimwe’ ryiswe abana 4 407, ku mwanya wa kabiri hakaza izina ‘Iganze’ ryahawe abana 5 070.

Ku mwanya wa gatatu haza izina ‘Mugisha’ ryiswe abana 3 380, ku mwanya wa kane hakaza izina ‘Hirwa’ ryiswe abana 3 380, naho ku mwanya wa gatanu hakaza izina ‘Irakoze’ ryahawe abana 2 637.

Andi mazina atanu ya nyuma muri aya icumi ya mbere muri buri cyiciro murayasanga mu mbonerahamwe dukesha Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR.

Muri ibi byiciro byombi; icy’abahungu n’icy’abakobwa amazina menshi muri yo arahuye nubwo adahuje imyanya n’imibare, dore ko nk’amazina ‘Ineza’, ‘Ishimwe’, ‘Irakoze’, ‘Igiraneza’, ‘Iganze’, na ‘Iradukunga’ yose ari mu icumi ya mbere muri buri cyiciro.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three × one =

Previous Post

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

Next Post

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

Related Posts

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ko mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 3.800 Frw

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ko mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 3.800 Frw

by radiotv10
28/04/2026
0

Raporo ya 2025 y’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda RDB, igaragaza ko umwaka ushize mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 2.62...

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

by radiotv10
28/04/2026
0

Polisi y’u Rwanda iratangaza ko hari amafaranga yatawe n’umuntu mu muhanda wa Remera-Giporoso mu Karere ka Gasabo kandi ko yatoraguwe,...

Eng.-Investments in Rwanda recorded in 2025 reached USD 2.62 billion

Eng.-Investments in Rwanda recorded in 2025 reached USD 2.62 billion

by radiotv10
28/04/2026
0

The 2025 report by the Rwanda Development Board (RDB) shows that last year, Rwanda registered investments worth 2.62 billion USD...

Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

Akurikiranyweho gusambanya abakobwa yizezaga ibitangaza bahuriraga muri group ya WhatsApp yitwa ‘shaka umukunzi’

by radiotv10
28/04/2026
0

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwafunze uwitwa Jean d’Amour ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi, nyuma yuko babaga...

Why Most Young People Start Businesses and Why Many Fail

Why Most Young People Start Businesses and Why Many Fail

by radiotv10
28/04/2026
0

There’s a quiet shift happening among young people today, especially in places like Rwanda. More and more are choosing to...

IZIHERUKA

Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho
IBYAMAMARE

Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

by radiotv10
28/04/2026
0

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ko mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 3.800 Frw

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ko mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 3.800 Frw

28/04/2026
Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

28/04/2026
Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

Menya amazina 10 ya mbere yiswe abana benshi bavutse mu Rwanda mu mwaka umwe

28/04/2026
Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga

Polisi y’u Rwanda irarangisha amafaranga yabuze nyirayo

28/04/2026
Eng.-Investments in Rwanda recorded in 2025 reached USD 2.62 billion

Eng.-Investments in Rwanda recorded in 2025 reached USD 2.62 billion

28/04/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Perezida Ndayishimiye yashyize hanze ukuri ku by’uko abasirikare b’u Burundi bahanganye na M23

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umunyamakuru M. Irene yateguje ko agiye gukina filimi azahuriramo n’ubimenyereweho

AMAKURU MASHYA: Hatangajwe ko mu Rwanda handitswe ishoramari rya Miliyari 3.800 Frw

I Burundi haravugwa ubwoba bwatumye Perezida Ndayishimiye ategeka ko habaho kwimura intwaro i Bujumbura

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.